Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47Iziheruka

Ihere ijisho amarushanwa yo kurasa y’ingabo z’u Rwanda
22/02/2019 - 12:56
Dusabimana Emmanuel Luck Fire ’Michael Jackson’ wo mu Rwanda aratangaje pe
22/02/2019 - 12:34
Kuba umufotogarafe mwiza bisaba kuba utari umunebwe - MUZOGEYE Plaisir
22/02/2019 - 12:28
Intwaza Bagirinka yasabye urubyiruko kubakira ku byiza igihugu kimaze kugeraho
19/02/2019 - 15:48
Hejuru ndi muto hasi harataratse - Miss Gisabo
19/02/2019 - 15:40
Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18
Iyo ibiryo byakunaniye ugerageza byose - Ndimbati
6/02/2019 - 10:24
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo