MENYA UMWANDITSI

  • Menya ingaruka zo kudefiriza umwana

    Muri iyi minsi, hari ababyeyi benshi bahitamo gushyira imiti (produit) mu misatsi y’abana babo, kugira ngo inyerere, yorohe, isokoreke bitagoranye, hakaba n’ababyeyi bavuga ko iyo umwana afite imisatsi idefirije, ari bwo agaragara neza. Kigali Today yashatse kumenya niba kudefiriza umwana ari byiza cyangwa ari bibi, isura (…)



  • Umuntu wa kabiri yakize SIDA

    Umurwayi wiswe ‘London Patient’ yabaye uwa kabiri ukize SIDA, nyuma y’uko mu myaka 10 ishize, hatangajwe umuntu wa mbere wakize iyi ndwara ubusanzwe izwiho kudakira.



  • Abakoresha ibyambu byo mu karere babangamirwa n

    Abacuruzi b’Abanyarwanda babangamiwe na ruswa iri mu karere

    Abahagarariye urugaga rw’abikorera ku giti cyabo (PSF), bavuga ko imbogamizi zidashingiye ku misoro bahura na zo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, zibangamira iterambere ry’ubucuruzi bwambukiranya imipaka.



  • Ibi bimera bifite ibanga mu buvuzi gakondo

    Kigali Today yaganiriye n’umuganga witwa Rutangarwamaboko, igamije kubagezaho bimwe mu bimera bivura indwara zitandukanye cyangwa se byari bifite akandi kamaro mu mateka y’Abanyarwanda.



  • Dore zimwe mu mpamvu zatera uwatewe ikinya kudakanguka

    Hari byinshi abantu bibaza ku kinya gikoreshwa kwa muganga, icyo ari cyo, uko gikora, ibibazo gishobora gutera umuntu n’ibindi.



  • Menya impamvu kwayura byandura

    Bavuga ko umuntu runaka yayuye iyo, imikaya yo mu myanya mpumekero ye irambutse, bikarangwa n’uko umuntu yasama akinjiza umwuka mwinshi mu bihaha kandi atabiteguye, bigakorwa mu bice bitatu ari byo: kwinjiza umwuka mwinshi kandi bigafata igihe kirekire kiruta ibisanzwe, hagakurikiraho agahe gato umuntu asa nk’uretse (…)



  • Menya uwaguha amaraso mu gihe urembye kandi uyakeneye

    Guha amaraso umurwayi ni kimwe mu by’ingenzi mu kuramira ubuzima bwe igihe abaganga babonye ko ayakeneye, nyamara bigasaba ibizamini bitandukanye kugirango hagaragare ubwoko bw’amaraso umurwayi ari buhabwe.



  • Utu tumodoka ngo twitezweho guhangana n

    Mu 2025 Abanyarwanda bazatangira kugenda mu modoka zigendera ku migozi

    Mu mwaka wa 2025, Abanyarwanda n’abanyamahanga basura u Rwanda, bazatangira gukoresha utumodoka tugendera mu kirere hifashishijwe imigozi (cable cars), tuzaba tuboneka mu Mujyi wa Kigali icyo gihe, ibyo bikazakemura ikibazo cy’umubyigano w’imodoka.



  • Ni byiza gushyiraho uburyo buhoraho bwo guha abana amazi

    Umwana akenera kunywa amazi kurusha n’umuntu mukuru

    Abana bakenera kunywa amazi kurusha n’abantu bakuru, kuko bo imibiri yabo iba igikura, kandi ikeneye amazi ahagije.



  • Abahanga mu by

    Kunywa umuti gatatu ku munsi ntibivuze kuwunywa mu gitondo, saa sita na nijoro

    Hari abantu bazi ko iyo barwaye , muganga akabandikira umuti ugomba kunyobwa gatatu ku munsi, biba bivuze ko bagomba kuwunywa mu gitondo, saa sita na nijoro.



  • umusatsi ukenera kwitabwaho kugira ngo udacikagurika cyangwa ugapfuka

    Ibi ni bimwe mu byarinda umusatsi wawe gupfuka

    Hari abantu baba bari basanganywe imisatsi myiza, ibyibushye, ubona ko ifite ubuzima, nyuma y’igihe runaka, ukabona ya misatsi itangiye koroha bidasanzwe, ikajya ipfuka, uko umuntu asokoje akabona imisatsi myinshi yarandutse isigaye mu gisokozo.



  • Inzovu Mutware ni yo nzovu yari ikuze kurusha izindi mu Rwanda. Yapfuye umwaka ushize

    Wari uzi ko inzovu ishobora guhaka imyaka ibiri?

    Nubwo umuntu ari cyo kiremwa kirusha ubwenge ibindi, kikaba kibiyobora kikabiha n’umurongo, zimwe mu nyamaswa nazo zigira ibyo zirusha umuntu nko kuba nta nyamaswa yagambirira kwica ngenzi zayo ngo izimare nk’uko mu Rwanda byagenze mu 1994, kuba nta nyamaswa yarutisha indi bidahuje imimerere ngenzi yayo, n’ibindi.



  • Koza amenyo ni ingenzi ku buzima

    Wari uzi impamvu ari ngombwa koza amenyo nibura kabiri ku munsi?

    Koza amenyo nibura inshuro ebyiri ku munsi, bikwiye kuba muri gahunda y’umunsi kuri buri wese, nk’uko abantu bagomba kurya kugira ngo babeho.



  • Ababyeyi bakwiye kurinda abana babo ikoreshwa rya telefone kuko zibangiriza ubwonko

    Telefoni ititondewe yatera indwara zirimo na kanseri y’ubwonko

    Hari abantu bataramenya ko telefoni zigendanwa, igihe zititondewe zishobora gutera ibibazo bikomeye ku buzima bw’abantu, cyane cyane ubw’abana kuko baba bagifite amagufa yoroshye kandi bagikura.



  • Ibyo kurya bitanu umugore utwite akwiye kugendera kure

    Umugore utwite akwiye gufata indyo yuzuye kugira ngo ashobore kubona intungamubiri akeneye ndetse n’izitunga umwana atwite.



  • Uruganda rwa KivuWatt mu kiyaga cya Kivu. Uruganda rushya ruzakemura ikibazo cy

    Gaz Methane yo mu Kivu igiye gukemura ikibazo cy’ibicanwa

    Mu rwego rwo kugabanya amafaranga igihugu gitanga mu kugura gaze, Goverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, peterori na gaze n’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB), yasinyanye amasezerano na sosiyete yitwa “Gasmeth Energy Limited”, ikazacukura gaz methane mu Kiyaga cya (…)



  • Abanyeshuri bategereje kwakirwa mu ishuri Coding Academy

    Imfura za ‘Rwanda Coding Academy’ zatangiye amasomo

    Abanyeshuri 60 baziga ibijyanye na za porogaramu zo muri mudasobwa, muri gahunda y’imyaka itatu batangiye amasomo ku ishuri riherereye mu Karere ka Nyabihu, bakaba bategerejweho kuzatanga umusanzu mu kurwanya ibyaha bikorerwa kuri interineti.



  • Ibintu bitanu udakwiye guha abana bari munsi y’imyaka itanu

    Abana bafite munsi y’imyaka itanu bakenera indyo yuzuye igizwe n’imboga, imbuto, ibinyamisogwe, amata n’ibiyakomokaho na poroteyine. Indyo yuzuye, igira intungamubiri zikenerwa mu mikurire y’umwana, mu iterambere rye no mu myigire ye.



  • Nyuma ya Muhanga zipline izajya inahagurukira Kayonza

    Ikibuga cya drone gishya cy’i Kayonza cyatangiye gukoreshwa

    Ikibuga cya kabiri cy’utudege tutagira abapilote (drone), giherereye mu Karere ka Kayonza, mu Ntara y’Uburasirazuba cyatangiye gukora, kikazajya giharukiraho utudege dutwaye amaraso n’ibindi bikoresho byifashishwa kwa muganga, tubijyana ku bigo nderabuzima no ku bitaro binyuranye byo muri iyo ntara.



  • Umunyu ni ingenzi ku buzima, ariko iyo ukoreshejwe mu rugero

    Wari uzi ko kurya umunyu mwinshi bishobora kwangiza ubwonko? - Dore izindi ngaruka

    Umunyu ni ingenzi mu mikorere myiza y’umubiri w’umuntu, ukaba n’ikintu gikomeye mu mateka y’isi, kuko ubushakashatsi bwerekanye ko abasirikare b’Abaromani bahabwaga umunyu nk’igice cy’umushahara wabo. Iyo umuntu arya umunyu ku rugero ruto cyane, bimuteza ingorane.



  • Igenzura risanzwe riba buri gihembwe rigamije gukosora ibitagenda mu burezi

    Mineduc yatangije igenzura rigamije kuvugurura ireme ry’uburezi

    Minisiteri y’Uburezi (Mineduc) yatangije ku mugaragaro igikorwa cy’igenzura mu mashuri yose yo mu gihugu, rikaba ari igenzura rikorwa ku nshuro ya kane, iyo Minisiteri ikaba kandi yariyemeje kurikora buri gihembwe.



  • Umuntu uguhe agahita atakaza ubwenge ni uku wamurwanaho

    Uko watanga ubufasha bw’ibanze mbere yo kugeza umuntu kwa muganga

    Mu buzima, abantu basabwa gukora kugirango babashe kwitunga, gutunga ababo ndetse no gukorera sosiyete n’ibihugu byabo.



  • Gukorera mu Rwanda kw’icyambu cya Dubai ngo ni iherezo ku mipaka mu bucuruzi

    Sultan Ahmed Bin Sulayem Umuyobozi mukuru wa “Dubai Portland World” avuga ko umwanzuro w’iyo sosiyete ahagarariye, wo gufungura ishami mu Rwanda, ugamije gufasha ibihugu bidakora ku nyanja gukora ubucuruzi bwagutse.



  • Hyundai Santa fe ziri kwinjira ari nyinshi mu gihugu

    Menya imodoka eshanu zikunzwe n’Abanyarwanda kurusha izindi

    Uko iterambere ry’igihugu rizamuka, ni na ko umubare w’abanyarwanda bagenda batekereza gutunga imodoka wiyongera. Kigali Today yabakoreye icyegeranyo cy’imodoka eshanu zikunzwe kurusha izindi mu Rwanda kuri ubu.



  • Theodor Meron anengwa kurekura mu ibanga abakoze Jenoside

    Theodor Meron asize iyihe sura mu butabera mpuzamahanga?

    Tariki 18 Mutarama 2019, ni bwo umucamanza Theodor Meron ufite imyaka 88 y’amavuko yarangije imirimo ye.



  • Ikoranabuhanga rizorohereza abafite amikoro make kugura Gaz

    Mu Rwanda hagiye gutangizwa ikoranabuhanga ryo kugura Gaz kuri telefoni

    Sosiyete yo muri Nigeria yamaze kwegeranya ibyangombwa byose ku buryo mu byumweru bibiri izaba yatangije ikoranabuhanga rishya mu Rwanda, rizafasha abakoresha Gaz kujya bayigura bakoresheje mobile money, ibyo bikazakemura ikibazo cy’iyangirika ry’amashyamba riterwa n’abacana inkwi.



  • Abantu barasabwa kwitondera ubutumwa bakira batazi ababuboherereje

    Uko wabona amafaranga ari kuri telefoni y’uwawe witabye Imana

    Mu cyumweru gishize, Kigali Today yanditse inkuru ivuga ukuntu bigoye gukurikirana amafaranga ari kuri konti ya mobile money y’umuntu witabye Imana cyane cyane iyo byabaye mu buryo butunguranye.



  • Mwiseneza Josiane (i bumoso) n

    Miss Rwanda 2019 Yahagurukije abafana kurusha imyaka yabanje

    Mu byumweru bitatu bishije, ibitangazamukuru byo mu Rwanda byerekeje amaso ku irushanwa rya Miss Rwanda byirengagiza ibindi byose.



  • Harashakishwa umukozi wo muri iki kigo waba waramuteye inda

    Harashakishwa uwamuteye inda ari muri koma amazemo imyaka 10

    Umugore w’imyaka 29 y’amavuko umaze imyaka 10 ari muri koma mu kigo cya Hacienda i Phoenix muri Leta ya Arizona muri Amerika, yabyaye akiri muri koma. Ubu harashakishwa uwamuteye inda.



  • Muhire Kevin ni umwe mubagejeje Rayon Sports muri kimwe cya kane cya CAF Confederation cup umwaka ushize

    Muhire Kevin yemeye gusinyira Misr Lel-Makkasa SC yo muri Misiri

    Muhire Kevin ukina hagati mu mavubi yemeye gusinya amasezerano yo gukinira Misr Lel-Makkasa SC yo mu cyiciro cya mbere muri Misiri.



Izindi nkuru: