Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Urukundo ni rwo musingi wa mbere wubaka urugo rugakomera - Madamu Jeannette Kagame
31/08/2025 - 16:48Iziheruka

ShaddyBoo yatunguye abitabiriye "Shyuha Auto Show" ubwo yinjiraga ari kuri moto
28/07/2019 - 00:09
#Kwibuka25: Ntigurirwa yakoze urugendo rwa 1,000km n’amaguru asakaza ubutumwa bw’amahoro mu Rwanda
25/07/2019 - 22:04
KNC yikomye abasifuzi ku mukino wazamuye Gasogi United mu cyiciro cya mbere
25/07/2019 - 21:44
Rubavu: Batambitse amabuye, umuhesha w’inkiko abura aho anyura
25/07/2019 - 13:32
EXPO 2019: Kiwnjira bisaba Mobile Money - Reba uko bikorwa
24/07/2019 - 16:12
Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
21/07/2019 - 14:10
Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
21/07/2019 - 14:04
Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda, Ahembwa Rwf30,000!
20/07/2019 - 12:31
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo