MENYA UMWANDITSI

  • Ubushakashatsi bwagaragaje ko tumwe mu ducurama dufite Coronavirus ariko itandukanye n

    Coronavirus ishobora kuva mu gacurama ikinjira mu muntu (Ubushakashatsi)

    Icyorezo cyiswe Coronavirus gikomeje kwibasira ahanini igihugu cy’u Bushinwa ndetse n’abantu batandukanye bo mu bindi bihugu hirya no hino ku isi bagaragaweho iyo ndwara, umuntu yakwibaza uko bimeze mu Rwanda.



  • Soya ishobora kuribwa mu buryo butandukanye, ikaba ishobora gukorwamo n

    Amata ya soya si meza ku bana bafite munsi y’imyaka itatu (Ubushakashatsi)

    Soya ni cyo kinyamusogwe cyonyine gikorwamo ikinyobwa. Ku rubuga www.handirect.fr bavuga ko n’ubwo imvugo imenyerewe ari amata ya soya (Lait de Soja), ubundi ngo si byo kuko si amata ahubwo ni umutobe ukamurwa muri soya, gusa kubera ibara ryera ry’uwo mutobe ndetse n’imikoreshereze yawo ijya kwitwara nk’amata, bituma witwa (…)



  • Gusimbuka umugozi ni siporo nziza, ariko hari abatayemerewe

    Ku rubuga www.regivia.com bavuga ko siporo yo gusimbuka umugozi ifasha amaraso gutembera neza mu mubiri cyane cyane mu gice cy’amaguru, bikagabanya ibinure byitsindagira ku matako.



  • Gikukuru ni ingirakamaro mu buzima bw

    Gikukuru: Umunyu ufite akamaro karenze ako ushobora kuba utekereza

    Umunyu wa gikukuru/gikukuri abandi bita umunyu w’ingezi, ni umunyu uzwi mu Rwanda guhera mu gihe cya kera kuko wakoreshwaga ahanini n’aborozi bawuha amatungo.



  • Rwandair yasubitse ingendo zayo mu Bushinwa/ Photo:Internet

    Coronavirus: Rwandair yasubitse ingendo zijya mu Bushinwa

    Kompanyi y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Rwandair, yatangaje ko isubitse by’agateganyo ingendo zose zerekeza i Guangzhou mu gihugu cy’u Bushinwa, uhereye none ku itariki 31 Mutarama 2020.



  • Abanduye iyi virus mu Bushinwa bakomeje kwiyongera/ Ifoto yavanywe kuri interineti

    Amakuru mashya ku cyorezo cya ‘Coronavirus’ cyugarije u Bushinwa

    Amakuru dukesha BBC aravuga ko umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Coronavirus wazamutse ugeze ku bantu 170, ikindi kandi, kuba hari umuntu byamaze kwemezwa ko yafashwe n’icyo cyorezo mu gace kitwa “Tibet” bivuze ko icyorezo cyageze mu duce twose tw’u Bushinwa.



  • Imiti ihindura ibara ry’umusatsi ishobora kugutera kanseri

    Imiti ishyirwa mu mutwe hagamijwe guhindura ibara ry’umusatsi izwi ku izina rya tentire ‘teinture’, ikoreshwa mu nzu zitunganyirizwamo imisatsi (salons de coiffure), ikoreshwa n’abatari bake, ariko se yaba igira izihe ngaruka ku buzima bw’abayikoresha?



  • Amababi y

    Inturusu: Igiti cyifitemo imiti y’indwara zitandukanye

    Inturusu ni igiti kizwi cyane. Hari ababitera ku mihanda, hari n’abatera ishyamba ry’inturusu bagamije ahanini kuzabikoresha nk’imbaho, inkwi, cyangwa kubicamo amakara. Ariko se mwari muzi ko inturusu ubundi ari igiti cyifitemo imiti y’indwara zitandukanye?



  • Isukari yatera umuvuduko w’amaraso ku bana bari munsi y’imyaka ibiri (ubushakashatsi)

    Hari ababyeyi bamwe bumva ko uko bakunda ibintu biryohereye ari na ko bagomba kubiha abana babo nubwo baba bakiri bato bafite munsi y’imyaka ibiri, nyamara ababyeyi bakora ibyo baba bashyira ubuzima bw’abana babo mu kaga kuko baba babakururira indwara ubundi zakwirindwa.



  • Dore amata agenewe umwana utaruzuza umwaka

    Muri iki gihe abantu batandukanye bakiri mu myaka yo kubyara usanga baba bibaza ku mata baha abana babo basubiye mu kazi, kuko ikiruhuko umubyeyi ahabwa ari amezi atatu,yaba akorera Leta cyangwa abikorera.



  • Inkweto za parasitike zatera indwara ya kanseri, impyiko n’umwijima

    Hari abantu bakunze kwambara cyangwa bakambika abana babo inkweto zikoze muri parasitike. Ese izi nkweto zaba hari ikibazo zatera uzambara? Uzambara akwiye kwitwara ate ngo zitamutera ikibazo?



  • Dore impamvu zagombye gutuma ukunda siporo yo koga

    Abantu batari bake bamaze kumenya ko gukora siporo muri rusange ari ikintu cy’ingenzi mu mibereho myiza yabo, ariko siporo yo koga ifite ibyiza byayo byihariye byagombye gutuma abantu bayitabira.



  • Menya ibyiza byo gukoresha ibumba ry’icyatsi

    Ibumba ry’icyatsi ni iki?Ese umugore utwite yarikoresha ntirimutgireho ingaruka cyangwa se ngo rizigire kuwo atwite?Umwe mu basoma inkuru za Kigali Today, yasabye ko twamubwira niba ibumba ry’icyatsi ryaba ryemewe cyangwa ritemewe ku mugore utwite.



  • Sobanukirwa inkomoko y’ibishashi by’umuriro bikoreshwa mu birori

    Mu birori bitandukanye cyane cyane ibisoza umwaka, hari imiturika (fireworks/ feux d’artifices) iraswa mu kirere hagasohoka ibishashi by’imiriro bifite amabara atandukanye, ku buryo ibyo bishashi bigera mu kirere bigakora ibintu bisa n’indabo kandi usanga binogeye amaso iyo biraswa. Ariko se bikomoka he?



  • Urubuto rwa ‘Watermelon’ rwakurinda indwara zitandukanye z’umutima

    Muri rusange imbuto ni ingenzi mu kuzuza ifunguro rikwiriye, ariko uyu munsi turavuga ku byiza byo kurya urubuto rwitwa ‘Watermelon’ mu Cyongereza, cyangwa ‘Pastèque’ mu gifaransa. Twibanda ku byiza ruzanira abarurya.



  • Inkweto ndende zatera kurwara umugongo

    Abantu bagira uburyo butandukanye bwo kurimba, hari abagore n’abakobwa bavuga ko icyo bakwambara cyose batakumva ko barimbye mu gihe batashyizeho inkweto ndende. Hari abibaza niba izo nkweto ndende ari nziza ku buzima bw’abazambara.



  • Menya uko amakara yagufasha gukesha amenyo

    Bimenyerewe ko abantu bakoresha imiti y’amenyo inyuranye mu rwego rwo kuyasukura ndetse no kuyarinda indwara zitandukanye, ariko hari n’abakoresha imiti y’amenyo ikozwe mu makara kugira amenyo yabo arusheho gucya cyane.



  • Wari uzi ko gusiga verini ku nzara byagutera kanseri cyangwa ubugumba?

    Irangi risigwa ku nzara bita “vernis à ongles” mu gifaransa cyangwa “nail polish” mu cyongereza, ni umurimbo ukundwa n’abagore n’abakobwa batari bake hirya no hino ku isi, ariko Kigali Today yifuje kumenya niba nta ngaruka mbi rigira ku buzima bw’abaryisiga cyangwa se abakora umwuga wo gusiga inzara.



  • Konsa byarinda umubyeyi indwara z’umutima na diyabete

    Abahanga bavuga ko konsa ari byiza cyane, kuko bigira akamaro ku mwana ndetse no ku mubyeyi wonsa neza. Ikindi kandi ibyiza byo konsa bitangira kuva umwana agifata ibere ubwa mbere akivuka kugeza acutse.



  • Umwana wonse ashobora kugira ubwenge kurusha utaronse (Ubushakashatsi)

    Hari abantu bibaza niba konsa byaba bigirira umwana akamaro ku buryo bwihariye, cyangwa niba ari kimwe n’uko umuntu yakoresha ubundi buryo ubwo ari bwo bwose nko kumuha amata yaba ay’inka cyangwa ay’ifu.



  • Dore impamvu imboga zidakwiye kubura ku ifunguro ryawe

    Imboga ziri mu biribwa bya mbere byiza ku buzima mu biribwa byose biba ku isi. Nyamara abatuye isi bazirya ku buryo buhoraho ni mbarwa.



  • Ibihumyo nta binure bigira, ntibibyibushya, bikungahaye ku ntungamubiri

    Hari abahanga mu by’imirire bafata ibihumyo nk’ubukungu buhishe. Impamvu babifata batyo, ni uko nta binure bigira, ntibibyibushya, ahubwo bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.



  • Betterave yafasha mu kugabanya umuvuduko w’amaraso no kwirinda guturika imitsi yo mu bwonko

    Urubuga rwa Internet www.lesjardinslaurentiens.com ruvuga ko betterave ari igihingwa cyamenyekanye ku mugabane w’u Burayi guhera mu kinyejana cya kabiri, ariko cyamamara cyane mu kinyejana cya cumi na kane.



  • Kurya igi rimwe ku munsi byafasha umuntu wifuza kugabanya ibiro

    Ku rubuga www.healthline.com, bavuga ko amagi yashyirwa mu biribwa bicyeya ku isi bikungahaye ku ntungamibiri zitandukanye, kandi akarusho ni uko amagi anigiramo intungamubiri zidakunze kuboneka mu bindi biribwa, muri make amagi agira nibura urugero ruto rw’intungamubiri zose umuntu akenera.



  • Sobanukirwa impamvu ushobora kurya imyumbati ikakumerera nabi

    Urubuga rwa Internet www.medicalnewstoday.com ruvuga ko imyumbati ari ikimera kiri bwoko bw’ibitera imbaraga, kimwe n’ibijumba, ibinyamayogi(ibikoro), aho igice cyo mu butaka cyakabaye ari yo mizi, kiba ari cyo kiribwa.



  • Iyo umwana avuka ku batarashyingiranwe ni uwuhe mubyeyi uba umufiteho ububasha?

    Amategeko y’u Rwanda agira icyo avuga ku nshingano z’ababyeyi ku mwana. Itegeko nº32/2016 ryo ku wa 28/08/2016 rigenga abantu n’umuryango mu ngingo zaryo zitandukanye, risobanura ibijyanye n’ububasha bwa kibyeyi ku mwana.



  • Ubunyobwa bushobora gukumira indwara za kanseri - Menya ibyiza byabwo

    Nk’uko tubikesha urubuga www.nationalpeanutboard.org, ubunyobwa ni igihingwa gishobora kuba gifite inkomoko muri Amerika y’Amajyepfo mu gihugu cya Peru cyangwa Brezil, kuko nta nyandiko ihari igaragaza aho ubunyobwa bwakomotse, ariko hari imitako ibumbye mu ishusho y’ubunyobwa kandi iyo mitako ikaba imaze imyaka irenga 3,500.



  • Uyu ni umwe mu banyamahanga 12 bahawe ubwenegihugu bw

    Dore impamvu zatuma umuntu yamburwa cyangwa asubirana ubwenegihugu nyarwanda

    Itegeko ngenga n° 30/2008 ryo ku wa 25/07/2008 ryerekeye ubwenegihugu nyarwanda mu ngingo zaryo zitandukanye, risobanura uko umuntu wahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda ashobora kubwamburwa cyangwa se akaba yanabusubirana.



  • Samuel L Jackson ubu ni umunya - Gabon ushobora no kwiyamamaza agatorwa ku mwanya yashaka

    Umunyamerika Samuel L. Jackson ukina filimi yabonye pasiporo ya Gabon

    Guhera ku itariki ya 4 Kanama 2019, igihugu cya Gabon cyabonye umuturage wiyongeraye ku rutonde rw’abenegihugu bacyo. Samuel Leroy Jackson umaze icyumweru muri Gabon, yashyikirijwe pasiporo ye ya Gabon ayihawe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanya-Gabon baba mu mahanga.



  • Wari uzi ko urubanza rwemeza ubutane rushobora gutangazwa muri Kigali Today?

    Ingingo ya 240 y’itegeko nº32/2016 ryo ku wa 28/08/2016 rigenga abantu n’umuryango, isobanura ko inyandiko ihinnye y’urubanza rwemeza ubutane ishobora gutangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda cyangwa mu kinyamakuru cyigenga gisomwa na benshi nka Kigali Today kigenwa na perezida w’urukiko.



Izindi nkuru: