Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Mbanje kubasuhuza amazina yanjye nitwa Akingeneye joselyne nkaba ntuye mumunjyi wa kigali arko kavukire ni kamonyi nkaba narize MPC nkaba pfite A0 nkabanshaka ko mwampa akazi mukaba mutazicuza impamvu mwakampaye murakoze mbaye ntegereje ibisubizo byanyu byiza imana ibarinde.

Akingeneye joselyne yanditse ku itariki ya: 13-07-2023  →  Musubize

Ndasaba akazi mu kigo mubereye umuyobozi ko muri Housekeeping. Nkaba mfite certificat ya WDA muri Housekeeping.murakoze

Uwineza Angelique yanditse ku itariki ya: 9-05-2023  →  Musubize

Muraho neza nkuko amazina agaragara hejuru nitwa Gloire Bertin nkabarasoje kwiga umwaka wamashuri yisumbuye 2019 mundimi n’ubuvanganzo aribyo kinyarwanda,kiswahili na Literature in English . nkaba nshaka akazi kogukora murihoteri mubereye abayobozi. Nishimiye uburyo mwakiriye unusable bwange murakoze : 0786702377

Gloire Bertin yanditse ku itariki ya: 22-04-2023  →  Musubize

Nitwa Rukundo Jean ntuye mu karere ka kirehe nkaba mfite A2 mu ndimi n’ubuvanganzo nize na ICT nkaba nifuza akazi.Murakoze
Nimero:0788458450

RUKUNDO Jean yanditse ku itariki ya: 6-04-2023  →  Musubize

Mwaramutse neza nitwa Rukundo Jean nize indimi n’ubuvanganzo nyuma niga na ICT nkaba nasabaga akazi Kandi mungiriye ikizere nakora nkuwikorera.murakoze
Nimero:0788458450

RUKUNDO Jean yanditse ku itariki ya: 6-04-2023  →  Musubize

Ndasaba akazi. Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 10-03-2023  →  Musubize

Hello ndasaba akazi tell0786205163 murakoze

Habumuremyi pascal yanditse ku itariki ya: 6-02-2023  →  Musubize

Nukuri muduhaye akazi imana yabagororera, umurava nubushake bwo kubaka izina ryiza nibyo byaturanga

Marcel Twizeyimana yanditse ku itariki ya: 3-01-2023  →  Musubize

Murahoneza banyakubahwa!

Narangije secondary school muri MPC(Math,physics and Computerscience) . mumfashije mukampa akazi ntimwazicuza impamvu mwakampaye.

Tel:+250788324717

MURAKOZE!

MANIRAKIZA Jean D’amour yanditse ku itariki ya: 25-12-2022  →  Musubize

Murahoneza banyakubahwa!

Narangije secondary school muri MPC(Math,physics and Computerscience) . mumfashije mukampa akazi ntimwazicuza impamvu mwakampaye.

Tel:+250788324717

MURAKOZE!

MANIRAKIZA Jean D’amour yanditse ku itariki ya: 25-12-2022  →  Musubize

Ndashaka kubakorera mu guserva 0783126861

Uwase buki jemimah yanditse ku itariki ya: 21-12-2022  →  Musubize

Hello am Annet i need your assistance for a job thank you 0781420159

mutesi Annet yanditse ku itariki ya: 9-12-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka