Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Urukerereza n’abana bo ku Nyundo baryohereje abitabiriye ICASA
3/12/2019 - 11:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye Umuganda usoza ukwezi kwa 11
1/12/2019 - 23:49
Byakunuka ufana Rayon ati: "Kiyovu ni ikiraro twambukiraho"
29/11/2019 - 19:35
Iyumvire uburyo Rayon Sports yakinanye imyenda yaguriwe n’ikipe bahanganye
29/11/2019 - 19:21
Ihere ijisho Ibitaro bishya by’Akarere ka Nyarugenge biri hafi kuzura
28/11/2019 - 22:49
Young Grace yamaze ku bise amasaha atanu mbere yo kwibaruka Diamante
28/11/2019 - 22:39
Bafite ubuhanga buhambaye mu gucuranga umuduri kandi birabatunze
28/11/2019 - 22:31
Reba uko intore ya mbere mu Rwanda ikomoka kwa Sentore ihamiriza
28/11/2019 - 22:11
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo