Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Mugire amahoroyimana nangenkabansaba akazikubushoferi narangije atandatu yisumbuye nkora umwaka umwe mwigarage nkoranakazikugutwara nkabamfite uruhushya rwogutwara rwa B mbayembashimiye kubwigisubizo cyanyukiza. number yange ikaba ari 0780620098/0728609938.

Niyigena jackso yanditse ku itariki ya: 30-10-2020  →  Musubize

Mbanjekubasuhuza mugire amahoroyimana nange narangije atandatuyisumbuye muri motor vehicle mechanics nkoranomwigaraje umwakumwe mfite na perme categor B nkabansaba akazikubushoferi kukonanabukozeho igihegito murakoze kubwigisubizocyanyukiza

Niyigena jackso yanditse ku itariki ya: 30-10-2020  →  Musubize

nanjye mumpaye akazi byashimisha cyane nomero yanjye ni 0788774711/0787877277 murakoze mugire akazi keza

kayitesi yanditse ku itariki ya: 13-10-2020  →  Musubize

Muraho neza nanjye ndashaka akazi nize Accounting muri secondary ubu ndikwiga Finance muri University number zanjye ni 0787097874/0725305331 Murakoze

Uwimaniduhaye Diane yanditse ku itariki ya: 5-09-2020  →  Musubize

Nize ibijyanye Ni ibarura Mari muri Kaminuza

Muri Secondaire niga HEG

Ndabishimiye .

Ngabonziza Innocent yanditse ku itariki ya: 15-08-2020  →  Musubize

najye mumaye akazi byashimisha n0:0785443968

ntawizerakundi danier yanditse ku itariki ya: 11-08-2020  →  Musubize

MURAKOZE NANGE NITEGUYE GUTANGA UMUSANZU WANGE NFITE A1 MURI INFORMATION MANAGEMENT AT THE END OF THIS YEAR I WILL HAVE AO ALSO IN INFORMATION MANAGEMENT

ALIAS KAYONGA yanditse ku itariki ya: 8-07-2020  →  Musubize

Nanjye munyemereye nabashimira nize ikoranabuhanga nasoje ayisumbuye mwampamagara kuriyi numero 0781256679 murakoze

Uwanyirigira Divine yanditse ku itariki ya: 11-06-2020  →  Musubize

Mbanje kubashimira kubwigikorwa cyanyu cyiza nasoje amashuri yisumbuye mwishami ry’ikoranabuhanga nanjye munyemereye nkafatanya namwe byababyiza kurushaho murakoze numero yanjye niyi 0781256679

Uwanyirigira Divine yanditse ku itariki ya: 11-06-2020  →  Musubize

Mbere nambere ndabashimira uburyo nkabana bu Rwanda Mudufasha mwitererambere ryacu.Narangije muri MEG Mumpaye akazi twafanya mwiterambere byaba ari byiza cyane.Nimero Zange(0788900902,0722689227)Turabashiye.

NAHIMANA Gervais yanditse ku itariki ya: 2-06-2020  →  Musubize

narangije s6 MURI MEG , kaminuza Ihuye muri UR muri development studies . byanezaza gukorana namwe . telephone :0786592685 _/ 0781705914

Solange yanditse ku itariki ya: 1-06-2020  →  Musubize

Mberenambere mbanje kuba suhuza,nishimiye ububuryo ,mukoresheje nange nize Telecommunicatio na electronics mumashuri yisumbuye ,nomuri kaminuza ,muramutse munkeneye ndahari ,nimero zange +250786958171/+250722185475/+250785185475,MB aye mbashimiye igi subizo cyanyu kiza Murakoze

Manzi yanditse ku itariki ya: 25-05-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka