Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
20/02/2020 - 10:01
NTIYICUZA: Kabayija uri mu bagabye igitero mu Kinigi kigahitana 14
19/02/2020 - 19:02
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
17/02/2020 - 12:00
Abayobozi basuzumwe Coronavirus mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Mwiherero
15/02/2020 - 22:00
Imyanzuro itandatu yafatiwe mu biganiro byahuje u Rwanda na Uganda
15/02/2020 - 21:38
Intumwa z’u Rwanda na Uganda zongeye guhurira i Kigali
15/02/2020 - 21:11
KNC yitandukanyije n’Ikipe ya Mukura yahoze afana, anavuga uburyo Gasogi izayifata ku gakanu
13/02/2020 - 19:40
Reba uko Kata na Kumite zikinwa mu mukino wa Karate
12/02/2020 - 16:33
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo