MENYA UMWANDITSI

  • Ibyo wamenya ku muti mushya ugiye gutangwa mu Rwanda urinda kwandura SIDA

    Ikigo cy’u Rwanda cyita ku Buzima (RBC), mu mpera z’uku kwezi kwa cumi na kabiri kirateganya gushyira ahagaragara umuti uterwa mu rushinge ukarinda umuntu kwandura virusi itera SIDA, muri gahunda isanzwe ya RBC yo kurwanya icyorezo cya SIDA.



  • Abazi Gen Muhoozi bavuga ko yakuze atinya Imana nk

    Gen Muhoozi Kainerugaba ni muntu ki?

    Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), General Muhoozi Kainerugaba, ni umuhungu w’imfura wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni na Janet Kataaha. Yavukiye mu buhungiro ku itariki 24 Mata, 1974 i Dar es Salaam muri Tanzania.



  • Umubyeyi uvuga ko atotezwa atuye mu Murenge wa Nkotsi, Akagali ka Bikara mu Karere ka Musanze

    Musanze: Uwarokotse Jenoside amaze imyaka itatu atotezwa n’abaturanyi

    Mu gihe mu Ntara z’Amajyepfo, Iburasirazuba n’Iburengerazuba habonetse abantu batanu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bishwe mu mezi ane gusa, mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, haravugwa uwarokotse Jenoside umaze imyaka itatu atotezwa n’abaturanyi kandi ikibazo yarakigejeje mu buyobozi.



  • Icyamamare muri Formula 1, Hamilton Lewis afite inzozi zo kuzitabira amarushanwa ya Grand Prix i Kigali

    Formula 1: Icyamamare Hamilton Lewis afite inzozi zo kuzitabira amarushanwa ya Grand Prix i Kigali

    U Rwanda ruritegura kwakira Inteko Rusange Ngarukamwaka ya Federasiyo Mpuzamahanga y’Abasiganwa mu Modoka (FIA), izabera rimwe n’Ibirori byo gutanga Ibihembo mu marushanwa azwi nka Grand Prix azabera i Kigali mu Kuboza 2024.



  • Donald Trump yemeje ko agomba kumvisha Canada, Mexico n

    Donald Trump yiyemeje kuzamura imisoro kuri Canada, Mexico n’u Bushinwa

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump, yavuze ko afite gahunda yo kumvisha u Bushinwa, Mexico na Canada abishyiriraho imisoro mishya ku munsi wa mbere w’ubuyobozi bwe, kugira ngo abahatire gukumira abimukira n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge byinjira muri USA.



  • Ingabire Victoire ubwo yari asohotse mu Igororero rya Nyarugenge i Mageragere tariki 15 Nzeri 2018, nyuma yo guhabwa imbabazi n

    Ingabire Victoire: Ikimenyetso cy’ubwigomeke bumunga bwitwaje kutavuga rumwe n’ubuyobozi

    Mu kiganiro aheruka kugeza ku ihuriro rya 17 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri ku wa 16 Ugushyingo 2024, Perezida Paul Kagame yatanze ubutumwa bwumviswe na buri wese.



  • Impuguke za IGAD zaburiye ibihugu byinshi byo mu Ihembe rya Afurika ko bizagwamo imvura nyinshi idasanzwe

    Iteganyagihe riraburira u Rwanda n’Ihembe rya Afurika kwitegura imyuzure

    Raporo ku iteganyagihe ryakozwe n’Ibigo Nyafurika birifite mu nshingano ICPAC na IGAD, irerekana ko ibihugu umunani byo mu Ihembe rya Afurika bizagwamo imvura nyinshi ku buryo budasanzwe.



  • Kizza Besigye amaze gutsindwa amatora ya perezida muri Uganda inshuro enye

    Uganda: Kizza Besigye mu mazi abira nyuma yo gufatirwa muri Kenya

    Umugore wa Kizza Besigye umaze imyaka atavuga rumwe n’ubuyobozi muri Uganda, yavuze ko umugabo we yashimutiwe muri Kenya, ubu akaba ari muri gereza ya gisirikare muri Uganda.



  • Abakuwe mu byabo n

    Sudan: Ibikoni rusange byazanzamuye abantu muri Darfur

    Mu gihe ubuzima bukomeje kumera nabi i Darfur mu majyaruguru ya Sudan, aho abantu babarirwa mu bihumbi 10 baheruka gukurwa mu byabo n’intambara bugarijwe n’inzara, ibikoni umunani bya rusange birimo gutanga igaburo kabiri ku munsi ku mpunzi ziri mu nkambi ya Zamzam, iri mu majyepfo ya Al-Fasher. Uyu mujyi umaze amezi urimo (…)



  • Urukiko rwategetse ko abakekwaho kwica Olga Kayirangwa barekurwa

    Abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa barekuwe

    Amakuru yageze kuri Kigali Today kuri uyu wa Kabiri, arahamya ko abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa barekuwe.



  • Canada: Habaye imyigaragambyo isaba ubutabera ku iyicwa rya Kabera

    Abanyarwanda baba muri Canada, inshuti n’umuryango wa nyakwigendera Erixon Kabera uherutse kwicwa arashwe n’umupolisi wo muri icyo gihugu, bakoze imyigaragambyo y’amahoro basaba guhabwa ubutabera n’ibisubizo ku iyicwa rye ritarasobanuka.



  • 14 Ugushyingo, Umunsi wahariwe Diyabete ku Isi

    Mu gihe isi yose izirikana umunsi wahariwe indwara ya Diyabete kuwa 14 Ugushyingo, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO rivuga ko abantu basaga miliyoni 422 ku isi hose barwaye Diyabete, abenshi bakaba ari abo mu bihugu bikennye n’ibifite iterambere riciriritse aho iyi ndwara ihitana miliyoni 1,5 buri mwaka.



  • Erixon Kabera w

    Canada: Umuryango wa Erixon Kabera wishwe arashwe urasaba ubutabera

    Umuryango n’inshuti z’umugabo w’Umunyarwanda w’imyaka 43 wishwe arashwe n’umupolisi mu mujyi wa Hamilton muri Canada mu mpera z’icyumweru gishize, wavuze ko wifuza guhabwa ibisobanuro bifatika n’ubutabera ku rupfu rwa nyakwigendera.



  • Donald Trump w

    Donald Trump, umugabo w’udushya twinshi

    Uyu mugabo ukunze kurangwa n’imvugo ishotorana, ipfobya kandi akavuga ikimuri ku mutima nta rutangira, amazina ye yose ni Donald John Trump. Ni umunyapolitike w’Umunyamerika, umucuruzi kabuhariwe, akaba icyamamare mu bikorwa by’itangazamakuru, na Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) kuva mu 2017 – 2021; (…)



  • Donald Trump yatangaje ko ari we watsinze amatora ya 2024

    Macron, Netanyahou, Zelensky, mu bamaze kwishimira intsinzi ya Trump

    Umurepubulikani mu matora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akomeje kwakira amashimwe y’abakuru b’ibihugu bitandukanye bamwifuriza intsinzi nziza mu gihe ibyavuye mu matora bitaremezwa ku mugaragaro.



  • Abakandida b

    Iby’ingenzi wamenya ku matora ya Perezida wa US

    Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Ugushyingo 2024, abaturage batoye Umukuru w’Igihugu hagati ya Kamala Harris wo mu ishyaka ry’Abademukarate (Democrats) na Donald Trump wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani (Republicans).



  • Inzobere za LONI mu by

    Inzobere mu butasi z’u Rwanda na RDC zemeje igikorwa cyo kurandura FDLR

    Itsinda ry’inzobere mu by’umutekano rigizwe n’abakuriye serivisi z’ubutasi bwa gisirikare mu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), zemeje umushinga w’ibikorwa bigamije kurandura umutwe wa FDLR no gucecekesha imbunda mu burasirazuba bwa RDC.



  • Quincy Jones yatsindiye Grammy Awards 28

    Igihangange muri muzika ya US Quincy Jones, yitabye Imana

    Umunyamuzika wanawutunganyaga (producer) Quincy Jones, wakoranye na Michael Jackson, Frank Sinatra n’abandi bahanzi b’ibyamamare benshi, yitabye Imana ku myaka 91.



  • Ishimirwe Cédric amaze imyaka ine n

    Umubyeyi umaze imyaka itanu avuza umwana aratabaza

    Umubyeyi witwa Sylvie Mukamusoni utuye mu Murenge wa Jali mu Karere Ka Gasabo, amaze hafi imyaka itanu avuza umwana uburwayi yavukanye butuma azana amazi menshi mu mutwe (hydrocephalus), none arasaba abagiraneza kumufasha gukomeza kumuvuza kuko umuryango we ntako umeze.



  • Charles III mu mwambaro gakondo w

    Samoa: Ntawe ushobora guhindura ibyahise – Umwami Charles III

    Mu ijambo Umwami w’Ubwongereza Charles III yavugiye mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bya Commonwealth irimo kubera Apia mu murwa mukuru wa Samoa, yavuze ko nta muntu n’umwe ushobora guhindura ibyahise.



  • Liam Payne yitabye Imana ahanutse muri etaje tariki 16 Ukwakira 2024

    Abafana ba Liam Payne umaze iminsi micye apfuye barakaye

    Abafana ba nyakwigendera Liam Payne waririmbaga mu itsinda rya One Direction, bavuze ko barakajwe cyane no kuba hateguwe ikiganiro kuri televiziyo kidasanzwe kivuga ku minsi ye ya nyuma, hatarashira n’iminsi yitabye Imana.



  • Umurwanashyaka wa Frelimo, Daniel Chapo w

    Daniel Chapo utari uzwi cyane yatorewe kuyobora Mozambique

    Komisiyo y’amatora muri Mozambique, yatangaje ko ishyaka riri ku butegetsi, Frelimo, ryatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu rikaba rigiye gukomeza kuyobora nyuma y’imyaka 49 rimaze ku butegetsi.



  • Inama y

    Bimwe mu bihugu byo muri Commonwealth mu mugambi wo kwaka Ubwongereza impozamarira z’ubucakara

    Abakuru b’Ibihugu na za guverinoma byo mu muryango Commonwealth w’ibihugu bihuriye ku Cyongereza, barimo kwitegura guhangara Leta y’Ubwongereza no gufatira hamwe ingamba zo gusuzuma ikibazo cy’ubutabera n’impozamarira bigomba guhabwa ibihugu byakorewemo icuruzwa ry’abacakara.



  • Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika

    Sinema: Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika

    Umukinnyi wa film w’Umwongereza, Idris Elba yabwiye BBC ko afite gahunda yo kwimukira muri Afurika, akahamara imyaka 10 muri gahunda afite yo gushyigikira umwuga wo gukina film kuri uyu mugabane.



  • Trump yatunze agatoki ishyaka Labour Party ryo mu Bwongereza avuga ko ririmo kumuvangira mu matora

    USA: Trump arashinja ishyaka Labour Party ryo mu Bwongereza kwivanga mu matora

    Abashinzwe kwamamaza Donald Trump wiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) ku ruhande rw’aba Repubulikani, bikomye ishyaka riri ku butegetsi mu Bwongereza (Labour Party) barishinja ko ririmo kwivanga mu matora binyuze mu gushyigikira ibikorwa byo kwamamaza mukeba we Kamala Harris w’umu Demukarate.



  • Abanyaturukiya Kenya yasubije iwabo ku gahato ni abagabo bane

    Kenya: LONI ihangayikishijwe n’iyirukanwa ry’impunzi z’Abanyaturukiya

    Ishami rya UN ryita ku mpunzi (UNHCR), ryavuze ko ribabajwe cyane n’inkuru y’impunzi enye Leta ya Kenya yasubije muri Turukiya (Turkey).



  • Martin Mateso yageze mu Bufaransa muri Mata 1994 aho yakoreraga TV5 Monde

    Umunyamakuru Martin Mateso yitabye Imana

    Umunyamakuru Martin Mateso, wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda no mu Bufaransa, yitabye Imana azize umutima ku myaka 70.



  • Major General Alex KAGAME, Umugaba Mukuru w

    Incamake kuri Maj Gen Alex Kagame wagizwe Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara

    Major General Alex Kagame, ni we Mugaba Mukuru w’Inkeragutabara kuva kuwa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, aho yasimbuye Major General (Rtd) Frank Mugambage, wari uri muri uwo mwanya nk’umusigire.



  • Hari ubwoko bubiri bw

    Menya itandukaniro ry’ibirahure birinda telefone kumeneka

    Kubera ko telefone zigezweho zizwi nka smart phone zikoze mu buryo zishobora kwangirika ubusa, abazikoze bateganyije n’ibirahure byo kuzirinda (screen protector), kugira ngo zidashwaraduka cyangwa zikaba zameneka igihe zituye hasi zikazamo imitutu ituma ikirahure kidakora neza.



  • Umuyobozi Mukuru wa SONARWA Rees Kinyangi Lulu na Aisha Uwamahoro, Umucungamutungo wa Hotel Nobilis

    Umuyobozi wa SONARWA arakekwaho kunyereza asaga miliyoni 117FRW

    Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi y’u Rwanda (SONARWA General Insurance) Rees Kinyangi Lulu, hamwe n’uwari umucungamutungo wa Hotel Nobilis Aisha Uwamahoro, bari mu maboko y’ubugenzacyaha kuva ku itariki 2 Ukwakira 2024, aho bakurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 117 Frw.



Izindi nkuru: