MENYA UMWANDITSI

  • Kuki benshi bakunda urusaku rw’imvura – Ubushakashatsi

    Iyo imvura irimo kugwa umuntu aryamye haba ari ninjoro cyangwa ari ku manywa ku buryo urusaku cyangwa ijwi ry’imvura rikugeraho, usanga abantu benshi bagubwa neza no kuryumva, ndetse bamwe bigatuma babasha gusinzira bitabagoye, bitandukanye n’igihe barimo kumva andi majwi asakuza.



  • Miles Kington yaragize ati Ubwenge ni ukumenya ko urunyanya ari urubuto, ubushishozi ni ukutarushyira muri salade y

    Menya ibanga riba mu nyanya n’ikawa

    Inyanya ubusanzwe ni ikiribwa cy’ingirakamaro mu mubiri w’umuntu by’umwihariko kuko kiri mu cyiciro cy’ibirinda indwara, ibigabanya ibyago byo kurwara kanseri zitandukanye, zirimo ifata udusabo tw’intangagabo (prostate), diyabete n’umutima.



  • Amazina akoreshwa mu mwanya utari uwayo

    Amwe mu mazina akoreshwa mu mwanya utari uwayo

    Hari ibintu bitandukanye bikenerwa mu buzima bwa buri munsi, urugero nk’ibinyobwa, ibiribwa, ibikoresho by’isuku n’ibindi, bifite amazina mu zindi ndimi ariko ugasanga Ikinyarwanda cyarayafashe nk’amazina y’ihame no ku bindi bisa nabyo kabone n’iyo byaba bifite amazina yabyo bwite.



  • Dore ibyiza byo kugenda n’amaguru buri munsi

    Hari siporo zitandukanye abantu bakora kugira ngo bakomeze kugira ubuzima buzira umuze, abandi bagakora iz’umwuga nk’akazi kababeshejeho, ariko hari indi siporo yoroshye kandi ifitiye akamaro kanini abayikora itanagombera ibikoresho runaka. Iyo nta yindi ni siporo yo KUGENDA.



  • Abarenga ibihumbi 166 bishwe n’ubushyuye bukabije-OMS

    Raporo iri ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/HWO), ivuga ko abantu barenga 166.000 bishwe n’ubushyuhe bukabije hagati ya 1998 – 2017



  • Menya impamvu imbwa zizunguza imirizo

    Uburyo imbwa zizunguza umurizo bushobora kugira ibisobanuro bitandukanye. Mu gihe injangwe zigaragaza uko zimerewe zikoresheje uburyo bwo guhirita, imbwa zo zibanda cyane ku gukoresha umubiri wazo nk’uko byemezwa n’ikinyamakuru Psychology Today.



  • Guhuza izi nyito bikomoka ku ikosa ryakozwe n

    Guhuza izi nyito byavuye he?

    Urubuga Quora.com ruvuga ko kwitiranya ijambo avocat nk’urubuto na avocat nk’umunyamategeko bikomoka ku ikosa ryakozwe n’Icyongereza cyo ha mbere mu gihe cyo gutiririkanya amagambo.



  • Bob Marley yakundaga Imana cyane

    Bob Marley ntiyemeraga uburyo Bibiliya yigishijwe

    Umuhanzi Bob Marley, abenshi mu bamumenye bamuzi nk’umugabo wazamuye injyana ya Reggae akayigeza ku rwego mpuzamahanga, abandi bakamufata nk’umuntu wagenderaga ku myemerere ya Rastafarianism ifite inkomoko ku ngoma y’Umwami Haile Selassie wa Ethiopia.



  • Ikiganirompaka cya mbere hagati ya Trump na Biden

    USA: Biden yaremye agatima abakomeje kumutera icyizere kubera ko ashaje

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Joe Biden, yasubije abamaze iminsi bavuga ko bahangayikishijwe n’imyaka ye, abwira abamushyigikiye mu ijambo rikakaye ko yizeye indi ntsinzi mu matora yo mu Gushyingo. Ni nyuma y’ikiganirompaka cyatumye benshi bicuza impamvu yongeye kwiyamamaza mu izina ry’aba demukarate (…)



  • Iterambere ry’ubukerarugendo n’ibikorwa remezo: Habaye ah’abagabo

    Kuva u Rwanda rwabaho hari byinshi byakozwe bigana ku iterambere mu byiciro binyuranye by’ubuzima. N’ubwo tutavuga ko byari biri ku rwego rwo hejuru, ariko byatwaraga imbaraga igihugu n’abanyarwanda. Jenoside yakorewe abatutsi ibaye, igihugu cyahise gisubira hasi kuko cyabuze abantu ndetse n’ibikorwa remezo birangirika. Muri (…)



  • Indirimbo

    Dore indirimbo eshanu z’ibanze zivuga ku matora ya 2024

    Mu gihe kitageze ku kwezi, Abanyarwanda bazaba babukereye kwihitiramo Umukuru w’Igihugu uzayobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere.



  • Dr Vincent Biruta yahererekanyije ububasha na Alfred Gasana wari Minisitiri w’Umutekano

    Dr Vincent Biruta wari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, kuri uyu wa Kabiri 18 Kamena yahererekanyije ububasha na Alfred Gasana wari Minisitiri w’Umutekano imbere mu gihugu.



  • Bill Anders wafotoye Isi bwa mbere ari ku Kwezi

    Umupilote wafotoye Isi bwa mbere yaguye mu mpanuka y’indege

    Umupilote w’icyogajuru Apollo 8, Bill Anders, wafashe amafoto yamamaye cyane ari mu isanzure, yitabye Imana ku myaka 90 y’amavuko aguye mu mpanuka y’indege.



  • Umuraperi Sean

    USA: Kaminuza ya Howard yambuye Puff Daddy impamyabumenyi y’icyubahiro

    Inama y’ubuyobozi bwa Kaminuza ya Howard University ifite inkomoko ku mateka y’abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington DC, yambuye umuhanzi w’injyana ya hip-hop Sean "Diddy" Combs impamyabumemyi y’icyubahiro yari yaramugeneye mu 2014.



  • Mexico: Umuyobozi w’umujyi yishwe arashwe

    Abantu bitwaje intwaro bishe umuyobozi w’umujyi w’umugore muri Mexico, nyuma y’amasaha macye igihugu kiri mu birori by’intsinzi ya Claudia Sheinbaum nk’umugore wa mbere watorewe kuyobora igihugu.



  • Uganda: Abanyarwanda babiri bafunzwe bakekwaho ubwicanyi

    Police ya Uganda yataye muri yombi uwitwa Kwizera Désiré n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga akazi ko mu rugo i Kabale muri Uganda bakekwaho kwica uwari shebuja.



  • Rupert Murdoch w

    Umuherwe Rupert Murdoch yakoze ubukwe ku nshuro ya gatanu

    Umuherwe ukora mu bijyanye n’itangazamakuru Rupert Murdoch yarongoye ku nshuro ya gatanu mu bukwe bwabereye mu busitani bwe bwo muri California kuwa Gatandatu 01 Kamena.



  • Trump yavuze ko imikirize y

    USA: Trump yikomye abacamanza nyuma yo guhamwa n’ibyaha 34

    Donald Trump yateje impagarara nyuma yo guhamwa n’ibyaha 34 byo gukoresha inyandiko mpimbano mu bucuruzi, mu rubanza rw’amateka rwaberaga i New York.



  • Mu baminisitiri 54 bari muri guverinoma nshya ya Congo, 17 ni abagore barimo na Minisitiri w

    RDC: Tshisekedi yahinduye guverinoma havamo batatu

    Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi, kuwa Kabiri 28 Gicurasi yahinduye guverinoma yinjizamo abaminisitiri bashya abandi bahindurirwa imirimo.



  • John Muchiri Kamunge, muramu wa Agnes Wanjiru bivugwa ko wishwe n

    Kenya: Batangiye kumva ibyaha bishinjwa ingabo z’u Bwongereza

    Ubutabera bwo muri Kenya kuri uyu wa Kabiri bwatangiye kwakira ibirego bishinja ingabo z’u Bwongereza zikambitse muri icyo gihugu bwigeze gukoroniza.



  • Mufti mushya, Sheikh Mussa Sindayigaya

    Mufti w’u Rwanda mushya Sheikh Mussa Sindayigaya ni muntu ki?

    Ku Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, Abahagarariye Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) batoye abayobozi bashya, Sheikh Mussa Sindayigaya aba ari we ugirirwa icyizere cyo kuba Mufti mushya w’u Rwanda mu matora yabaye ari we mukandida wenyine.



  • Perezida wa Repubulika ya Czech yakomerekeye mu isiganwa rya moto

    Perezida wa Repubulika ya Czech Petr Pavel yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugushwa na moto yari atwaye ari mu isiganwa arakomereka, nk’uko byemejwe n’abashinzwe itangazamakuru mu biro bye.



  • Barikana Eugène yasabiwe gufungwa imyaka ibiri

    Barikana Eugène yasabiwe gufungwa imyaka ibiri

    Ubushinjacyaha bw’u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2024 bwasabiye Barikana Eugène wahoze ari umudepite mu Nteko Ishingamategeko, gufungwa imyaka ibiri nyuma yo gusanganwa intwaro iwe mu rugo.



  • Ed Dwight yari asanzwe ari umupilote mu ngabo za USA

    USA: Nyuma y’imyaka isaga 60 yitoza, umukambwe w’imyaka 90 yashyize ajya mu isanzure

    Umunyamerika w’umwirabura witwa Ed Dwight wari umaze imyaka 63 ategereje kwemererwa kujya mu isanzure, ku Cyumweru tariki 19 Gicurasi inzozi ze zabaye impamo abasha kurigeramo ari mu cyogajuru kitwa Blue Origin.



  • Sasa amashuka y

    Dore uko wagabanya ubushyuhe mu gihe cy’impeshyi

    Amezi ya Kamena (6), Nyakanga (7) na Kanama (8) ni amezi ashyuha cyane kubera izuba ryinshi mu gihe kizwi nk’Impeshyi mu mvugo y’abahinzi. Ni igihe usanga abantu babura amahoro kubera ubushyuhe burenze urugero byagera ninjoro ho bikaba ibindi bindi.



  • Arabiya Sawudite yasubitse iyicwa ry’Umunyakenya

    Umunyakenya wagombaga guhanishwa igihano cy’urupfu muri Arabiya Sawudite (Saudi Arabia), yari agiye kwicwa, bihagarikwa ku munota wa nyuma kubera ubukangurambaga bwo mu rwego rwo hejuru burimo gucicikana ku mbuga nkoranyambaga bumutabariza.



  • Umuhanzi Birori Phénéas

    Amateka ababaje y’umuhanzi Birori Phénéas waririmbye ‘Ndayi ndayi nda ti,ti,ti’

    Umuhanzi Birori Phénéas, ni we wahimbye indirimbo yitwa ‘Guhinga birananiye’ bamwe bari bazi ko yitwa ‘Indayi ndayi, ndayi, nda ti, ti, ti…’ ubwo yigaga muri Collège Officiel de Kigali (COK), ishuri ryari rifite Orchestre y’abanyeshuri baririmbye indirimbo zanyuze benshi mu gihe cyabo (1972 - 1978).



  • Niyigaba Vincent n

    Umunsi wa nyuma wa Niyigaba Vincent waririmbye ‘Izuba rirarenze’

    Nyakwigendera Niyigaba Vincent wamenyekanye mu ndirimbo bakunze kwita iza ‘buracyeye’ cyane cyane Izuba rirarenze, Nyaruka nyarukirayo, Nkubwire iki na Yanze gutaha mbigire nte? Ni umwe mu bahanzi bo hambere bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.



  • Menya guhitamo indorerwamo z’izuba zikubereye

    Uretse kuba zirinda amaso kwangizwa n’imirasire y’izuba, indorerwamo z’izuba abandi bita anti-soleil cyangwa sunglasses ni kimwe mu byo abantu bambara bagamije kugaragara neza mu isura.



  • Rwabukwisi Vincent

    Rwabukwisi Ravi, umunyamakuru waharaniye ukuri kugeza akuzize

    Mu ntangiriro z’itangazamakuru ry’u Rwanda, harimo igitangazamakuru cyigenga cyabayeho mu gihe cy’ubukoroni, ubwo Kiliziya Gatolika yari iri mu nkubiri yo kwamamaza ivanjili. Icyo gihe ni bwo habayeho ikinyamakuru cyitwaga Kinyamateka mu 1933 na Dialogue mu 1967 byari bifite umurongo ushingiye ku kwamamaza gahunda za Kiliziya.



Izindi nkuru: