Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Urukundo ni rwo musingi wa mbere wubaka urugo rugakomera - Madamu Jeannette Kagame
31/08/2025 - 16:48Iziheruka

Gen. Kabarebe: Niba hari umuntu w’umuhemu ubaho, ni Kayumba Nyamwasa
5/09/2019 - 19:27
Perezida Kagame yatashye ishuri ry’ubuvuzi ry’icyitegererezo
2/09/2019 - 23:41
Perezida Kagame yambitse Umudali w’Igihango Dr. Paul Farmer
1/09/2019 - 16:03
Basabye kwinjira mu gisirikare (RDF)//Perezida Kagame yarabibemereye
30/08/2019 - 09:22
Abaholandi n’Abayapani begukanye Rubavu Beach Volleyball
30/08/2019 - 09:17
Kaminuza y’Abadiventiste (AUCA) yujuje Ishuri ry’ubuvuzi // Itorero rigiye kwizihiza imyaka 100
24/08/2019 - 19:29
Abahanzi Ne-Yo na Meddy batumiwe mu birori byo #KwitaIzina19
20/08/2019 - 23:06
Diamond yarijije abakobwa b’i Kigali na bo bamukaragira umubyimba (Video)
18/08/2019 - 19:34
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo