Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Ibitaro bya Faisal byakoze imyitozo kuri EBOLA
8/10/2019 - 00:35
25 bakekwaho gukorana na RNC batangiye kuburanishwa
3/10/2019 - 08:11
Dore imyambarire y’Abanyarwanda bo hambere n’ibisobanuro byayo
30/09/2019 - 18:35
Patriots yakoze umutambagiro imurikira abafana bayo igikombe
29/09/2019 - 13:10
Imibiri yabonetse muri Rwezamenyo yashyinguwe mu cyubahiro
28/09/2019 - 11:24
Ibyo utabonye ku mukino w’igikombe wahuje PATRIOTS na REG BBC
27/09/2019 - 14:23
Nyakabanda: Hatahuwe icyobo kirimo imibiri isaga 200 y’abishwe muri Jenoside
25/09/2019 - 05:24
Umubiri we wuzuye ibikomere kubera iyicarubozo yakorewe muri Uganda
22/09/2019 - 10:48
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo