Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Sena nshya
19/10/2019 - 17:46
Abakekwaho gukorana na RNC baje kuburana bafite abunganizi
14/10/2019 - 22:26
Izindi mpunzi 123 zageze mu Rwanda ziturutse muri Libya
14/10/2019 - 22:12
Reba umukinnyi David Luiz wa Arsenal ubwo yageraga mu Rwanda
14/10/2019 - 21:57
Patoranking yataramiye abitabiriye Youth Connekt Africa 2019
10/10/2019 - 15:26
Bazabaho nk’abandi Banyarwanda - Kagame avuga ku mpunzi zo muri Libya
10/10/2019 - 14:28
Kwitabira Youth Connekt ni iby’agaciro kuri jye - Patoranking
10/10/2019 - 13:54
Ni irihe banga ryatumye Gakwaya yegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019 ?
8/10/2019 - 23:00
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo