Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Urukundo ni rwo musingi wa mbere wubaka urugo rugakomera - Madamu Jeannette Kagame
31/08/2025 - 16:48Iziheruka

Aba basore berekanye udukoryo mu muhango wo gutaha Kigali Arena
14/08/2019 - 21:55
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Arena
12/08/2019 - 21:08
#Umuganura2019: Niba utarabonye utu dukoryo, wagize igihombo gikomeye
3/08/2019 - 15:56
Imipaka ihuza u Rwanda na DRC yafunguwe. Dore ibyishimo by’abaturage!
1/08/2019 - 22:32
Urukerereza rwashimishije abitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’Umuganura
31/07/2019 - 03:06
#Umuganura2019: Abaraperi batangaje basusurukije abantu karahava
31/07/2019 - 01:01
Abakuru ba Banki Nkuru z’ibihugu muri Afurika bateraniye mu Rwanda
31/07/2019 - 00:21
Kigali: Imodoka itwaye magendu yakoze impanuka ihunga Police
29/07/2019 - 18:32
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo