Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Ubundi ibikorwa birivugira imvugo ibe ingiro nditegurye gukorana namwe neza nize A2 muri MCE NA A1 muri IT mukeneye umukozi ndahari 0788873118/0722220201

Ndahayo bonaventure yanditse ku itariki ya: 30-01-2020  →  Musubize

0780507237 niteguye gukorana name ngatanga umusanzu wa
nge

ngendahimans thierry yanditse ku itariki ya: 22-01-2020  →  Musubize

Abanyarwanda dufite amahirwe ko igihugu cyacu gikomeje gutera imbere, Kandi mungiriye ikizere ndifuza gukorana namwe. Nitwa Nshimiyimana Alexis mfite A2 muri Physics Chemistry Biology (PCB). Numero yanjye ni 0722446883. Murakoze

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 8-01-2020  →  Musubize

Abanyarwanda dufite amahirwe ko igihugu cyacu gikomeje gutera imbere, Kandi mungiriye ikizere ndifuza gukorana namwe. Nitwa Nshimiyimana Alexis mfite A2 muri Physics Chemistry Biology (PCB). Numero yanjye ni 0722446883. Murakoze

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 8-01-2020  →  Musubize

Mugeze kwiterambere ryiza cyne nanjye nifuza gukorana namwe narangije s6 ibijyanye na Accounting

Murakoze

Mbabazi Annet yanditse ku itariki ya: 4-01-2020  →  Musubize

Nifuza gukorana namwe narangije s6 ibijyanye na Accounting

Murakoze

Mbabazi Annet yanditse ku itariki ya: 4-01-2020  →  Musubize

I have finished my studies at s6 in Hotel operation i have A2 certificate i want a job thank you

nsengiyumva olivier yanditse ku itariki ya: 29-12-2019  →  Musubize

I have finished my studies at s6 in Hotel operation i have A2 certificate i want a job thank you

nsengiyumva olivier yanditse ku itariki ya: 29-12-2019  →  Musubize

A2=HEG
A0=BBM(Accounting)

NDIKUMANA Ernest yanditse ku itariki ya: 25-11-2019  →  Musubize

My name is Rosine I studied hotel operation I have certificate,I need a job thank u, 0787923567. 0782378477

Byukusenge rosine yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

Amazina yanjye ni irabaruta lambert, mfite A0 muri economics and literature ndi Umunyeshuri mubijyanye n’amategeko muri kaminuza ya unilak, mfite impamya bushobozi mubijyanye na food processing, ngize amahirwe yo gukorana namwe, twagera kuri byinshi byiza kandi kugihe. Murakoze

Irabaruta lambert yanditse ku itariki ya: 16-11-2019  →  Musubize

A0 EDUCATION SCIENCE.MATH COMP SCIENCE.NITEGUYE AKAZI KUGAKORA NEZA NTUYE NYAMATA MU MUGI 0782238778/0723005090

HAVUGIMANA CYPRIEN yanditse ku itariki ya: 9-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka