Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 249 )

Muraho neza nitwa gentille ndifuza akazi ko gukora amasuku mumfashe peuh ndagakeneye. Murakoze 0790970681

Kubwayezu gentille yanditse ku itariki ya: 27-08-2022  →  Musubize

Nifuzaga akazi akarikokose nkaba narasoje s6 murakoze

Mugisha bosco yanditse ku itariki ya: 22-08-2022  →  Musubize

Nasabaga akazi Muri Hotel ya golden tulip la parisse. Nize Tourism and hospitality.

Murakoze.

Isimbi blandine yanditse ku itariki ya: 20-08-2022  →  Musubize

I just want to ask whether I can access any position of job in your campany especially I like too much what I do! And whatever the position available.
Like receptionist, serving, catering, guiding, controlling ect....
My contact +250782349340

Alias yanditse ku itariki ya: 18-06-2022  →  Musubize

Ndasaba akazi akarikokose murakoze
Tel:0780414474

ISHIMWE Kevin yanditse ku itariki ya: 17-06-2022  →  Musubize

Muraho neza amazina Ni Ishimwe Flora nkabanifuzagako mwampa akazi nkabambasezeranya ko tuzakorana neza nimungirira ikizere mfite impamya bushobozi ya A2 ndetse nanakoze na shortcourse mur Culinary Arts zingana na Amezi 6 muri Kigali international School kunkunga ya World bank kubufatanye na SDF mumfashije mwaba mukoze!! 🙏

Ishimwe flora yanditse ku itariki ya: 6-05-2022  →  Musubize

Twifuza kubasaba akazi

Gato Derrick yanditse ku itariki ya: 23-03-2022  →  Musubize

Murahoneza nitwa vestine mukamana nkaba nigizako nange mwampa akazi muri hotel yanyu nkaba mbasezeranyako nazababera umukozi w’indakemwa mumico no mumyifatire mugihe muzaba mwangiriye ikizere Murakoze mugire amahoro y’imana.

Vestine mukamana yanditse ku itariki ya: 4-03-2022  →  Musubize

Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!

Tumwine Emmy yanditse ku itariki ya: 30-12-2021  →  Musubize

Muraho neza nitwa Tumwine Emmy,ndasaba akazi muri hotel,mfite impamyabushobozi yo murwego rwa(Ao)mu education mfite experience muri management yabakozi, thanks you sir!

Tumwine Emmy yanditse ku itariki ya: 30-12-2021  →  Musubize

Nitwa Ngabonzima Isidor nize Hotel operation muri Lycee de Ruhango IKIREZI mfite impamya bumenyi A2 mumfashije mwa mpa Akazi Number 0781892831 murakoze

Ngabonzima Isidor yanditse ku itariki ya: 3-12-2021  →  Musubize

Nshaka akazi ko gukora amasuku muri hotel gusasa nibindi, ikindi nzi gutegura amafunguro atandukanye ntuye mumutara nyagatare tell:0780857908

Mujawimana mary yanditse ku itariki ya: 30-05-2022  →  Musubize

Mwiriwe neze nitwa divine nkaba nifuzaga akazi muri hotel yanyu ako mwama kose nagakora muarkoze

Uwizeyimana divibe yanditse ku itariki ya: 17-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka