Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Perezida Kagame yaryohewe n’umuziki mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 21:44
Abakobwa b’i Kigali bemeje Ne-Yo mu gitaramo cyo #KwitaIzina
8/09/2019 - 17:18
Reba imibyinire idasanzwe ya Sherrie Silver mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 16:52
Reba uko umuhango wo #KwitaIzina19 abana b’ingagi 25 wagenze
7/09/2019 - 16:50
Baje kumfata muri V8 - Niringiyimana wakoze umuhanda
7/09/2019 - 16:31
Louis Baziga yishwe azira kwanga gukorana n’abanzi b’u Rwanda
5/09/2019 - 20:15
Gen. Kabarebe: Kayumba Nyamwasa ni urugero rwiza rw’umuhemu
5/09/2019 - 19:54
Gen. Kabarebe: Niba hari umuntu w’umuhemu ubaho, ni Kayumba Nyamwasa
5/09/2019 - 19:27
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo