Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Mberenambere mbanje kuba suhuza,nishimiye ububuryo ,mukoresheje nange nize Telecommunicatio na electronics mumashuri yisumbuye ,nomuri kaminuza ,muramutse munkeneye ndahari ,nimero zange +250786958171/+250722185475/+250785185475,MB aye mbashimiye igi subizo cyanyu kiza Murakoze

Manzi yanditse ku itariki ya: 25-05-2020  →  Musubize

Nanjye nshaka akazi kandi nifatanya namwe mwiterambere ryigihugu.mperereye I muhanga 0789733434/0738127180

Alias yanditse ku itariki ya: 16-05-2020  →  Musubize

Niteguye gutanga umusanzu wajye munyemereye ngakorana namwe,nize culinary art.
Nmbr 0780613892

Shyaka Eric yanditse ku itariki ya: 12-03-2020  →  Musubize

Nishimiye iterambere ry’igihugu cyacu na karere kacu kabugesera nitwa Charlotte dukundane ndumunyeshuri mwishuri rikuru ryakaminuza ryiga ubukerarugendo(tourism)ndifuza kwifatanya namwe munzira yiterambere mugihugu cyacu. Murakoze!

Dukundane charlotte yanditse ku itariki ya: 7-03-2020  →  Musubize

Nanjye nishimiye gukorana namwe narangije s6 muri customers and tax operation 0784626450

Nyatanyi yanditse ku itariki ya: 27-02-2020  →  Musubize

Nanjye nishimiye gukorana namwe narangije s6 muri customers and tax operation

Nyatanyi yanditse ku itariki ya: 27-02-2020  →  Musubize

Munyemereye Nanjye tugakorana nabaha umusanzu wanjye wose murakoze I have A2 hotel operation my number 0780519470 murakoze

Muragijemariya florence yanditse ku itariki ya: 27-02-2020  →  Musubize

Hello Mubyukuri ibi bintu nibyiza cyane natwe mudufashije mwaduha akazi nize Ibijyanye na mahotel/hotel operation I have A2 mukampaye nakoresha imbaraga zanjye zose maze izina rya company rikagera hose Kubera service nziza murakoze

Muragijemariya florence yanditse ku itariki ya: 27-02-2020  →  Musubize

Ibi ni byiza Kandi natwe nkabana b’u Rawanda iri terambere ni iryacu ako kazi nanjye ndagashaka 0786603985

Ndagijimana Jean Marie Vianney yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

Ibi ni byiza Kandi natwe nkabana b’u Rawanda iri terambere ni iryacu ako kazi nanjye ndagashaka 0786603985

Ndagijimana Jean Marie Vianney yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

nomero yange ni 0780755009 ntuye nyamata mumujyi

niyokwizerwa elisa yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

nize ibijyanye na computer software development(sod)

niyokwizerwa elisa yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

Nanjye ndashaka akazi kandi nokwifatanya namwe mwiterambere ryigihugu. 0789733434/0738127180 ndi imuhanga

Alias yanditse ku itariki ya: 16-05-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka