MENYA UMWANDITSI

  • Lt Gen Mubarakh MUGANGA ni muntu ki?

    Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Lt General Mubarakh MUGANGA, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi ntagereranywa mu gisirikare cy’u Rwanda uhereye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho.



  • Nyabugogo habonetse imibiri irenga 15 y

    Nyabugogo: Habonetse imibiri irenga 15 y’abishwe muri Jenoside

    Mu mudugudu w’Umutekano, Akagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Muhima mu Mujyi wa Kigali, habonetse imibiri irenga 15 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatabwe mu nkengero z’umuhanda werekeza kuri gare ya Nyabugogo, imbere y’isoko ryo kwa Mutangana.



  • Menya uko wirinda indwara zikomoka ku biribwa

    Imibare itangwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO), igaragaza ko abantu babarirwa muri miliyoni 600 bandura indwara zikomoka ku biribwa buri mwaka.



  • Gaposho Ismael

    Amateka ya Gaposho Ismael wahimbye ‘Dore ishyano re’ mu Bamararungu

    Gaposho Ismael, ni umuririmbyi akaba n’umucuranzi wamenyekanye cyane kubera indirimbo y’amashusho yitwa ‘Dore ishyano re’ yagaragaye kenshi kuri Televiziyo y’u Rwanda ahagana mu 1992.



  • Hari abana bonka izindi ntoki zitari igikumwe

    Konka intoki: Impamvu n’umuti wabyo

    Konka intoki cyane cyane urutoki rw’igikumwe ni ibintu bisanzwe mu bana. Ariko hari igihe kigera ukabona birakabije, ugatangira kwibaza uko wabimucaho bikagushobera. Ese hari uburyo umuntu ashobora gufasha umwana kureka konka intoki bigashoboka?



  • Icyicaro gikuru cya VW

    U Budage: Uruganda rwa Volkswagen rugiye kugabanya abakozi

    Amakuru yatangajwe kuri uyu wa kabiri n’urubuga motor1.com rwandika inkuru zirebana n’imodoka, rwavuze ko uruganda nyamukuru rwa Volkswagen rukora imodoka za VW mu Budage rurimo kugenda rutakaza imbaraga mu ruhando rw’abakeba, ndetse ngo rushobora no kugabanya abakozi.



  • Minisitiri Aurore Munyangaju ni muntu ki ?

    Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, ni umwe mu bayobozi bakiri bato bari muri Guverinoma y’u Rwanda, ariko akaba amaze kwinjira mu ruhando rw’abayobozi b’ibyamamare muri iki gihugu, ahanini kubera ko Minisiteri akuriye ari imwe mu zirebwa n’ibikorwa bihuza abantu b’ingeri nyinshi.



  • Zimwe mu mvugo zikoreshwa kandi atari zo

    Mu itangazamakuru by’umwihariko mu binyamakuru byandika kuri murandasi (internet), radiyo, televiziyo, YouTube no ku mbuga nkoranyambaga, hakunze kumvikana / kugaragara imvugo zitari zo ahanini bitewe no kuvangirwa n’indimi z’amahanga cyangwa ubushake bucye bwo kumenya ururimi gakondo (Ikinyarwanda).



  • Uko usobekeranya amaguru wicaye bifite icyo bivuze ku myitwarire yawe

    Abahanga mu myitwarire ya Muntu bemeza ko uburyo umuntu yicara asobekeranyije amaguru cyangwa akagereka akaguru ku kandi, ari kimwe mu bishobora kugaragaza imyitwarire y’umuntu n’uko yiyumva muri we muri ako kanya.



  • Uburyo bwa 1 n

    Menya uko bafata ifoto iri muri screen ya mudasobwa (screenshot)

    Gufata ifoto mu kirahure (screen) cya telefone bita smart phones, ni ibintu biri rusange ku bazitunze bitewe n’ubwoko bwazo, n’ubwo hari abo usanga batabizi. Hari rero n’uburyo n’uburyo butandukanye ushobora kwifashisha ugafata ifoto iri muri screen ya mudasobwa, yaba igendanwa (laptop) cyangwa isanzwe (desktop).



  • Xi Jinping na Joe Biden mu biganiro bibanziriza APEC

    Perezida wa Amerika n’uw’u Bushinwa mu biganiro bidasanzwe

    Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping kuwa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo yagiranye ikiganiro cy’imbonekarimwe na mugenzi we wa USA Joe Biden mu buryo bw’imbona-nkubone.



  • Dore bamwe mu banditsi b’Abanyafurika Isi izahora yizihiza

    Ku mugabane wa Afurika ukungahaye mu runyuranyurane rw’imico n’amoko, ntibitangaje kubona ko n’ubuvanganzo buhakomoka, nabwo bufite ubukungu bw’uruhurirane bushingiye kuri uwo mutungo ndangamuco tugenda duhererekanya tubikesheje ibitabo, imyandiko, inkuru n’imivugo byasizwe n’abanditsi b’Abanyafurika.



  • Pariki y

    Guteza imbere ubukerarugendo byahesheje u Rwanda kwakira inama ya WTTC

    U Rwanda rwakiriye inama ya 23 y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubukerarugendo (WTTC), inama irimo kubera kuri Kigali Convention Center, guhera ku itariki 01 kugeza ku ya 03 Ugushyingo 2023.



  • Volodymyr Zelenskyy

    U Burayi budufasha gusunika iminsi ariko ntibwizeye ko twatsinda u Burusiya - Zelensky

    Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze impungenge atewe n’imyitwarire y’ibihugu biri inyuma ye mu ntambara arwana n’Uburusiya, ashimangira ko asanga nta wundi muntu wizeye intsinzi ye usibye we gusa, kuko ngo abona intwaro bamuha zidahagije kumufasha ngo abe yatsinda Uburusiya.



  • Gen (Rtd) James Kabarebe

    Twumvikanye guhererekanya imfungwa z’intambara ariko Habyarimana yishe izacu – James Kabarebe

    General James Kabarebe wacyuye igihe mu ngabo z’u Rwanda, yatanze ikiganiro ku rugamba rwo kubohora igihugu n’igiciro rwasabye, ushyizemo n’ibikorwa by’ubugome ndengakamere byaranze umwanzi utaratinyaga kwica imfungwa z’intambara zari zirimo n’ab’igitsinagore.



  • Uko wagabanya umunyu cyangwa urusenda mu mafunguro

    Hari igihe umuntu acikwa arimo gutegura ifunguro, agashyiramo umunyu mwinshi cyangwa urusenda ukibaza uko wabigabanyamo bikakuyobera. Nyamara hari uburyo butandukanye ushobora kwifashisha utagombye kongeramo amazi menshi ngo usange wangije ifunguro ryawe.



  • Bamwe mu bazitabira Umuhuro wa Karahanyuze

    Abanyuzwe n’iza ‘Karahanyuze’ babonye uburyo bwo gushimira abaziririmbye

    Abahanzi, by’umwihariko abacuranzi n’abaririmbyi usanga bakundwa na benshi, ahanini kubera ko kumva indirimbo waba ubyina cyangwa urimo kuruhuka binezeza benshi, abandi bakanabyungukiramo mu buryo butandukanye, ariko ugasanga nta rubuga rubaho ruzwi abahanzi bashobora guhurizwamo bagashimirwa by’umwihariko.



  • Robert Card wishe abo bantu

    USA: Abantu barenga 20 bishwe barashwe

    Abantu 22 bishwe barashwe abandi barenga 50 barakomereka, nyuma y’uko umuntu arashe mu kivunge cy’abantu mu kabari n’ahakinirwa ‘bowling’ mu mujyi wa Lewiston, Leta ya Maine muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA).



  • Padiri Charles Mudahinyuka

    Amateka ya Padiri Mudahinyuka wahimbye indirimbo ‘Ruzamenya Gusoma’

    Hari indirimbo ivuga ngo ‘Ruzamenya gusoma u Rwanda rw’ejo, ruzafata ikaramu u Rwanda rw’ejo, ruzatsura umubano u Rwanda rw’ejo….’ yamenywe by’umwihariko n’abari mu kigero cy’imyaka 40 kuzamura kuko yahimbwe mu 1985.



  • France: Kwikanga ibisasu byahagaritse akazi ku bibuga by’indege mu mijyi itandatu

    Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa gatatu, ubutumwa bwa email bwisukiranyije mu dusanduku tw’abayobozi b’ibibuga by’indege hirya no hino mu Bufaransa, aho uwa bwohereje utaramenyekana kugeza ubu, yavugaga ko hari ibibuga by’indege bitandatu byo mu gihugu bishobora guturikiraho ibisasu.



  • Menya ibishobora gutera isepfu n’uburyo bwo kuyivura

    Kurwara isepfu bishobora guterwa n’ibintu bitandukanye duhura nabyo mu buzima bwa buri munsi, ariko hari n’igihe ishobora guterwa n’ubundi burwayi busaba umuntu kujya kwa muganga.



  • Igitabo cya Britney Spears

    Britney Spears yatangaje ko yigeze gukuramo inda ya Justin Timberlake

    Umuhanzikazi Britney Spears yavuze ko yigeze gutwita umwana wa mugenzi we Justin Timberlake, ariko biza kurangira bombi bafashe icyemezo kigoye cyo kuyikuramo.



  • Buzizi na Kizame

    Umuhungu wa Buzizi Kizito akeneye inkunga yo kuvugurura indirimbo za se

    Umuhanzi Kizame Selamani, ni umuhungu w’imfura wa nyakwigendera Buzizi Kizito, umwe mu bahanzi b’abahanga u Rwanda rwagize ahagana mu 1980, akaza kwitaba Imana mu 1996 ku myaka 42 azize ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Dr Donatilla Kanimba

    Tumenye Dr Donatilla Kanimba, ‘Imboni’ y’abatabona

    Amateka y’u Rwanda, arimo n’ay’ivanguramoko, usanga agaruka kenshi mu nkuru nyinshi ari izo ku rwego rw’urugo, umuryango mugari no ku muntu ubwe.



  • Abari abafatanyabikorwa ba Dalberg bo muri Afurika no mu Burasirazuba bwo Hagati bashyizeho Axum, ikigo gishya kigamije impinduka

    Axum izakorera ndetse inafatanye n’abayobozi bo muri Afurika no mu Burasirazuba bwo Hagati, inzego ndetse n’abafatanyabikorwa bo ku rwego rw’isi, kugira ngo bakemure ibibazo by’ingutu by’uruhurirane ku iterambere ry’imibereho n’ubukungu, imihindagurikire y’ikirere, ndetse n’udushya mu ikoranabuhanga.



  • Camera zo mu muhanda zigiye kujya zigenzura n’ibindi byaha

    Camera zo mu muhanda bahimbye izina rya sofiya zisanzwe zigenzura umuvuduko w’ibinyabiziga, zigiye kujya zinakoreshwa mu kugenzura ibindi byaha bikorerwa mu muhanda, nk’uko Umuyobozi Mukuru wa Polisi, IGP Felix Namuhoranye, yabitangaje ku wa Gatatu tariki 04 Ukwakira 2023 mu kiganiro n’itangazamakuru.



  • Barack Obama yifuriza isabukuru nziza Jimmy Carter

    Jimmy Carter wabaye Perezida wa USA wa 39 aherutse kuzuza imyaka 99

    Jimmy Carter ubura umwaka umwe ngo yuzuze 100, mu minsi ishize ikigo yashinze The Carter Center cyatangaje ko yasabye ko bamusezerera mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye, akajya kurangiriza iminsi ye ya nyuma iwe muri leta ya Georgia, ariko ikigaragara ni uko Imana itarakenera kumwisubiza nubwo we yumvaga ngo ageze mu (...)



  • Inzu ya Putin iri ku Nyanja y’Umukara yahubanganyijwe n’ibisasu bya drone nyiyahuzi

    Indege nto itagira umupilote (drone) yari yikoreye ibisasu, yasandariye hafi y’inzu ya Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, aho akunda gufatira ibiruhuko by’impeshyi ku Nyanja y’Umukara.



  • Dore iminsi y’amavuko idasanzwe, igaruka kenshi cyangwa gake n’impamvu

    Tariki 29 Gashyantare (ukwezi kwa Kabiri) bayita umunsi utaruka (leap day), itariki iza ku isonga mu minsi y’amavuko idasanzwe kuri karandiriye rusange igenderwaho hafi ya hose ku isi (Gregorian calendar), kubera ko uwo munsi ubaho inshuro imwe gusa buri myaka ine.



  • Umuhanzi, Umwali Fanny

    Amahanga ya kera si yo y’ubu : impanuro z’umuhanzi Umwali Fanny

    Umwali Epiphanie wamenyekanye cyane nka Umwali Fanny, ni umwe mu Banyarwanda banyuze mu buzima bugoye bakiri bato kubera amateka y’igihugu yijimye yaranzwe n’ivanguramoko ryatumye igice kinini cy’Abanyarwanda bajya mu buhungiro bakagirirayo ubuzima bugoye.



Izindi nkuru: