Ni kenshi dukoresha ibikoresho ariko ugasanga byinshi muri byo tutabikoresha uko bikwiye cyangwa ntitunabikoreshe kuko tuba tutabisobanukiwe.
Perezida Paul Kagame yakiriwe n’igikomangoma cya Abu Dhabi Mohammad Bin Zayed, bagirana ibiganiro bijyanye n’umubano n’iterambere ry’ibihugu byombi.
Banki Nyafurika y’ubucuruzi (Trade and Development Bank (TDB), yatangiye kwegereza ibikorwa byayo mu Rwanda, aho iteganya kuzatera inkunga imishinga minini mu gihugu.
Ingabire Habiba, uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Supranational 2017 ahamya ko mu bo afata nk’icyitegererezo cye harimo umukinnyi wa filime, Angelina Jolie.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo yagaragaje ko u Rwanda rwemeye gucumbikira bamwe mu birabura bagurishwaga mu bucakara mu gihugu cya Libya.
Urukiko rukuru rwemeje ko ubujurire bwa Dianne Rwigana na Nyina Mukangemanyi Rwigara Adeline, ku rubanza rw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo nta shingiro bufite, bagomba gukomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Polisi y’igihugu ibicishije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yatangaje ko abakinnyi Mukunzi Yannick na Rutanga Eric bakinira ikipe ya Rayons Sport nta cyaha bakurikiranweho bamaze no kurekurwa bagataha, nyuma yo kubazwa amakuru ajyanye n’ibyaha uwari umutoza wabo Karekezi Olivier akurikiranyweho.
Umutoniwase Linda, igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2017 ubu ari muri Nigeria aho ari guhatanira ikamba rya "Miss University Africa".
Nyuma yo kugera mu gihugu cya Slovakiya ahari kubera irushanwa rya Miss Supranational 2017, Ingabire Habiba n’abo bahatana batangiye kubona bimwe mu bigize icyo gihugu.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2017, Perezida Kagame yatanze ku nshuro ya mbere impeta z’ishimwe ry’ubucuti ziswe “Igihango”.
Ikinyamakuru The Voice Magazine cyagize Madame Jeannette Kagame umugore w’umwaka, kinamugira Intwari muri Afurika, kubera ibikorwa biteza imbere abakene mu mu Rwanda.
Ingabire Habiba yerekeje mu gihugu cya Slovakiya aho agiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza azwi nka “Miss Supranational”.
Perezida wa Estonia, Kersti Kaljulaid uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yahuye na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Papa Francis atangaza ko imodoka yo mu bwoko bwa Lamborghini Huracan yahawe nk’impano atazayigendamo ngo ahubwo izatezwa cyamunama bityo amafaranga azavamo afashe abakene.
Abanyeshuri bo muri kaminuza zitandukanye zo mu Rwanda bavuga ko ubumenyi bakura mu marushanwa ku mategeko mpuzamahanga agenga intambara abafasha mu masomo yabo.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2017, Ubugenzacyaha bwatumije umutoza mukuru wa Rayons Sport Karekezi Olivier ngo yisobanure ku byaha akekwaho, byakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga n’itumanaho.
Perezida Paul Kagame azambika impeta y’igihango abantu icyenda baranzwe n’ibikorwa byo kubanisha Abanyarwanda no kubanisha u Rwanda n’amahanga, mu muhango uzaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Ugushyingo 2017.
Sagashya Didier wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi wa Kigali yirukanwe ku mirimo ye, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ugushyingo 2017.
Miss Rwanda, Iradukunda Elsa uhagarariye u Rwanda muri Miss World 2017 yagaragaje ko mu bantu afata nk’icyitegererezo mu buzima bwe harimo nyakwigendera Nelson Mandela.
Nyuma yo gusezera ku mugaragaro muri Urban Boys yari amazemo imyaka icumi, umuhanzi Safi Madiba yashyize hanze indirimbo yakoranye na Meddy, yitwa "Got it".
Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku mutekano muri Afurika, ko imikoranire itanoze ari kimwe mu bituma Afurika igihura n’ibibazo by’umutekano.
Miss Rwanda, Elsa Iradukunda uhagarariye u Rwanda muri Miss World 2017, ntiyabashije kuza muri ba Nyampinga bazi kumurika imideli nyuma y’irushanwa ryabaye.
Perezida Paul Kagame n’umuherwe wo muri Nigeria Tony Elumelu nibo bazaba bayoboye inama izahuriramo ba rwiyemezamirimo bakiri bato bakomeye muri Afurika.
Miss Rwanda, Elsa Iradukunda na bagenzi bahatana muri Miss World 2017 bageze mu mujyi wa Sanya ahagomba kubera icyiciro cya nyuma cy’iryo rushanwa.
Ifoto ya Kigali Today yafatiwe mu muhanda wa Karongi-Rusizi mu gihe cya Tour du Rwanda 2016, yahesheje igihembo uwayifotoye ariwe Muzogeye Plaisir.
Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo bari mu ruzinduko rwo kureba uko bagenzi babo bo mu Rwanda bashyiraho amategeko.
Kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2017, Urukiko Rukuru rwatangiye urubanza rw’ubujurire rwa Diane Rwigara n’umubyeyi we Mukangemanyi Rwigara Adeline.
Natty Dread, umurasta akaba n’umuhanzi wo mu Rwanda ahamya ko nta gahunda afite yo kurekeraho kubyara kuko ngo aramutse abikoze yaba yishe itegeko ry’Imana.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari mujyi wa London mu Bwongereza aho yitabiriye ibirori yaherewemo igihembo cya "World Tourism Award 2017".
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2017 Umupaka uhuza u Rwanda n’Umujyi wa Bukavu wafunzwe, kubera imirwano hagati y’ingabo za Congo FARDC, n’abapolisi barindaga Abbas Kayonga (Dada) wari ushinzwe kurwanya Magendu mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.