Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Ubuhamya bwa Dr. Utumatwishima mu rugendo rwa Ndi Umunyarwanda
27/10/2019 - 16:55
Ndi Umunyarwanda ni icyomoro - Madame Jeannette Kagame
27/10/2019 - 16:44
Ntabwo Inkotanyi zateye u Rwanda - Maj. Gen Bayingana
27/10/2019 - 14:26
Perezida Kagame yongeye kuburira abashaka kurwanya u Rwanda
26/10/2019 - 15:34
Umuhanzi Awilo Longomba yageze mu Rwanda
23/10/2019 - 11:45
Perezida Kagame yatashye icyambu kizagabanya ikiguzi cy’ibitumizwa hanze
21/10/2019 - 23:01
Prof. Chrysologue yasekeje abantu mu matora ya Perezida wa Sena
19/10/2019 - 19:52
Perezida mushya wa Sena: Tuzihuta kandi tujyane n’igihe
19/10/2019 - 18:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo