Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Turasaba akazi ko gucungumutungo cg secretary nuwundi myanya waba uhari mwatubwira dutegereje igisubizo cyanyu cyiza

Uwayesu strina yanditse ku itariki ya: 25-01-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze

Umurerwa yanditse ku itariki ya: 5-02-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze

Umurerwa yanditse ku itariki ya: 5-02-2024  →  Musubize

Ndashaka akazi ntize guteka.ndasoza

Sangamba renova yanditse ku itariki ya: 13-03-2024  →  Musubize

Pfite experience mungiriye içyizere nakora nkuwikorera

Twizeyimana Venuste yanditse ku itariki ya: 9-04-2024  →  Musubize

Mbandikiye ngirango mbasabe akazi ko secretary cg nakandi kabagahari akarikokose mwatubwira murakoze dutegereje igisubizo cyanyu

Uwayesu strina yanditse ku itariki ya: 25-01-2024  →  Musubize

Muraho neza nkaba nabasabaga gukora akazi k’amasuku kabaye gahari mwaduhamagara: 0783415149 murakoze.

Dusabe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 13-01-2024  →  Musubize

Muraho nezanasabaga akazi muri iyi hotel ibijyanye no guteka mbifitiye ubushobozi nimpamya bushobozi murakoze

Nyirandayisaba afissa yanditse ku itariki ya: 7-11-2023  →  Musubize

Nasabaga akazi ko gutwara imodoka kuri categories B gahari mwatubwira mwaba mukoze
Tell:078710660

Nitwa theogene mbonimana yanditse ku itariki ya: 25-10-2023  →  Musubize

Loundry karimo

Uwimana Donat yanditse ku itariki ya: 24-09-2023  →  Musubize

Muraho iyi hotel se Koko irigutanga akazi nubumenyi twicaranye nange akazi ndagakeneye muri housekeeping (loundry) .

Uwimana Donat yanditse ku itariki ya: 24-09-2023  →  Musubize

Mwiriwe, nitwa fanny twishiniye kuba mutuzaniye iyi hotel hafi yacu nkaba nasabaga akazi kamasuku mumfashije mukangirira ikizere mukampa akazi nagakora neza numero yange ni 0783374377. Murakoze.

Fanny Uwiduhaye yanditse ku itariki ya: 18-08-2023  →  Musubize

Nibyiz kuba mutang akazi

Nisingizwe yanditse ku itariki ya: 17-08-2023  →  Musubize

murako kuba iyihoteri gutangira gukora mange nkaba nifuzako mwama akazi nimero yange niyi 0791897435

Ishimwe fabrice yanditse ku itariki ya: 10-08-2023  →  Musubize

Murakoze cyane kuzana hoteli nziza gusa nange ndifuza gushyiraho umusanzu wange wo kubabera umukozi mwiza mungiriye ikizere mukampa akazi

Tuza Patrick yanditse ku itariki ya: 28-07-2023  →  Musubize

Murakoze cyane kuzana hoteli nziza gusa nange ndifuza gushyiraho umusanzu wange wo kubabera umukozi mwiza mungiriye ikizere mukampa akazi

Tuza Patrick yanditse ku itariki ya: 28-07-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka