MENYA UMWANDITSI

  • Abayoboye u Rwanda kuva mu 1994 - 2000-2024

    Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1962 – 2024… (IGICE CYA GATATU)

    Nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no gutsinda urugamba rwo kubohora igihugu, ingabo za RPF Inkotanyi zari ziyobowe na Paul Kagame, zashyizeho Guverinoma y’Ubumwe bw’Abanyarwanda muri leta y’inzibacyuho ku itariki 19 Nyakanga 1994, iyobowe na Pasteur Bizimungu nka Perezida, na Maj. Gen Paul Kagame nka Visi (…)



  • Umuvandimwe wa Michael Jackson, Tito Jackson yitabye Imana

    Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana.



  • Benjamin Zalman-Polun, Marcel Malanga na Tyler Thompson ni Abanyamerika bakatiwe urwo kwicwa bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri RD Congo

    Abanyamerika n’Abongereza muri 37 bakatiwe urwo gupfa muri RD Congo

    Abantu 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n’Umunyakada bakatiwe igihano cy’urupfu ku byaha bashinjwa byo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi wa RDC.



  • Dore uko icupa rya PRIMUS ryagiye rihinduka 1959 – 2024

    Inzoga isembuye ya PRIMUS yatangiye gukorwa n’Uruganda rwa Brasseries, Limonaderies et Malteries SARL (BRALIMA) guhera mu 1923, mu mujyi wa Léopoldville mu cyahoze ari Congo Bélge ku bukoloni bw’Ababiligi, nyuma gihinduka Zaire nyuma y’ubwigenge. Ubu ni Repubulika ya Demukarasi ya Congo.



  • Perezida Samia Suluhu Hassan yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry

    Tanzania: Perezida Samia Suluhu Hassan yamaganye iyicwa ry’utavuga rumwe na we

    Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yamaganye ubwicanyi ndengakamere bwakorewe umuyoboke mukuru w’ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi, washimuswe, agakubitwa bikomeye ndetse akanemenwa aside mu isura.



  • Kigali: Imbere ya ‘Downtown’ habereye impanuka idasanzwe

    Mu Mujyi wa Kigali munsi y’ikibuga baparikamo imodoka nto, imbere y’inzu izwi nka ‘Downtown’ imodoka y’ijipe itari irimo umuntu yimanuye, iragenda irenga umukingo, igwa mu muferege wa sima uri ku muhanda muto w’ibumoso umanuka uva kuri Downtown.



  • Perezida w

    U Bushinwa: Perezida Xi yijeje Afurika kuyihangira imirimo miliyoni

    Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yijeje Afurika ko azayihangira byibuze imirimo miliyoni muri gahunda igihugu cye kihaye yo kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi mu iterambere ry’ibihugu bikiri inyuma mu nganda.



  • Ni muntu ki: Ubuzima bwa Twagirayezu Cassien waririmbye ‘Muhoza wanjye’

    Twagirayezu Cassien ni umwe mu bahanzi bakahanyujije ahagana mu myaka ya za 80-90, mu ndirimbo z’urukundo, impanuro n’ubuzima rusange. Mu ndirimbo ze zakunzwe cyane harimo iyitwa ‘Muhoza wanjye’ ikunze gusubirwamo mu birori by’ubukwe n’abahanzi bo muri iki gihe by’umwihariko uwitwa Cyusa Ibrahim.



  • Beijing: Inama ya FOCAC2024, igihe cyo kuringaniza umunzani w’ubucuruzi

    Mu gihe u Bushinwa na Afurika byongeye guhura ku nshuro ya Cyenda nama ihuza Abayobozi b’ibihugu bya Afurika n’u Bushinwa (FOCAC), Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kiravuga ko mu myaka 20 ishize, imikoranire y’u Bushinwa n’amahanga (diplomacy) yatanze umusaruro ufatika.



  • Utuntu n’utundi: Dore amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA MBERE)

    Iki ni icyegeranyo ku magambo yavuzwe na bamwe mu bantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, uhereye ku bavugwa mu iyobokamana, muri filimi, muri politike, mu mikino n’imyidagaduro, abahanzi n’abandi. Ni amagambo bavuze mu minota ya nyuma y’ubuzima bwabo, hari n’abo habaga habura gato ngo bashiremo umwuka.



  • Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1973 - 1994 (Igice cya kabiri)

    Mu gice cyabanje twababwiye abaperezida babiri bayoboye u Rwanda, none tugarutse kubabwira abandi babakurikiye. Nyuma ya Gregoire Kayibanda wabaye perezida wa repubulika ya mbere, igice cya kabiri cy’iyi nkuru kiribanda kuri Juvenal Habyarimana wabaye perezida muri repubulika ya kabiri kuva mu 1973 kugeza apfuye yishwe mu (…)



  • Umunya Kenya Collins Jumaisi Khalusha ushinjwa kwica abagore 42 barimo n

    Kenya: Ukekwaho ubwicanyi ruharwa yatorotse uburoko

    Umuntu ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa muri Kenya yatorotse uburoko, none abashinzwe umutekano barimo kumuhigisha uruhindu nk’uko byatangajwe na polisi muri icyo gihugu.



  • U Butaliyani: Habonetse umurambo w’umuntu umwe muri 15 barohamye

    Abashinzwe ubutabazi mu mujyi wa Sicily mu Butaliyani bakomeje guhura n’akazi katoroshye ko kugera mu bice by’imbere by’ubwato bw’abaherwe bwo mu Bwongereza, bwarohamye mu rukerera rwo kuwa Mbere 19 Kanama 2024.



  • Mike Lynch, umuherwe w

    U Butaliyani: Umuherwe Mike Lynch mu baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato

    Umwongereza w’umuherwe mu bijyanye n’ikoranabuhanga Mike Lynch ni umwe mu bantu batandatu batarabonerwa irengero nyuma y’impanuka y’ubwato bw’abaherwe bwarohamye mu nyanja hafi y’umujyi wa Sicily mu rukerara rwo kuri uyu wa mbere.



  • Abatagarutse muri Guverinoma si uko birukanywe - Perezida Kagame

    Perezida w’u Rwanda yavuze ko abahoze ari Abaminisitiri muri Guverinoma yacyuye igihe bakaba batarisanze muri Guverinoma nshya yarahiye kuri uyu wa mbere 19 Kanama 2024, bitavuze ko birukanywe.



  • Alain Delon mu mwuga wa filimi yafatwaga nk

    Icyamamare muri sinema y’Abafaransa Alain Delon yitabye Imana ku myaka 88

    Uyu mugabo ni umwe mu bakinnyi ba filimi batumye sinema y’u Bufaransa igira ibihe byiza, akaba yaramenyekanye cyane akina nk’umuntu utisukirwa muri filimi zakunzwe cyane zirimo iyitwa Le Samouraï mu 1967.



  • Mu Burayi havuguruwe ingamba zo guhashya no gukumira icyorezo cya Mpox

    Mpox: Abakora ingendo za hato na hato basabwe kwikingiza

    Abantu bakunze gukora ingendo hirya no hino ku isi bagiriwe inama yo kwikingiza mu gihe baba bagiye mu bice by’umugabane wa Afurika byamaze kugaragaramo icyorezo cy’ubushita bw’inkende (Mpox).



  • Abayoboye u Rwanda kuva mbere na nyuma y

    Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1962-1973 (Igice cya mbere)

    Mu gice cya mbere cy’iyi nkuru ishingiye ku mateka turabagezaho incamake ku bagabo babiri bategetse u Rwanda guhera mu 1961 kugeza mu 1973 nyuma y’ubwigenge igihugu cyari kimaze guhabwa n’Abakoloni b’Ababiligi.



  • MSF iremeza ko ubushita bw

    RDC: Ubushita bumaze guhitana abarenga 600

    Ishyirahamwe ry’Abaganga Batagira Imipaka Médecins Sans Frontières (MSF), ryatangaje ko abantu 654 ari bob amaze kwicwa n’icyorezo cy’ubushita bw’inkende (mpox).



  • Sheikh Mujibur Hasina wari Minisitiri w

    U Buhinde buryamiye amajanja nyuma y’ihirikwa rya Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh

    U Buhinde bwohereje abandi basirikare ku mupaka wabwo na Bangladesh nyuma y’akaduruvayo ka politike kari muri icyo gihugu cy’abaturanyi ,kakurikiwe no guhirika ubutegetsi bwa Minisitiri w’Intebe Sheikh Mujibur Hasina nyuma y’imyigaragambyo yaguyemo abantu hafi 300.



  • Wenceslas Twagirayezu ushinjwa Jenoside yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

    Urukiko rw’Ubujurire rwa Kigali kuri uyu wa Gatatu 31 Nyakanga rwategetse ko Wenceslas Twagirayezu ahanishwa igifungo cy’imyaka 20, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya Jenoside, yari yaragizweho umwere n’Urukiko Rukuru.



  • Visi Perezida wa USA, Kamala D. Harris

    Ibigwi bya Kamala Harris ugiye guhatana na Donald Trump mu matora

    Kamala D. Harris ni Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kuva mu 2021, akaba yariyemeje no guhatanira kuyobora igihugu mu matora ateganyijwe mu Gushyingo 2024 nyuma yo gusimbura umukambwe Joe Biden wakuyemo ake karenge kubera iza bukuru.



  • Corneille Nangaa, umuyobozi wa Alliance Fleuve Congo (AFC) irwanya ubutegetsi bwa RDC

    RDC: Urukiko rurashinja abayobozi ba M23 ibyaha by’intambara n’ubugambanyi

    Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, rwatangije urubanza ruregwamo Corneille Nangaa, umuyobozi w’ihuriro rya politike rifite n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC), rirwanya Guverinoma ya Perezida Félix Tshisekedi nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru Xinhua .



  • Kamala Harris yagiriwe icyizere cyo gusimbura Biden mu kwiyamamaza

    USA: Kamala Harris yagiriwe icyizere cyo gusimbura Biden mu kwiyamamaza

    Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Harris yegukanye ubwiganze bw’amajwi y’intumwa z’ishyaka ry’abademukarate (Democrats) bifuza ko ari we usimbura Perezida Joe Biden mu matora y’Umukuru w’Igihugu.



  • Ishyaka UNAR ryashinzwe n

    Imiterere y’amashyaka mbere na nyuma y’ubwigenge

    Mbere y’itanga ry’Umwami Mutara wa III Rudahigwa, ihirikwa ry’ingoma ya murumuna we Kigeli V Ndahindurwa, impinduramatwara yo mu 1959, n’ingirwa-bwigenge yo mu 1962, mu Rwanda hahoze amashyirahamwe yari agamije guharanira inyungu zitandukanye zirimo iz’uturere abayashinze bakomokagamo.



  • Biniam Girmay

    Umunya-Eritrea Biniam Girmay yegukanye agace ka Tour de France

    Si rimwe, si kabiri ahubwo ni ubugira gatatu Biniam Girmay yereka amahanga ko ari igihangange mu kunyonga igare, akegukana agace k’iri siganwa ryo mu rwego rwo hejuru, ndetse akaba ari nawe munyafurika w’umwirabura wa mbere wegukanye agace ka Tour de France.



  • Ingendo zo mu ndege ziri mu bikorwa byahungabanye cyane kubera virusi yinjiye muri Windows

    Serivisi zikenera ikoranabuhanga ku isi zongeye kuzanzamuka nyuma yo guhagarara

    Ibikorwa by’ubucuruzi na serivisi zitandukanye zo ku rwego rw’isi byatangiye kuzanzamuka buhoro buhoro nyuma y’uko umugera (virusi) ya karahabutaka yinjiye muri za mudasobwa amasaha menshi hagati yo kuwa Kane no kuwa Gatanu.



  • Uko wagabanya ibinure byo ku nda mu minsi itatu

    Mbere y’uko turebera hamwe ibiribwa n’ibinyobwa ushobora kwifashisha kugira ngo ugabanye ibinure byo ku nda mu minsi itatu, tubanze tubabwire ko ibi tubikesha urubuga rutanga ubujyanama ku mibereho myiza ishingiye ku biribwa: www.worldofmedicalsaviours.com



  • Raporo ya WJP 2023 yashyize u Rwanda ku mwanya wa Mbere muri Afurika mu kugendera ku mategeko

    U Rwanda ku isonga muri Afurika mu kugendera ku mategeko - Raporo y’Isi

    Raporo nshya bise ‘World Justice Report’ cyangwa se Raporo y’Ubutabera ku Isi, yerekanye ko u Rwanda rukomeje kuza ku isonga muri Afurika mu kugira ubuyobozi bugendera ku mategeko.



  • Intumwa z

    U Rwanda, Congo n’u Burundi byiyemeje kuganira ku mutekano

    Abaminisitiri bo mu Rwanda bagiye guhura na bagenzi babo bo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) n’abo mu Burundi, mu biganiro bizaba mu bihe bitandukanye ku mutekano n’ibibazo by’imibanire itameze neza hagati y’ibi bihugu, ibangamiye umutekano mu Muryango wa Afurika y’Uburasirazuba.



Izindi nkuru: