MENYA UMWANDITSI

  • Canada: Habaye imyigaragambyo isaba ubutabera ku iyicwa rya Kabera

    Abanyarwanda baba muri Canada, inshuti n’umuryango wa nyakwigendera Erixon Kabera uherutse kwicwa arashwe n’umupolisi wo muri icyo gihugu, bakoze imyigaragambyo y’amahoro basaba guhabwa ubutabera n’ibisubizo ku iyicwa rye ritarasobanuka.



  • 14 Ugushyingo, Umunsi wahariwe Diyabete ku Isi

    Mu gihe isi yose izirikana umunsi wahariwe indwara ya Diyabete kuwa 14 Ugushyingo, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO rivuga ko abantu basaga miliyoni 422 ku isi hose barwaye Diyabete, abenshi bakaba ari abo mu bihugu bikennye n’ibifite iterambere riciriritse aho iyi ndwara ihitana miliyoni 1,5 buri mwaka.



  • Erixon Kabera w

    Canada: Umuryango wa Erixon Kabera wishwe arashwe urasaba ubutabera

    Umuryango n’inshuti z’umugabo w’Umunyarwanda w’imyaka 43 wishwe arashwe n’umupolisi mu mujyi wa Hamilton muri Canada mu mpera z’icyumweru gishize, wavuze ko wifuza guhabwa ibisobanuro bifatika n’ubutabera ku rupfu rwa nyakwigendera.



  • Donald Trump w

    Donald Trump, umugabo w’udushya twinshi

    Uyu mugabo ukunze kurangwa n’imvugo ishotorana, ipfobya kandi akavuga ikimuri ku mutima nta rutangira, amazina ye yose ni Donald John Trump. Ni umunyapolitike w’Umunyamerika, umucuruzi kabuhariwe, akaba icyamamare mu bikorwa by’itangazamakuru, na Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) kuva mu 2017 – 2021; (…)



  • Donald Trump yatangaje ko ari we watsinze amatora ya 2024

    Macron, Netanyahou, Zelensky, mu bamaze kwishimira intsinzi ya Trump

    Umurepubulikani mu matora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akomeje kwakira amashimwe y’abakuru b’ibihugu bitandukanye bamwifuriza intsinzi nziza mu gihe ibyavuye mu matora bitaremezwa ku mugaragaro.



  • Abakandida b

    Iby’ingenzi wamenya ku matora ya Perezida wa US

    Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Ugushyingo 2024, abaturage batoye Umukuru w’Igihugu hagati ya Kamala Harris wo mu ishyaka ry’Abademukarate (Democrats) na Donald Trump wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani (Republicans).



  • Inzobere za LONI mu by

    Inzobere mu butasi z’u Rwanda na RDC zemeje igikorwa cyo kurandura FDLR

    Itsinda ry’inzobere mu by’umutekano rigizwe n’abakuriye serivisi z’ubutasi bwa gisirikare mu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), zemeje umushinga w’ibikorwa bigamije kurandura umutwe wa FDLR no gucecekesha imbunda mu burasirazuba bwa RDC.



  • Quincy Jones yatsindiye Grammy Awards 28

    Igihangange muri muzika ya US Quincy Jones, yitabye Imana

    Umunyamuzika wanawutunganyaga (producer) Quincy Jones, wakoranye na Michael Jackson, Frank Sinatra n’abandi bahanzi b’ibyamamare benshi, yitabye Imana ku myaka 91.



  • Ishimirwe Cédric amaze imyaka ine n

    Umubyeyi umaze imyaka itanu avuza umwana aratabaza

    Umubyeyi witwa Sylvie Mukamusoni utuye mu Murenge wa Jali mu Karere Ka Gasabo, amaze hafi imyaka itanu avuza umwana uburwayi yavukanye butuma azana amazi menshi mu mutwe (hydrocephalus), none arasaba abagiraneza kumufasha gukomeza kumuvuza kuko umuryango we ntako umeze.



  • Charles III mu mwambaro gakondo w

    Samoa: Ntawe ushobora guhindura ibyahise – Umwami Charles III

    Mu ijambo Umwami w’Ubwongereza Charles III yavugiye mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bya Commonwealth irimo kubera Apia mu murwa mukuru wa Samoa, yavuze ko nta muntu n’umwe ushobora guhindura ibyahise.



  • Liam Payne yitabye Imana ahanutse muri etaje tariki 16 Ukwakira 2024

    Abafana ba Liam Payne umaze iminsi micye apfuye barakaye

    Abafana ba nyakwigendera Liam Payne waririmbaga mu itsinda rya One Direction, bavuze ko barakajwe cyane no kuba hateguwe ikiganiro kuri televiziyo kidasanzwe kivuga ku minsi ye ya nyuma, hatarashira n’iminsi yitabye Imana.



  • Umurwanashyaka wa Frelimo, Daniel Chapo w

    Daniel Chapo utari uzwi cyane yatorewe kuyobora Mozambique

    Komisiyo y’amatora muri Mozambique, yatangaje ko ishyaka riri ku butegetsi, Frelimo, ryatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu rikaba rigiye gukomeza kuyobora nyuma y’imyaka 49 rimaze ku butegetsi.



  • Inama y

    Bimwe mu bihugu byo muri Commonwealth mu mugambi wo kwaka Ubwongereza impozamarira z’ubucakara

    Abakuru b’Ibihugu na za guverinoma byo mu muryango Commonwealth w’ibihugu bihuriye ku Cyongereza, barimo kwitegura guhangara Leta y’Ubwongereza no gufatira hamwe ingamba zo gusuzuma ikibazo cy’ubutabera n’impozamarira bigomba guhabwa ibihugu byakorewemo icuruzwa ry’abacakara.



  • Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika

    Sinema: Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika

    Umukinnyi wa film w’Umwongereza, Idris Elba yabwiye BBC ko afite gahunda yo kwimukira muri Afurika, akahamara imyaka 10 muri gahunda afite yo gushyigikira umwuga wo gukina film kuri uyu mugabane.



  • Trump yatunze agatoki ishyaka Labour Party ryo mu Bwongereza avuga ko ririmo kumuvangira mu matora

    USA: Trump arashinja ishyaka Labour Party ryo mu Bwongereza kwivanga mu matora

    Abashinzwe kwamamaza Donald Trump wiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) ku ruhande rw’aba Repubulikani, bikomye ishyaka riri ku butegetsi mu Bwongereza (Labour Party) barishinja ko ririmo kwivanga mu matora binyuze mu gushyigikira ibikorwa byo kwamamaza mukeba we Kamala Harris w’umu Demukarate.



  • Abanyaturukiya Kenya yasubije iwabo ku gahato ni abagabo bane

    Kenya: LONI ihangayikishijwe n’iyirukanwa ry’impunzi z’Abanyaturukiya

    Ishami rya UN ryita ku mpunzi (UNHCR), ryavuze ko ribabajwe cyane n’inkuru y’impunzi enye Leta ya Kenya yasubije muri Turukiya (Turkey).



  • Martin Mateso yageze mu Bufaransa muri Mata 1994 aho yakoreraga TV5 Monde

    Umunyamakuru Martin Mateso yitabye Imana

    Umunyamakuru Martin Mateso, wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda no mu Bufaransa, yitabye Imana azize umutima ku myaka 70.



  • Major General Alex KAGAME, Umugaba Mukuru w

    Incamake kuri Maj Gen Alex Kagame wagizwe Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara

    Major General Alex Kagame, ni we Mugaba Mukuru w’Inkeragutabara kuva kuwa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, aho yasimbuye Major General (Rtd) Frank Mugambage, wari uri muri uwo mwanya nk’umusigire.



  • Hari ubwoko bubiri bw

    Menya itandukaniro ry’ibirahure birinda telefone kumeneka

    Kubera ko telefone zigezweho zizwi nka smart phone zikoze mu buryo zishobora kwangirika ubusa, abazikoze bateganyije n’ibirahure byo kuzirinda (screen protector), kugira ngo zidashwaraduka cyangwa zikaba zameneka igihe zituye hasi zikazamo imitutu ituma ikirahure kidakora neza.



  • Umuyobozi Mukuru wa SONARWA Rees Kinyangi Lulu na Aisha Uwamahoro, Umucungamutungo wa Hotel Nobilis

    Umuyobozi wa SONARWA arakekwaho kunyereza asaga miliyoni 117FRW

    Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi y’u Rwanda (SONARWA General Insurance) Rees Kinyangi Lulu, hamwe n’uwari umucungamutungo wa Hotel Nobilis Aisha Uwamahoro, bari mu maboko y’ubugenzacyaha kuva ku itariki 2 Ukwakira 2024, aho bakurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 117 Frw.



  • Toshiyuki Mimaki umwe mu bakuriye itsinda ry

    Abayapani barokotse bombe atomic bahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel

    Nihon Hidankyo, itsinda ry’abayapani barokotse ibisasu bya kirimbuzi (bombe atomic), ryatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cya 2024.



  • Icapiro rya 3D rikora insimburangingo z

    Abatakaje ingingo zo hejuru babonewe igisubizo

    Ihuriro ry’Amashyirahamwe y’Abafite Ubumuga mu Rwanda (NUDOR), mu ntangiriro z’icyi cyumweru ryamuritse icapiro rishya rishushanya insimburangingo rikanazisohora uko zakabaye, hifashishikwe ikoranabuhanga rizwi nka 3D printer, kimwe mu bikorwa biri muri gahunda yo guteza imbere ubuzima bw’ababuze ingingo bafashwa kubona (…)



  • Ahubatse Stade Amahoro na BK Arena hafatwa nk

    Abaturiye Stade Amahoro bahawe igihe ntarengwa cyo kuvugurura inyubako zabo

    Umujyi wa Kigali wasabye abafite ubutaka mu nkengero z’ahagenewe icyanya cya siporo i Remera mu Karere ka Gasabo, gutanga ibishushanyo byerekana uko bazavugurura inyubako zabo bakabitanga mu gihe kitarenze amezi abiri kugira ngo bahabwe impushya zo kubaka no gukoresha ubutaka bubahiriza igishushanyo mbonera cy’Umujyi.



  • Diddy na Oprah Gail Winfrey wamamaye cyane mu biganiro byo kuri televiziyo

    Amazina y’ibikomerezwa mu byaha bishinjwa umuraperi Diddy

    Urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy ushinjwa guhohotera abagore barimo n’uwo bigeze gucudika (Cassie Ventura), no gucuruza urubyiruko mu mibonano mpuzabitsina rukomeje kugenda ruhindura isura.



  • Gufungura ku mugaragaro byitabiriwe n

    I Kigali hatangijwe imurika bise ‘Ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi’

    Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro, kuwa Kabiri 01 Ukwakira hafunguwe ku mugaragaro imurika bise ‘Traces of the Genocide Against the Tutsi’ (Ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi).



  • Perezida William Ruto (iburyo) yahisemo Gachagua igihe biyamamazaga mu matora yo mu 2022, bagatsindaga Raila Odinga

    Kenya: Abadepite batangiye gahunda yo kuvanaho Visi Perezida

    Abadepite mu Nteko Ishinga Amageko muri Kenya, batangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo kuvanaho Visi Perezida wa Kenya.



  • Iran irimo kurasa ibisasu biremereye kuri Israel

    Muri Israel impuruza zirimo kumvikana impande zose ziburira abaturage ngo bihishe, nyuma y’uko Iran itangiye kurasayo ibisasu bya misile mu kanya kashize.



  • Menya amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA KABIRI)

    Muri iki cyegeranyo, harimo amagambo ya nyuma n’ubutumwa bwasizwe n’abantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, aribo: Mahatma Gandhi, Edson Arantes do Nascimento (Pelé), Nelson Mandela na Kobe Bean Bryant.



  • Kwamamara no guseba kw’itsinda Milli Vanilli (Girl am gonna miss you)

    Milli Vanilli ryari itsinda ry’abasore babiri bo mu Budage, Fab Morvan na Rob Pilatus, bakahanyujije mu gihe kitageze ku myaka ibiri, kuko itsinda ryabayeho guhera mu 1988 kugeza mu 1990, isi imaze kumenya ko amajwi n’umuziki twumvaga bitari ibyabo.



  • Abanjye mbarinda itangazamakuru - Scovia Mutesi

    Umunyamakuru Scovia Mutesi benshi bakunze kwita Mama Urwagasabo, ni umubyeyi wubatse, uri hafi kuzuza imyaka 40, akaba umwana wa gatandatu mu bana icyenda.



Izindi nkuru: