Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41Iziheruka

Impanuro za Perezida Kagame kuri 70 bazahagararira FPR mu matora y’abadepite
9/07/2018 - 08:49
Perezida Kagame yafunguye igice cyahariwe ubucuruzi mpuzamahanga muri Djibouti
6/07/2018 - 08:48
Perezida Kagame na Madamu batashye umudugudu wa Horezo
5/07/2018 - 08:46
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi biganjemo abagore mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
28/06/2018 - 08:20
U Rwanda rwamuritse ku mugaragaro uruganda ruteranya imodoka
27/06/2018 - 17:26
VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama y’Umuhora wa Ruguru yabaye ku nshuro ya 14 i Nairobi
27/06/2018 - 08:32
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo