Gisa Gakwisi, umwana w’imyaka 13 y’amavuko wubatse inyubako ya Kigali Convention Center mu ibumba yasazwe n’ibyishimo ubwo yatumirwaga mu birori byo “Kwita Izina”.
Icyiciro cya mbere y’abaminisitiri na bamwe mu banyamabanga umunani bagize guverinoma nshya cyarahiye kuri uyu wa kane tariki 31 Kanama 2017. Harimo bamwe bashya n’abandi bari basanzwemo.
Perezida Paul Kagame yavuze ko ababazwa na bamwe mu bayobozi barebera abanyereza imitungo y’igihugu bakabyigamba ariko ntibakurikiranwe.
Perezida Kagame yatangaje ko umuyobozi mwiza atari wa wundi ushimwa na buri wese, ahubwo ari umuntu ugira ibyo ashima, akagira ibyo agaya ndetse akagira n’ ibyo abaza abo ayobora.
Perezida Paul Kagame yavuze ko atazakomeza kubikira ibanga bamwe mu bayobozi barangwa n’amakimbirane n’abareberera abanyereza imitumgo y’igihugu bikadindiza akazi.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Kanama 2017, Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, itagaragayemo bamwe mu bayobozi bari basanzwe muri Guverinoma icyuye igihe.
Minisiteri y’ibikorwa remezo (MININFRA) yabonye umunyamabanga wa Leta mushya ushinzwe gutwara abantu n’ibintu ari we Uwihanganye Jean de Dieu, uzwi ku izina rya Henri Jado.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017.
Meddy, umuririmbyi wo mu Rwanda ariko uba muri Amerika (USA) yatangaje ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye.
Perezida Paul Kagame yatangaje ko abagize Guverinoma nshya bamenyekana ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017.
Perezida Paul Kagame amaze gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya witwa Dr. Ngirente Edouard.
Perezida Paul Kagame yatangarije abitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku bukerarugendo, ko u Rwanda rwashyizeho uburyo inyungu ziva muri pariki zigirira akamaro n’abazituriye.
Abanyarwanda baba muri Koreya y’Epfo bahuriye n’abakora muri Ambasade y’u Rwanda mu igikorwa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’Umuganura wa 2017.
Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB), umuririmbyi The Ben yakoze igitaramo cyiswe “Kwita Izina Gala Dinner” cyabereye muri Kigali Convention Center.
Meddy, umuririmbyi w’umunyarwanda ariko uba muri Amerika yageze mu Rwanda aho yaje mu gitaramo cyiswe "Beer Fest".
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yasabye abamurika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda kongera ubwiza n’ubuziranenge, abagira inama yo kurebera kuri bamwe mu banyamahanga baje kumurika ibyo bakora.
Perezida Paul Kagame yavuze ko nta cyamuteraga imbaraga mu kwiyamamaza nko kumva abaturage bamuririmbira indirimbo yamenyekanye nka “Nda ndambara yandera ubwoba”.
Perezida Kagame yashimiye amashyaka umunani yamutanzeho umukandida, by’umwihariko anashimira abakandida babiri bari bahanganye na we mu matora.
Perezida Paul Kagame warahiye ku mugaragaro kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, yavuze ko nta gihugu nta kimwe u Rwanda rufata nk’umwanzi.
Perezida Paul Kagame umukandida w’ishyaka FPR-Inkotanyi, watsinze amatora yo ku wa 4 Kanama 2017, amaze kurahirira kuyobora u Rwanda.
Umuhanzi The Ben ubwo yageraga mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, yatangaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu umuntu ageramo akumva atuje, yisanga kandi ntacyo yikanga.
Kigali Today irabatembereza kuri Stade Amahoro, mu gihe hasigaye amasaha atagera kuri 24 ngo habere umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame.
Abayobozi 54 b’ibigo bikomeye muri Afurika baganiriye na Perezida Paul Kagame, bamushakaho impanuro zabafasha kunoza akazi kabo no guteza imbere ibigo bayora.
Umuryango wa Rene Rutagungira, Umunyarwanda washimutiwe mu gihugu cya Uganda, ku cyumweru cyashize, urasaba ko wafashwa kugaruza uwo muvandimwe wabo.
Nyakwigendera Kunda Thérèse, wari umugore w’umuvugabutumwa KWIZERA Emmanuel yatabarutse mu cyumweru gishize tariki 6 Kanama 2017.
Kuva mu kwezi kwa Kamena kugera muri Nzeri uyu mwaka, hari abakiriya ba Banki y’Abaturage (BPR) barimo guhabwa ibihembo by’amafaranga, telefone, televiziyo, imashini yuhirira imyaka, ibyuma bikonjesha, amagare n’ibindi.
Ibyishimo ni byose mu gihugu ku bashyigikiye Paul Kagame kubera intsinzi yaraye yegukanye, mu gihe Komisiyo y’Amatora yo ikomeje gukusanya amajwi ya nyuma ngo itangaze imibare ntakuka.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi niwe uyoboye urutonde rw’agateganyo mu matora, aho afite amajwi 5,433,890 angana na 98.66% mu turere twose, nk’uko bimaze gutangazwa na Komisiyo y’Amatora (NEC).