Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Nimero yange ni 0780510161

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza. Igitekerezo cyanyu ndagikunze cyo kuba mwakura hotel kunyenyeri 4 ikazamuka ikajya kuri 5. Gusa nange nashakaga akazi muri hotel ya golden tulip la parisse. Nize culnary art and hospitality 2020, mukarere ka Gasabo kukigo kitwa Esther’s aid, giherereye kacyiru. Nkaba narakoze internership muri Radisson Blue mubikoni gusa. Murakoze

Ashelle NISHIMWE yanditse ku itariki ya: 16-11-2021  →  Musubize

Murakoze cyane nanjye mwamfasha mukama akazi ndanguje senior six thanks 👍

Nasasira Dickson yanditse ku itariki ya: 25-10-2021  →  Musubize

Ndangije amashuri yisumbuye nange mumpaye akazi ako arikokose byanshimisha murakoze

Eric yanditse ku itariki ya: 24-10-2021  →  Musubize

Muraho najye nitwa Alias nkaba mfite A1 nkaba nariz tourism nkaba nz English and kiswahili my number 0786011798 murakoz

Hitimana rachel yanditse ku itariki ya: 10-10-2021  →  Musubize

Nifuzaga akazi ko muri hotel nkaba mfit Ao

Hitimana rachel yanditse ku itariki ya: 10-10-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa saidath, mpererye kicukiro,mfite 21yrs,nasoje secondary Ekk,nkab nabasabaga akazi, akarikokose. Nagakor cyane ako guserva, gusasa, nibindi byose nzi indimi, english,kiswahil,France ndageragez,na Arabic nzabasha,murakze mugih nkitegerej ibisubiz by any u,, tel;0788723594,,0787885714. Murakoze

Uwamahoro saidath yanditse ku itariki ya: 4-09-2021  →  Musubize

Mwaramutse nitwa nzabandora frank nanjye nifuza Akazi (mentenance plumbing and electrical) mfite A2 muri Electricien na A3 muri industry installation ntuye I Kigali my number phone 0788421295
Uburambe mukaziimyaka 6

Nzabandora frank yanditse ku itariki ya: 4-06-2021  →  Musubize

Muraho nitwa ndagijimana idirisa ndasaba akazikubushoferi fitegateguri B F nakoreye NVR murakoze ntuye nyagatare fitegateguri uburambe imyaka itanu 5

Ndagijimana idrisa yanditse ku itariki ya: 30-04-2021  →  Musubize

Muraho nitwandagijimana idrisa nkabansaba akazi kubushoferi nkabanarakoreye NVR imyaka 4 nkabantuye nyagatare fitegateguri B F
Tele 0788349178
Tele0786948409 murakoze

Ndagijimana idrisa yanditse ku itariki ya: 30-04-2021  →  Musubize

Muraho cyane nitwa immaculee mukanciyimihigo narangije secondary A2 nkaba narakoze muri nyungwe forest lodge house keeping &laundry imyaka 8 ubu nkaba nkora muri One & Only house keeping & laundry imyaka 3 muramutse mukeneye ko nakorana namwe ndahari mwambariza kurizi numero 0784194765 /0727247119 murakoze

Immaculee,mukanciyimihigo yanditse ku itariki ya: 31-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka