Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Nabasabaga akazi muri hotel yanyu murakozi

Fils Ibyimanikora yanditse ku itariki ya: 8-12-2022  →  Musubize

Barangije mumwaka wa 2016 nkabamfite A2 mundimi nubuvanganzo nkabamvuka Mukarere ka Rwamagana nkaba nifuzaga akazi akarikokose muri hotel lapalisse Nyamata murakoze mbaye mbashimiye mugihe ngiketegereje igisubizo cyanyu

Ndayambaje samuel yanditse ku itariki ya: 21-11-2022  →  Musubize

Muraho neza,nitwa Ineza Genevieve
Pfite certificate v muri Accounting ndasaba akazi akariko kose muri Golden tulip la palisse.Murakoze

Tel:0785295809

Ineza Genevieve yanditse ku itariki ya: 18-11-2022  →  Musubize

Mwiriwe neza nishimiye kubana namwe nitwa mutuyimana ndasa akazi tell:0780297406 mumfashe ndagakeneye pe

Mutuyimana josepha yanditse ku itariki ya: 8-11-2022  →  Musubize

Nange ndasaba akazi muriyo hotel Ni xaverine murakoze tell :0789817681

Ni xavarine yanditse ku itariki ya: 8-11-2022  →  Musubize

Mwaramutse neza nitwa Rukundo Jean ntuye mu karere ka kirehe nkaba mfite A2 mu indimi n’ubuvanganzo nyuma nize na ICT nkaba nifuza akazi.murakoze
0788458450

RUKUNDO Jean yanditse ku itariki ya: 6-04-2023  →  Musubize

Hello

Igitekerezo cyanjye nuko nifuza akazi . Murakoze

Tel : 0788259250

X yanditse ku itariki ya: 6-11-2022  →  Musubize

Mwirewe neza nitwa Irakoze regis ntange nkaba nifuza akazi muri service murakoze!

Irakoze regis yanditse ku itariki ya: 5-11-2022  →  Musubize

Costumes service

Uwineza honorine yanditse ku itariki ya: 4-10-2022  →  Musubize

Good morning sir
I’m from Rubavu
I m hotel operation A2 and
I have 2 years of University
Hospitality industry
Especially I’m acook with experience ,and Work in different hotel in cauntry and outside of country like D.R.c I’m interested in grilled, Roasted,and other method
I’m interested in shawarma, sandwich,pizza, Burger,and other snacks, chicken cordombre,and other chicken recipe, different fish,cous cous, lasagna,tagriatel, breakfast preparation, different break,,,,,,,
I’m interested for work in your company thank you

Jean De Bonheur Murikir yanditse ku itariki ya: 30-09-2022  →  Musubize

Muraho neza murakoze nanjye nifuzaga akazi akarikokose nagakora nibahakirimo imyanya mwadufasha,nasoje s6 murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanyu cyiza bibaye bikunze mwampamagara kuri 0782553597

Amazina ni mutuyimana Marie goreth yanditse ku itariki ya: 26-09-2022  →  Musubize

Nifuza kubakoreta. Nfite esperiance mubyo guserva 0781852098

Daniel simon yanditse ku itariki ya: 15-09-2022  →  Musubize

Nifuzaga ko mwampamo akazi kuko niga tourism and hotel management muri kaminuza bityo rero nkaza zabakorera ntabatengushye,wenda akariko kose murakoze

Kayitesi mary yanditse ku itariki ya: 6-09-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka