MENYA UMWANDITSI

  • Uyu mwarimukazi yigishaga kuri GS St Kizito Gikongoro

    Nyamagabe: Umwarimukazi yiyahuye nyuma yo kubeshywa akazi bakamwiba

    Umwarimukazi witwa Irikujije Christine w’imyaka 26, wigishaga ku rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Kizito rwa Gikongoro, riherereye mu Murenge wa gasaka mu Karere ka Nyamagabe, yasanzwe mu rugo iwe yapfuye nyuma yo kwiyahura.



  • Inyubako ya Kaminuza ya UTAB (Photo:Internet)

    Kaminuza ya UTAB yabonye umuyobozi mushya

    Nyiricyubahiro Musenyeri Nzakamwita Servilien, Umushumba wa Diyoseze ya Byumba, akaba anahagarariye Umuryango ‘University of Technology and Arts of Byumba’ (UTAB), yashyizeDr.Ndahayo Fidel ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya UTAB.



  • Kizito Mihigo yapfuye yiyahuye - Polisi

    Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki 17 Gashyantare 2020, ahagana saa kumi n’imwe, Kizito Mihigo w’imyaka 38 wari ufungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera yasanzwe yiyahuye arapfa.



  • Perezida Kagame na Madamu bageze ahabera #Umwiherero2020

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i Gabiro mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, mu mwiherero ubaye ku nshuro ya 17.



  • Amafoto: Kigali irimo kurimbishwa mu kwitegura inama ikomeye ya CHOGM

    Mu gihe hasigaye amezi abarirwa muri ane ngo u Rwanda rwakire inama mpuzamahanga ikomeye kurusha izindi zose rwakiriye, imyiteguro irarimbanyije by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali.



  • #Umwiherero2020: Abayobozi bageze i Gabiro - Dore uko bahagurutse i Kigali (Amafoto+Video)

    Abayobozi bagera kuri 400 baturutse mu nzego za Leta n’iz’abikorera, bageze i Gabiro mu Karere ka Gatsibo kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Gashyantare 2020, aho bazamara iminsi ine mu mwiherero ubaye ku nshuro ya 17. Abayobozi kandi basuzumwe Coronavirus mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Mwiherero. Dore uko bahagarutse i Kigali (…)



  • Agasozi bahimbye Saint Valentin kubera kwivugana umusore

    Bahise ‘kuri Saint Valentin’ kubera uwahaguye arimo gusambana

    Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gusambana) n’inkumi mu kagoroba.



  • Menya amateka y’umunsi w’abakundana witiriwe ‘Saint Valentin’

    Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano zitandukanye ziganjemo indabyo.



  • Papa Francis yanze gushyigikira umwanzuro wari watowe wemerera abagabo bo muri Amazonie kuba Abapadiri (Ifoto: Internet)

    Papa Francis yanze ko abagabo bubatse baba Abapadiri

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, Papa Francis, yangiye abagabo bafite abagore mu gace ka Amazonie ko muri Amerika y’Amajyepfo kuba Abapadiri.



  • Inzige zimaze iminsi zivugwa mu bihugu bya Afurika y

    Burundi: Biteguye guhangana n’inzige bazirya

    U Burundi buravuga ko inzige zimaze iminsi zizenguruka mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba no mu ihembe rya Afurika niziramuka zigeze i Burundi, intwaro nyamukuru bazifashisha mu guhangana na zo ari ukuzirya.



  • RIB yataye muri yombi umukozi wo mu Bushinjacyaha

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ku wa kabiri tariki 11 Gashyantare 2020 rwataye muri yombi umukozi wo mu Bushinjacyaha witwa Tuyisenge R. Christian.



  • Ikigo Keza kigiye gutangirana abana 150 biga gukora Robo

    Nyuma y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano 2019, u Rwanda rwemeje gutangiza umushinga w’icyerecyezo cy’imyaka 30, aho umwana w’Umunyarwanda azaba ashobora guhangana ku isoko mpuzamahanga ry’umurimo mu guhanga udushya, mu ndimi, kandi abasha kwinjiza akayabo kubera siyansi n’ikoranabuhanga.



  • Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera kuri Arap Moi

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa kabiri tariki 11 Gashyantare 2020, yitabiriye umuhango wo gusezera mu cyubahiro kuri Daniel Toroitich Arap Moi, wahoze ari Perezida wa Kenya, uheruka kwitaba Imana.



  • Abari bagize Orchestre Impala bavuga ko bahawe ikiraka n

    Isabukuru nziza kuri Kaberuka wegukanye Marita

    Hari ku itariki ya 11 z’ukwezi kwa Feburuwari.....Iyi tariki iyo igeze benshi bibuka indirimbo Marita y’Impala, imwe mu ndirimbo z’iyi orchestre zakunzwe cyane. Kimwe mu byatumye ikundwa ni uburyo igaruka ku nkuru mpamo yabayeho ku itariki 11 z’ukwa kabiri, ubwo umusore witwa Kaberuka yapapuraga inshuti ye umukobwa w’inshuti (…)



  • Inzige zimaze iminsi zibasiye ibice bitandukanye by

    U Rwanda rwiteguye guhangana n’ibitero by’inzige

    U Rwanda rwatangiye gufata ingamba zo guhangana n’inzige zishobora kurugeramo igihe icyo ari cyo cyose, nyuma y’uko zigaragaye mu majyaruguru ya Uganda.



  • Abitabiriye inama ya Afurika yunze Ubumwe barasuzumwa Coronavirus

    Abantu batandukanye bitabiriye inama ya Afurika yunze Ubumwe (AU) irimo kubera i Addis Ababa muri Ethiopia barasuzumwa icyorezo cya Coronavirus gikomeje kuvugwa hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu Bushinwa.



  • U Rwanda na Tunisia byagiranye amasezerano mu by’ingendo zo mu kirere

    Amasezerano u Rwanda rugiranye na Tunisia yujuje umubare w’amasezerano 101 u Rwanda rugiranye n’ibindi bihugu y’iby’ingendo zo mu kirere.



  • Icyorezo cya Coronavirus gikomeje guhangayikisha amahanga cyane cyane u Bushinwa (Ifoto: Internet)

    Coronavirus imaze kwica abasaga 900

    Umubare w’abantu bishwe na Coronavirus wazamutseho abantu 97 ejo ku cyumweru, ni wo mubare munini w’abantu iyi ndwara yishe ku munsi umwe. Automatic word wrap Inkuru ya BBC iravuga ko n’ubwo iyi ndwara itaragera ku mugabane wa Afurika, ibihugu bya Afurika byafashe ingamba zo kwirinda no kwitegura guhangana na yo mu gihe (…)



  • Jeannette Kagame yitabiriye inama ya 24 ya OAFLD

    Madame Jeannette Kagame, kuri iki cyumweru yitabiriye inamaya 24 y’umuryango w’abagore b’abakuru b’ibihugu bya Afurika ugamije iterambere (Organisation of African First Ladies for Development -OAFLD), riri kubera i Adiss Ababa muri Ethiopia.



  • KFC yafunguye ibikorwa byayo mu Rwanda

    KFC yatangije ibikorwa byayo mu Rwanda

    Sosiyete yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika isanzwe imenyerewe mu gutegura no kugeza amafunguro ku bayifuza ‘Fast Food’, yitwa KFC (Kentucky Fried Chicken), yatangije ibikorwa byayo ku mugaragaro mu Rwanda.



  • Perezida Kagame yitabiriye inama ya AU

    Perezida Kagame yageze muri Ethiopia mu nama ya AU

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama isanzwe ya 33 y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU), iri kubera ku cyicaro cy’uwo muryango I Addis Ababa muri Ethiopia.



  • Ifoto ya Dr. Li Wenliang, ubwo yari akirwariye mu bitaro (Ifoto:Internet)

    Coronavirus: Umuganga wayitanzeho amakuru bwa mbere yamwishe

    Umuganga wo mu Mujyi wa Wuhan mu Bushinwa wagerageje kuburira abantu bwa mbere ko hateye ubwoko bushya bwa coronavirus yamwishe, nkuko byatangajwe n’ibitaro yari arwayiyemo.



  • Mike Karangwa yashyizwe ku rutonde rw

    Impamvu yatumye Mike Karangwa afungwa yamenyekanye

    Mu mpera z’umwaka ushize, hamenyekanye inkuru y’itabwa muri yombi ry’umunyamakuru Jean Michel Karangwa, wamenyekanye cyane nka Mike Karangwa, bivugwa ko yari yafunzwe akekwaho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano.



  • Urugomero rwa Nyabarongo I ubu rutanga Megawatt 28

    U Rwanda n’u Bushinwa mu mushinga wo kubaka urundi rugomero rw’amashanyarazi kuri Nyabarongo

    Ibihugu by’u Rwanda n’u Bushinwa birateganya kuri uyu wa gatanu tariki 07 Gashyantare 2020 gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu kubaka urugomero rw’amashanyarazi ku mugezi wa Nyabarongo (Nyabarongo II Hydro-power project).



  • Madamu Jeannette Kagame mu masengesho yo gusabira igihugu aheruka kubera mu Rwanda tariki 12 Mutarama 2020

    USA: Madamu Jeannette Kagame yagaragaje urugendo rw’u Rwanda mu Bumwe n’Ubwiyunge

    Madamu Jeannette Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), aho yitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gushimira Imana abaye ku nshuro ya 68 azwi nka ‘National Prayer Breakfast’.



  • DJ Marnaud wari wafunzwe azira guteza urusaku yarekuwe

    Umunyamuziki uvanga imiziki (DJ), uzwi ku izina rya DJ Marnaud wari wafunzwe akekwaho gusakurisha imiziki, ubwo yari arimo acuranga mu kabari kitwa Pilipili, gaherereye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, amakuru agezweho aravuga ko yamaze kurekurwa.



  • Mu Rwanda hagiye kubakwa ishuri ryigisha gukora drones

    Leta y’u Rwanda iratangaza ko yamaze gutegura ibikenewe byose, kugira ngo hubakwe ishuri rizigishirizwamo gukora no gukoresha indege nto zitagira abapilote (drones).



  • Qatar Airways igiye kugura 49% by’imigabane ya Rwandair

    Mu gihe cy’amezi abiri gusa isinye amasezerano na Leta y’u Rwanda yo gufata imigabane 60% ingana na miliyari 1.3 y’amadolari ya Amerika, mu kubaka ikibuga cy’indege cy’i Bugesera, Kompanyi ikora ubwikorezi bwo mu kirere yo mu gihugu cya Qatar (Qatar Airways) yatangaje ko igiye kugura 49% by’imigabane ya Rwandair (Kompanyi (…)



  • Iiyi ni yo modoka Kalisa yari atwaye

    Huye: Impanuka ikomeye yahitanye umuntu umwe

    Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 Gashyantare 2020, Mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Bukomeye, Umurenge wa Mukura mu Karere ka Huye, habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Rav4, ifite ibirango bya RAD 140 Z, ihitana ubuzima bwa Pascal Kalisa Gakwaya wari uyitwaye.



  • Evode Uwizeyimana yasabye imbabazi. Gusa RIB na yo yatangiye kugenzura ibimuvugwaho byo guhohotera umugore

    RIB yatangiye iperereza kuri Evode Uwizeyimana uvugwaho guhutaza umugore

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rurimo gukora iperereza ku bivugwa kuri Evode Uwizeyimana ushinjwa guhohotera umugore wari mu kazi ko gusaka abinjira mu nyubako ya Grand Pension Plaza.



Izindi nkuru: