Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yozafina yubakiwe inzu izamara imyaka 500, iyumvire ibyishimo afite
10/02/2020 - 22:56
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Lt Col Kagemana wari ushinzwe gusengera ingabo za CNRD ntarumva uburyo yageze mu Rwanda
3/02/2020 - 09:36
Reba uko umuhango wo kwibuka Intwari z’u Rwanda wagenze
2/02/2020 - 22:55
Iyumvire ibya Gen Mberabahizi wororeraga Ingurube muri Congo afite icyizere cyo kuzafata u Rwanda
2/02/2020 - 15:43
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo