MENYA UMWANDITSI

  • Imvugo iboneye mu birebana na Jenoside yakorewe Abatutsi

    Byakunze kugaragara ko hari abakoresha amagambo yerekeye kuri Jenoside yakorewe Abatutsi atari yo, cyangwa ataboneye, babigambiriye cyangwa batabizi, bikaba byabaviramo gupfobya Jenoside cyangwa kugaragaraho ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Menya uko inyoni zimenya ko bukeye zikaririmba

    Nta kintu cyiza nko kubyuka wumva inyoni ziririmba dore ko hari izigira amajwi meza. Indirimbo zituje ziririmbwa n’inyoni mu gitondo, zinogera amatwi n’imitima y’abantu. Ariko se inyoni zidukangura ngo tubyuke tujye ku murimo zibwirwa n’iki ko bukeye ngo ziririmbe?



  • Ibi binini bizagabanya ikorwa ry

    Habonetse ibinini bifasha abagabo kuboneza urubyaro

    Isuzuma rya mbere ryakozwe ku binini byafasha abagabo kuboneza urubyaro ryagaragaje ko bishoboka cyane, bikazaza byunganira uburyo busanzwe buhari mu kuboneza urubyaro.



  • Isakoshi ikoze mu ruhu rw

    Hari aho uruhu rw’inka ari ifunguro rikunzwe cyane. Menya byinshi ku ruhu rw’inka

    Kuva mu myaka yo hambere impu z’inyamaswa zifashishwaga n’abakurambere bacu, bagakuramo imyambaro, ingobyi zo guhekamo abana n’ibindi. Igitangaje, ni uko hari aho uruhu rw’inka ari ifunguro rikunzwe cyane.



  • Minisitiri wungirije w

    U Buyapani bwiyemeje kongera umubare w’abashora imari mu Rwanda

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubuyapani wungirije, Kenji Yamada, yiyemeje kongera umubare w’Abayapani bashora imari yabo mu Rwanda.



  • Menya abagore 10 bakize kurusha abandi muri Afurika

    Mu gihe abagabo nka Jeff Bezos ukize kurusha abandi ku isi na Aliko Dangote ukize kurusha abandi muri Afurika bakunze kuvugwa, uyu munsi Kigali Today yabakusanyirije amakuru ku bagore b’abaherwe kurusha abandi muri Afurika.



  • Irwanya umuvuduko w’amaraso, diyabete… dore ibyiza bya ‘Vin Rouge’ ku buzima bw’umuntu

    Abasanzwe banywa divayi itukura (Red Wine/Vin Rouge), bazi ko ari byiza kuyinywa nyuma yo gufata ifunguro ryabo, cyangwa nyuma y’akazi nimugoroba, bakamenya ko ari isoko y’ibyishimo, ko ifasha mu kuruhuka no gutuma baseka n’ibindi byiza bayivugaho.



  • Menya ibyiza by’amasaka; ikinyampeke kirusha ibindi guhingwa muri Afurika

    Amasaka ni igihingwa kimaze imyaka irenga 1000, ariko ibyiza byacyo ku buzima bw’umuntu ni byinshi ku buryo ari byiza ko abantu bazajya bayashyira ku mafunguro yabo ya buri munsi.



  • Amaroza atukura

    Dore icyo indabo zisobanura n’igihe zikoreshwa

    Indabo zigaragara mu bihe bitandukanye by’ingenzi mu buzima bw’abantu, nko mu birori byo kwizihiza isabukuru z’amavuko, mu gushyingura abitabye Imana, mu birori byo kurangiza amashuri, mu bukwe no mu bindi, ku buryo indabo zifite uruhare mu buzima bw’abantu bwa buri munsi.



  • Hari abagira amatsiko y

    Ibicuro, gucana umuriro ugahutera, inkono ibize nabi, kubabara umugongo,... Ibimenyetso bifatwa nk’imbuzi

    Hari abantu bavuga ko bagize ibicuro, cyangwa bakabona ibindi bimenyetso kandi bakemeza ko ibyo ibicuro byabo cyangwa ibimenyetso byasobanuraga babibonye, cyangwa biteguye kubibona vuba.



  • Guseka ni umuti ukomeye kandi uboneka mu buryo bworoshye

    Igitwenge: Umuti ukomeye uvura guhangayika(Byinshi ku kamaro ko guseka)

    Ni byiza kwishimana n’abantu mugaseka, ariko se mwari muzi ko guseka bifite akamaro gakomeye mu buzima bw’umuntu?



  • Ibyuma bikoreshwa basaka byaba bigira ingaruka ku buzima?

    Abahanga mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ibyuma bisaka bishyirwa ku bibuga by’indege n’ahandi hari inzu zihurirwamo n’abantu benshi, bavuga ibitandukanye ku kuba byaba bigira ingaruka ku buzima bw’abantu cyangwa se ntazo.



  • Menya ingaruka zo kudefiriza umwana

    Muri iyi minsi, hari ababyeyi benshi bahitamo gushyira imiti (produit) mu misatsi y’abana babo, kugira ngo inyerere, yorohe, isokoreke bitagoranye, hakaba n’ababyeyi bavuga ko iyo umwana afite imisatsi idefirije, ari bwo agaragara neza. Kigali Today yashatse kumenya niba kudefiriza umwana ari byiza cyangwa ari bibi, isura (…)



  • Umuntu wa kabiri yakize SIDA

    Umurwayi wiswe ‘London Patient’ yabaye uwa kabiri ukize SIDA, nyuma y’uko mu myaka 10 ishize, hatangajwe umuntu wa mbere wakize iyi ndwara ubusanzwe izwiho kudakira.



  • Abakoresha ibyambu byo mu karere babangamirwa n

    Abacuruzi b’Abanyarwanda babangamiwe na ruswa iri mu karere

    Abahagarariye urugaga rw’abikorera ku giti cyabo (PSF), bavuga ko imbogamizi zidashingiye ku misoro bahura na zo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, zibangamira iterambere ry’ubucuruzi bwambukiranya imipaka.



  • Ibi bimera bifite ibanga mu buvuzi gakondo

    Kigali Today yaganiriye n’umuganga witwa Rutangarwamaboko, igamije kubagezaho bimwe mu bimera bivura indwara zitandukanye cyangwa se byari bifite akandi kamaro mu mateka y’Abanyarwanda.



  • Dore zimwe mu mpamvu zatera uwatewe ikinya kudakanguka

    Hari byinshi abantu bibaza ku kinya gikoreshwa kwa muganga, icyo ari cyo, uko gikora, ibibazo gishobora gutera umuntu n’ibindi.



  • Menya impamvu kwayura byandura

    Bavuga ko umuntu runaka yayuye iyo, imikaya yo mu myanya mpumekero ye irambutse, bikarangwa n’uko umuntu yasama akinjiza umwuka mwinshi mu bihaha kandi atabiteguye, bigakorwa mu bice bitatu ari byo: kwinjiza umwuka mwinshi kandi bigafata igihe kirekire kiruta ibisanzwe, hagakurikiraho agahe gato umuntu asa nk’uretse (…)



  • Menya uwaguha amaraso mu gihe urembye kandi uyakeneye

    Guha amaraso umurwayi ni kimwe mu by’ingenzi mu kuramira ubuzima bwe igihe abaganga babonye ko ayakeneye, nyamara bigasaba ibizamini bitandukanye kugirango hagaragare ubwoko bw’amaraso umurwayi ari buhabwe.



  • Utu tumodoka ngo twitezweho guhangana n

    Mu 2025 Abanyarwanda bazatangira kugenda mu modoka zigendera ku migozi

    Mu mwaka wa 2025, Abanyarwanda n’abanyamahanga basura u Rwanda, bazatangira gukoresha utumodoka tugendera mu kirere hifashishijwe imigozi (cable cars), tuzaba tuboneka mu Mujyi wa Kigali icyo gihe, ibyo bikazakemura ikibazo cy’umubyigano w’imodoka.



  • Ni byiza gushyiraho uburyo buhoraho bwo guha abana amazi

    Umwana akenera kunywa amazi kurusha n’umuntu mukuru

    Abana bakenera kunywa amazi kurusha n’abantu bakuru, kuko bo imibiri yabo iba igikura, kandi ikeneye amazi ahagije.



  • Abahanga mu by

    Kunywa umuti gatatu ku munsi ntibivuze kuwunywa mu gitondo, saa sita na nijoro

    Hari abantu bazi ko iyo barwaye , muganga akabandikira umuti ugomba kunyobwa gatatu ku munsi, biba bivuze ko bagomba kuwunywa mu gitondo, saa sita na nijoro.



  • umusatsi ukenera kwitabwaho kugira ngo udacikagurika cyangwa ugapfuka

    Ibi ni bimwe mu byarinda umusatsi wawe gupfuka

    Hari abantu baba bari basanganywe imisatsi myiza, ibyibushye, ubona ko ifite ubuzima, nyuma y’igihe runaka, ukabona ya misatsi itangiye koroha bidasanzwe, ikajya ipfuka, uko umuntu asokoje akabona imisatsi myinshi yarandutse isigaye mu gisokozo.



  • Inzovu Mutware ni yo nzovu yari ikuze kurusha izindi mu Rwanda. Yapfuye umwaka ushize

    Wari uzi ko inzovu ishobora guhaka imyaka ibiri?

    Nubwo umuntu ari cyo kiremwa kirusha ubwenge ibindi, kikaba kibiyobora kikabiha n’umurongo, zimwe mu nyamaswa nazo zigira ibyo zirusha umuntu nko kuba nta nyamaswa yagambirira kwica ngenzi zayo ngo izimare nk’uko mu Rwanda byagenze mu 1994, kuba nta nyamaswa yarutisha indi bidahuje imimerere ngenzi yayo, n’ibindi.



  • Koza amenyo ni ingenzi ku buzima

    Wari uzi impamvu ari ngombwa koza amenyo nibura kabiri ku munsi?

    Koza amenyo nibura inshuro ebyiri ku munsi, bikwiye kuba muri gahunda y’umunsi kuri buri wese, nk’uko abantu bagomba kurya kugira ngo babeho.



  • Ababyeyi bakwiye kurinda abana babo ikoreshwa rya telefone kuko zibangiriza ubwonko

    Telefoni ititondewe yatera indwara zirimo na kanseri y’ubwonko

    Hari abantu bataramenya ko telefoni zigendanwa, igihe zititondewe zishobora gutera ibibazo bikomeye ku buzima bw’abantu, cyane cyane ubw’abana kuko baba bagifite amagufa yoroshye kandi bagikura.



  • Ibyo kurya bitanu umugore utwite akwiye kugendera kure

    Umugore utwite akwiye gufata indyo yuzuye kugira ngo ashobore kubona intungamubiri akeneye ndetse n’izitunga umwana atwite.



  • Uruganda rwa KivuWatt mu kiyaga cya Kivu. Uruganda rushya ruzakemura ikibazo cy

    Gaz Methane yo mu Kivu igiye gukemura ikibazo cy’ibicanwa

    Mu rwego rwo kugabanya amafaranga igihugu gitanga mu kugura gaze, Goverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, peterori na gaze n’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB), yasinyanye amasezerano na sosiyete yitwa “Gasmeth Energy Limited”, ikazacukura gaz methane mu Kiyaga cya (…)



  • Abanyeshuri bategereje kwakirwa mu ishuri Coding Academy

    Imfura za ‘Rwanda Coding Academy’ zatangiye amasomo

    Abanyeshuri 60 baziga ibijyanye na za porogaramu zo muri mudasobwa, muri gahunda y’imyaka itatu batangiye amasomo ku ishuri riherereye mu Karere ka Nyabihu, bakaba bategerejweho kuzatanga umusanzu mu kurwanya ibyaha bikorerwa kuri interineti.



  • Ibintu bitanu udakwiye guha abana bari munsi y’imyaka itanu

    Abana bafite munsi y’imyaka itanu bakenera indyo yuzuye igizwe n’imboga, imbuto, ibinyamisogwe, amata n’ibiyakomokaho na poroteyine. Indyo yuzuye, igira intungamubiri zikenerwa mu mikurire y’umwana, mu iterambere rye no mu myigire ye.



Izindi nkuru: