Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47Iziheruka

Ibyiza byaranze urugendo mu ndege muri Parike ya Nyungwe (Video)
24/03/2019 - 11:20
Abarangije muri INES-Ruhengeri biyemeje kwihangira imirimo aho kuyisaba(Video)
16/03/2019 - 18:34
Comedy yanyubakiye izina, impesha akazi, ubu noneho nanjye ntanga akazi - NKUSI Arthur (RUTURA)
13/03/2019 - 13:38
Uko Perezida Kenyatta yakiriwe ku kibuga cy’indege cya Kigali (Video)
11/03/2019 - 11:18
Yifashishije ibimenyetso n’imibare, Perezida Kagame yavuze ku bibazo by’u Rwanda na Uganda
10/03/2019 - 09:39
Jye sindi indaya, nkora Business nziza kandi inyungukira - Shaddy Boo
8/03/2019 - 08:58
Ubundi umunyeshuri utatsinze yimuka ate? - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:15
Abantu bavuka Nyamagabe bibera i Kigali ndaza kubirukana mu mujyi baze hano - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:01
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo