MENYA UMWANDITSI

  • Umuyobozi Mukuru wa SONARWA Rees Kinyangi Lulu na Aisha Uwamahoro, Umucungamutungo wa Hotel Nobilis

    Umuyobozi wa SONARWA arakekwaho kunyereza asaga miliyoni 117FRW

    Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi y’u Rwanda (SONARWA General Insurance) Rees Kinyangi Lulu, hamwe n’uwari umucungamutungo wa Hotel Nobilis Aisha Uwamahoro, bari mu maboko y’ubugenzacyaha kuva ku itariki 2 Ukwakira 2024, aho bakurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 117 Frw.



  • Toshiyuki Mimaki umwe mu bakuriye itsinda ry

    Abayapani barokotse bombe atomic bahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel

    Nihon Hidankyo, itsinda ry’abayapani barokotse ibisasu bya kirimbuzi (bombe atomic), ryatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cya 2024.



  • Icapiro rya 3D rikora insimburangingo z

    Abatakaje ingingo zo hejuru babonewe igisubizo

    Ihuriro ry’Amashyirahamwe y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NUDOR), mu ntangiriro z’icyi cyumweru ryamuritse icapiro rishya rishushanya insimburangingo rikanazisohora uko zakabaye, hifashishikwe ikoranabuhanga rizwi nka 3D printer, kimwe mu bikorwa biri muri gahunda yo guteza imbere ubuzima bw’ababuze ingingo bafashwa kubona (…)



  • Ahubatse Stade Amahoro na BK Arena hafatwa nk

    Abaturiye Stade Amahoro bahawe igihe ntarengwa cyo kuvugurura inyubako zabo

    Umujyi wa Kigali wasabye abafite ubutaka mu nkengero z’ahagenewe icyanya cya siporo i Remera mu Karere ka Gasabo, gutanga ibishushanyo byerekana uko bazavugurura inyubako zabo bakabitanga mu gihe kitarenze amezi abiri kugira ngo bahabwe impushya zo kubaka no gukoresha ubutaka bubahiriza igishushanyo mbonera cy’Umujyi.



  • Diddy na Oprah Gail Winfrey wamamaye cyane mu biganiro byo kuri televiziyo

    Amazina y’ibikomerezwa mu byaha bishinjwa umuraperi Diddy

    Urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy ushinjwa guhohotera abagore barimo n’uwo bigeze gucudika (Cassie Ventura), no gucuruza urubyiruko mu mibonano mpuzabitsina rukomeje kugenda ruhindura isura.



  • Gufungura ku mugaragaro byitabiriwe n

    I Kigali hatangijwe imurika bise ‘Ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi’

    Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro, kuwa Kabiri 01 Ukwakira hafunguwe ku mugaragaro imurika bise ‘Traces of the Genocide Against the Tutsi’ (Ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi).



  • Perezida William Ruto (iburyo) yahisemo Gachagua igihe biyamamazaga mu matora yo mu 2022, bagatsindaga Raila Odinga

    Kenya: Abadepite batangiye gahunda yo kuvanaho Visi Perezida

    Abadepite mu Nteko Ishinga Amageko muri Kenya, batangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo kuvanaho Visi Perezida wa Kenya.



  • Iran irimo kurasa ibisasu biremereye kuri Israel

    Muri Israel impuruza zirimo kumvikana impande zose ziburira abaturage ngo bihishe, nyuma y’uko Iran itangiye kurasayo ibisasu bya misile mu kanya kashize.



  • Menya amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA KABIRI)

    Muri iki cyegeranyo, harimo amagambo ya nyuma n’ubutumwa bwasizwe n’abantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, aribo: Mahatma Gandhi, Edson Arantes do Nascimento (Pelé), Nelson Mandela na Kobe Bean Bryant.



  • Kwamamara no guseba kw’itsinda Milli Vanilli (Girl am gonna miss you)

    Milli Vanilli ryari itsinda ry’abasore babiri bo mu Budage, Fab Morvan na Rob Pilatus, bakahanyujije mu gihe kitageze ku myaka ibiri, kuko itsinda ryabayeho guhera mu 1988 kugeza mu 1990, isi imaze kumenya ko amajwi n’umuziki twumvaga bitari ibyabo.



  • Abanjye mbarinda itangazamakuru - Scovia Mutesi

    Umunyamakuru Scovia Mutesi benshi bakunze kwita Mama Urwagasabo, ni umubyeyi wubatse, uri hafi kuzuza imyaka 40, akaba umwana wa gatandatu mu bana icyenda.



  • Abayoboye u Rwanda kuva mu 1994 - 2000-2024

    Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1962 – 2024… (IGICE CYA GATATU)

    Nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no gutsinda urugamba rwo kubohora igihugu, ingabo za RPF Inkotanyi zari ziyobowe na Paul Kagame, zashyizeho Guverinoma y’Ubumwe bw’Abanyarwanda muri leta y’inzibacyuho ku itariki 19 Nyakanga 1994, iyobowe na Pasteur Bizimungu nka Perezida, na Maj. Gen Paul Kagame nka Visi (…)



  • Umuvandimwe wa Michael Jackson, Tito Jackson yitabye Imana

    Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana.



  • Benjamin Zalman-Polun, Marcel Malanga na Tyler Thompson ni Abanyamerika bakatiwe urwo kwicwa bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri RD Congo

    Abanyamerika n’Abongereza muri 37 bakatiwe urwo gupfa muri RD Congo

    Abantu 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n’Umunyakada bakatiwe igihano cy’urupfu ku byaha bashinjwa byo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi wa RDC.



  • Dore uko icupa rya PRIMUS ryagiye rihinduka 1959 – 2024

    Inzoga isembuye ya PRIMUS yatangiye gukorwa n’Uruganda rwa Brasseries, Limonaderies et Malteries SARL (BRALIMA) guhera mu 1923, mu mujyi wa Léopoldville mu cyahoze ari Congo Bélge ku bukoloni bw’Ababiligi, nyuma gihinduka Zaire nyuma y’ubwigenge. Ubu ni Repubulika ya Demukarasi ya Congo.



  • Perezida Samia Suluhu Hassan yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry

    Tanzania: Perezida Samia Suluhu Hassan yamaganye iyicwa ry’utavuga rumwe na we

    Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yamaganye ubwicanyi ndengakamere bwakorewe umuyoboke mukuru w’ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi, washimuswe, agakubitwa bikomeye ndetse akanemenwa aside mu isura.



  • Kigali: Imbere ya ‘Downtown’ habereye impanuka idasanzwe

    Mu Mujyi wa Kigali munsi y’ikibuga baparikamo imodoka nto, imbere y’inzu izwi nka ‘Downtown’ imodoka y’ijipe itari irimo umuntu yimanuye, iragenda irenga umukingo, igwa mu muferege wa sima uri ku muhanda muto w’ibumoso umanuka uva kuri Downtown.



  • Perezida w

    U Bushinwa: Perezida Xi yijeje Afurika kuyihangira imirimo miliyoni

    Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yijeje Afurika ko azayihangira byibuze imirimo miliyoni muri gahunda igihugu cye kihaye yo kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi mu iterambere ry’ibihugu bikiri inyuma mu nganda.



  • Ni muntu ki: Ubuzima bwa Twagirayezu Cassien waririmbye ‘Muhoza wanjye’

    Twagirayezu Cassien ni umwe mu bahanzi bakahanyujije ahagana mu myaka ya za 80-90, mu ndirimbo z’urukundo, impanuro n’ubuzima rusange. Mu ndirimbo ze zakunzwe cyane harimo iyitwa ‘Muhoza wanjye’ ikunze gusubirwamo mu birori by’ubukwe n’abahanzi bo muri iki gihe by’umwihariko uwitwa Cyusa Ibrahim.



  • Beijing: Inama ya FOCAC2024, igihe cyo kuringaniza umunzani w’ubucuruzi

    Mu gihe u Bushinwa na Afurika byongeye guhura ku nshuro ya Cyenda nama ihuza Abayobozi b’ibihugu bya Afurika n’u Bushinwa (FOCAC), Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kiravuga ko mu myaka 20 ishize, imikoranire y’u Bushinwa n’amahanga (diplomacy) yatanze umusaruro ufatika.



  • Utuntu n’utundi: Dore amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA MBERE)

    Iki ni icyegeranyo ku magambo yavuzwe na bamwe mu bantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, uhereye ku bavugwa mu iyobokamana, muri filimi, muri politike, mu mikino n’imyidagaduro, abahanzi n’abandi. Ni amagambo bavuze mu minota ya nyuma y’ubuzima bwabo, hari n’abo habaga habura gato ngo bashiremo umwuka.



  • Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1973 - 1994 (Igice cya kabiri)

    Mu gice cyabanje twababwiye abaperezida babiri bayoboye u Rwanda, none tugarutse kubabwira abandi babakurikiye. Nyuma ya Gregoire Kayibanda wabaye perezida wa repubulika ya mbere, igice cya kabiri cy’iyi nkuru kiribanda kuri Juvenal Habyarimana wabaye perezida muri repubulika ya kabiri kuva mu 1973 kugeza apfuye yishwe mu (…)



  • Umunya Kenya Collins Jumaisi Khalusha ushinjwa kwica abagore 42 barimo n

    Kenya: Ukekwaho ubwicanyi ruharwa yatorotse uburoko

    Umuntu ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa muri Kenya yatorotse uburoko, none abashinzwe umutekano barimo kumuhigisha uruhindu nk’uko byatangajwe na polisi muri icyo gihugu.



  • U Butaliyani: Habonetse umurambo w’umuntu umwe muri 15 barohamye

    Abashinzwe ubutabazi mu mujyi wa Sicily mu Butaliyani bakomeje guhura n’akazi katoroshye ko kugera mu bice by’imbere by’ubwato bw’abaherwe bwo mu Bwongereza, bwarohamye mu rukerera rwo kuwa Mbere 19 Kanama 2024.



  • Mike Lynch, umuherwe w

    U Butaliyani: Umuherwe Mike Lynch mu baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato

    Umwongereza w’umuherwe mu bijyanye n’ikoranabuhanga Mike Lynch ni umwe mu bantu batandatu batarabonerwa irengero nyuma y’impanuka y’ubwato bw’abaherwe bwarohamye mu nyanja hafi y’umujyi wa Sicily mu rukerara rwo kuri uyu wa mbere.



  • Abatagarutse muri Guverinoma si uko birukanywe - Perezida Kagame

    Perezida w’u Rwanda yavuze ko abahoze ari Abaminisitiri muri Guverinoma yacyuye igihe bakaba batarisanze muri Guverinoma nshya yarahiye kuri uyu wa mbere 19 Kanama 2024, bitavuze ko birukanywe.



  • Alain Delon mu mwuga wa filimi yafatwaga nk

    Icyamamare muri sinema y’Abafaransa Alain Delon yitabye Imana ku myaka 88

    Uyu mugabo ni umwe mu bakinnyi ba filimi batumye sinema y’u Bufaransa igira ibihe byiza, akaba yaramenyekanye cyane akina nk’umuntu utisukirwa muri filimi zakunzwe cyane zirimo iyitwa Le Samouraï mu 1967.



  • Mu Burayi havuguruwe ingamba zo guhashya no gukumira icyorezo cya Mpox

    Mpox: Abakora ingendo za hato na hato basabwe kwikingiza

    Abantu bakunze gukora ingendo hirya no hino ku isi bagiriwe inama yo kwikingiza mu gihe baba bagiye mu bice by’umugabane wa Afurika byamaze kugaragaramo icyorezo cy’ubushita bw’inkende (Mpox).



  • Abayoboye u Rwanda kuva mbere na nyuma y

    Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1962-1973 (Igice cya mbere)

    Mu gice cya mbere cy’iyi nkuru ishingiye ku mateka turabagezaho incamake ku bagabo babiri bategetse u Rwanda guhera mu 1961 kugeza mu 1973 nyuma y’ubwigenge igihugu cyari kimaze guhabwa n’Abakoloni b’Ababiligi.



  • MSF iremeza ko ubushita bw

    RDC: Ubushita bumaze guhitana abarenga 600

    Ishyirahamwe ry’Abaganga Batagira Imipaka Médecins Sans Frontières (MSF), ryatangaje ko abantu 654 ari bob amaze kwicwa n’icyorezo cy’ubushita bw’inkende (mpox).



Izindi nkuru: