Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Irebere ubuhanga buhanitse aba Banyarwanda bafite mu mukino wa Kung- Fu
20/09/2019 - 18:40
Perezida Kagame yaganiriye n’abahagarariye abacuruzi muri EAC
18/09/2019 - 11:46
Video:Ikiganiro n’abanyamakuru nyuma y’inama yahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda
16/09/2019 - 19:23
Video:Masamba ntajya yumva indirimbo ze iyo ari mu rugo
14/09/2019 - 13:31
Video: Meddy yasobanuye impamvu yakuwe ku rubyiniro atarangije kuririmba mu gitaramo cyo #KwitaIzina
12/09/2019 - 17:37
Scola wiyahuye yashyinguwe ku munsi wo gukumira impamvu zitera kwiyahura
10/09/2019 - 21:48
Ubuhamya bwa musaza wa Scolastique wiyahuye ku igorofa ryo kwa Makuza
10/09/2019 - 20:24
Kigali: Umukobwa wiyahuye yashyinguwe (Ubuhamya bwa Nyirasenge)
10/09/2019 - 20:08
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo