MENYA UMWANDITSI

  • Uko Orchestre Les 8 Anges yasenyutse nyuma yo kwibwa piano ihenze

    Itsinda ry’abacuranzi n’abahanzi ryitwaga Orchestre Les 8 Anges (Abamalayika 8), ryabonye izuba ahagana mu 1979 ku Muhima mu Mujyi wa Kigali, ritangijwe n’abana bo mu muryango wa nyakwigendera Gasana Gaëtan (Kayitani), n’abandi bo mu miryango y’inshuti ze.



  • Niba upfobya agapfukamunwa, iyi nkuru irakureba

    Mbere y’uko icyorezo cya COVID-19 cyaduka mu Bushinwa mu 2019 kigakwirakwira hirya no hino ku isi n’u Rwanda kitarusize, cyera numvaga ko agapfukamunwa ari ak’abakora kwa muganga, mu bigo bikora ubushakashatsi bushingiye ku butabire (laboratoire) no mu nganda gusa, ku buryo iyo nahuraga n’umuntu ukambaye mu Rwanda nabonaga (…)



  • Karangwa Jean Marie Vianney warokokeye kuri Ste Famille

    Nangiwe kwiga iseminari bavuga ngo nabyawe n’indaya - Ubuhamya

    Karangwa Jean Marie Vianney, umwe mu banyamahirwe yagerwaga ku mashyi warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Paruwase y’Umuryango Mutagatifu (Ste Famille), avuga ko ubwo papa we Karangwa Stanislas, yajyaga kumusabira kwiga mu iseminari, abari babishinzwe bamubwiye ko badashobora kwakira abana bo mu mujyi ngo kuko “ba (…)



  • Ifoto Peter Fahrenholtz yafashe mu mujyi wa Goma

    I Goma ubuzima bumeze neza - Uwahoze ari Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda

    Peter Fahrenholtz wigeze guhagararira u Budage mu Rwanda, yavuze ko nta bibazo by’imibereho bikeneye ubutabazi biri muri Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), umujyi ugenzurwa n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.



  • Hari abajya bamburira ngo sinkavuge ibintu uko biri ntazicwa – Paul Kagame

    Perezida w’u Rwanda Kagame Paul yavuze ko hari abantu bajya bamubwira ngo azarekere kujya avuga ibintu byose uko biri ngo batazamwica. Umukuru w’igihugu yabivugiye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gusozi, mu ijambo ritangiza icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Isaha isigaye ari icyambarwa cy

    Menya inkomoko y’isaha no kubara igihe

    Inkomoko y’isaha umuntu ashobora kuyirebera mu myaka isaga ibihumbi bitatu (3000). Uburyo bwa mbere buzwi bwakoreshwaga mu kugereranya igihe, kwari ugushinga inkoni mu butaka igihe harimo kuva izuba, no gukurikirana uko igicucucucu cyayo kigenda cyimuka uko umunsi ugenda ushira.



  • Panthères Noirs mu kibuga cyayo kuri Camp Kigali mu myaka ya za 90

    Panthères Noires: Kera habayeho urugomo muri ruhago

    Mu Rwanda, kujya kureba umupira w’amaguru ni ibintu bikundwa na benshi cyane cyane urubyiruko, abasore n’inkumi, abagabo n’abagore n’ubwo hari n’abasaza batahatangwa by’umwihariko ababyirutse bawuconga.



  • Zelensky avuga ko Putin atagombye kugorana mu biganiro by

    Putin agomba kureka gusaba ibitari ngombwa mu masezerano y’amahoro - Zelensky

    Mu nama yagiranye n’Abakuru b’ibihugu by’u Burayi kuri uyu wa Kane, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, agomba kurekaraho kuruhanya kugira ngo impande zombi zibashe kugirana amasezerano yo guhagarika imirwano.



  • USA: Umucamanza wa Leta yatambamiye ihagarikwa rya USAID

    Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika USA, Umucamanza wa Leta yatambamiye ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump, mu mugambi wabwo wo gukinga Ikigo gitera inkunga iterambere mpuzamahanga (USAID).



  • Joseph Kabila yaherukaga mu biganiro by

    Abaturage ba Congo barifuza amahoro - Joseph Kabila

    Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), aravuga ko abaturage ba Congo biteguye gushakira amahoro arambye igihugu cyabo.



  • Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze – Iherezo

    Tumaze iminsi tubagezaho inkuru ya Pierre wakatiwe igihano cyo kwicwa ariko akaza gutabarwa n’urukundo rw’imbwa ye ku munota wa nyuma. Ubwo dusoza iyi nkuru, Pierre ashoje urugamba rw’ingenzi aratashye, na Hugo ye bageze imuhira.



  • Umugabo wa Dolly Parton, Carl Dean yitabye Imana

    Umugabo wa Dolly Parton, Carl Dean yatabarutse ku myaka 82

    Umugabo wa Dolly Parton, icyamamare mu njyana ya Country Music, Carl Dean, bari bamaranye hafi imyaka 60, yitabye Imana ku wa Mbere tariki 04 Werurwe afite imyaka 82.



  • Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), zabaye zihagaritse inkunga zateraga Ukraine mu bya gisirikare, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi muri White House mu kiganiro yagiranye na CBS News.



  • Igice cya 3: Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze - Urugamba rwa Michel

    Nyuma yo gutanga ibimenyetso, Michel yatangiye guhura n’ibibazo byo gushyirwaho iterabwoba n’abantu atazi. Umunsi umwe asanga ikirahure cy’imodoka ye cyamenetse hariho n’ubu butumwa: Ushatse wava mu byo urimo niba ukunda ubuzima bwawe. Ariko Michel ntibyamuciye intege. Yarazi ko ahanganye n’abantu babi cyane ariko inyota yo (…)



  • Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu bwa Canada

    Canada: Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu

    Muri Canada, abantu ibihumbi n’ibihumbi bashyize umukono ku nyandiko rusange isaba ko umuherwe Elon Musk yamburwa ubwenegihugu bwa Canada, mu gihe umwuka ukomeje kugenda uba mubi hagati y’ubuyobozi bwa Trump na Canada.



  • U Rwanda rwahagaritse umubano w’ubutwererane n’u Bubiligi

    Minisiteri y’u Rwanda y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET), yatangaje ko u Rwanda rwahagaritse gahunda y’ubutwererane Igihugu gisanzwe gifitanye n’u Bubiligi.



  • Pierre bamuzanira Hugo mbere yo kujyanwa mu cyumba cy

    Uko imbwa yakijije uwari ugiye kwicirwa icyaha atakoze – Igice cya 1

    Tugiye kubagezaho inkuru mbarankuru ijyanye n’ubutabera, yerekana uko umuntu ashobora kurokoka icyendaga kumukoraho, mu gihe ibyari biteganyijwe byose ngo yamburwe ubuzima ku maherere byamaze gushyirwa ku murongo.



  • ICC

    Urukiko rwa ICC rwamaganye ibihano rwafatiwe na Donald Trump

    Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwiyemeje gukomeza akazi karwo, ko gutanga ubutabera nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America (USA) Donald Trump, ashyize umukono ku iteka ryo gushyira ibihano ku bakozi barwo.



  • Ifoto yafashwe ku wa 28 MUTARAMA 1961. Dominique Mbonyumutwa(uwa kabiri i buryo) ni we wahise aba Perezida w

    Uyu munsi mu mateka: ’Coup d’Etat’ y’i Gitarama

    Nyuma y’ingirwa-mpinduramatwara yo mu 1959 yakurikiwe n’itanga ry’Umwami Mutara III Rudahigwa, igice kimwe cy’Abanyarwanda biyitaga rubanda nyamwinshi (Abahutu) badukiriye bagenzi babo b’Abatutsi (igice umwami yabarizwagamo), barabamenesha, baricwa, benshi bahunga igihugu, bigizwemo uruhare n’abakoloni b’Ababiligi.



  • Umujyi w’Abamalayika (Los Angeles City) wongeye kwibasirwa n’inkongi

    I Los Angeles muri Leta ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, hateye indi nkongi y’umuriro, ubuyobozi buvuga ko abantu barenga ibihumbi 31 bashobora gusabwa gukiza amagara yabo umwanya uwo ari wose.



  • U Rwanda rwitabiriye ibirori by’irahira rya Chapo wa Mozambique

    Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique. Perezida mushya ararahira kuri uyu wa gatatu.



  • Umwami Yuhi V Musinga 1883 - 1944

    Imyaka 80 irashize Umwami Musinga atanze

    Hari byinshi byaranze amateka bitazigera bisibangana mu mitwe y’Abanyarwanda, uhereye ku mwaduko w’abazungu mu 1894 kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’ihagarikwa ryayo mu 1994.



  • Justin Trudeau na Donald Trump

    Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US

    Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau ntiyariye amagambo, mu gushwishuriza Donald Trump wavuze ko azakoresha ingufu zishingiye ku bukungu kugira ngo yemeze Canada ko igomba kwiyunga kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) bikaba igihugu kimwe. Trudeau yavuze ko ibyo Trump arimo ari nko kwizera ko ushobora guteka ibuye (…)



  • Jean-Marie Le Pen wahakanye Jenoside yakorewe Abayahudi yitabye Imana

    Abo mu muryango wa Le Pen, wari umaze iminsi ari mu kigo cyita ku basheshe akanguhe, bavuze ko yashizemo umwuka kuri uyu wa kabiri aho yari akikijwe n’abo mu muryango we.



  • Hamas yatangaje amazina y’ingwate 34 za Israel igiye kurekura

    Umuyobozi mukuru mu mutwe wa Hamas yashyize ahagaragara urutonde ruriho amazina y’abantu 34 b’ingwate uwo mutwe wo muri Palestina uteganya kurekura mu cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano na Israel.



  • Kamala Harris araza kwemeza Trump nka Perezida wa US

    Kuri uyu wa Mbere 06 Mutara, Visi-Perezida wa USA Kamala Harris imbere y’inteko ishinga amategeko (Congress), arayobora igikorwa cyo kwemeza ibyavuye mu matora ya perezida yo mu Gushyingo 2024, yatsinzwemo na Donald Trump.



  • Saddam Hussein

    Imyaka 18 irashize Saddam Hussein yishwe

    Tariki 30 Ukuboza 2006 – 2024, imyaka 18 irashize Saddam Hussein wari Perezida wa Iraq yishwe anyonzwe (kunigishwa umugozi umanitse), nyuma yo gutabwa muri yombi n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) mu 2003, ashinjwa gutunga intwaro za kirimbuzi ariko bakaza gusanga ntazo.



  • Ubwo dusoza umwaka: ‘Kwihuta buhoro’ ni byo bifasha kubanguka

    Muri iyi isi tubayemo, aho duhozwa ku nkeke dusabwa kwihuta cyane mu byo dukora kugira ngo turusheho gutanga umusaruro no gukora byinshi, imitekerereze izwi nko ‘kwihuta gahoro’ ishobora kumvikana macuri.



Izindi nkuru: