MENYA UMWANDITSI

  • Amazi afasha uwahiye kutangizwa cyane n

    Menya uko wakorera Ubutabazi bw’ibanze umuntu wahiye bikamurinda kugira inkovu

    Umuntu wahuye n’ubushye ashobora gutabarwa mu buryo bwihuse hakoreshejwe amazi akonje bikamufasha kudashya cyane ndetse bikanamurinda kuba inkovu z’ubwo bushye zabyimba.



  • U Rwanda na Cuba byiyemeje kongera ubufatanye mu buhinzi n’ikoranabuhanga

    Ku munsi wa kabiri w’uruzindo rwe mu Rwanda n’itsinda ayoboye, Visi Perezida wa Cuba, Salvador Antonio Valdés Mesa, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Ugushyingo 2023 yasuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo guhagarika Jenoside ku Nteko Ishinga Amategeko, asobanurirwa uko ingabo zahoze ari iza RPA zarwanye urugamba rwo kubohora (...)



  • Reba bimwe mu byo abantu bakora batazi ko ari ibyaha

    Bitewe n’umuco ndetse n’uburere butandukanye hari bintu bifatwa nk’ibyoroheje nyamara biri mu bigize ibyaha kandi bigahanwa n’amategeko.



  • Imirimo yo gukomeza gusiza yabaye ihagaritswe ngo habanze hashyingurwe ababuriye ubuzima muri iyi mpanuka

    Kigali: Umukingo wagwiriye abantu bane, batatu muri bo barapfa

    Mu Murenge wa Muhima mu Kagari k’Ubumwe, Umudugudu w’Isangano mu Mujyi wa Kigali, hafi y’ahakorera RSSB, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Ugushyingo 2023, umukingo wagwiriye abasore bane, batatu muri bo bahasiga ubuzima, undi umwe ararokoka.



  • Iyi korari yaserutse mu myambaro itandukanye

    Chorale Christus Regnat yataramiye Abanyakigali

    Abitabiriye igitaramo cyateguwe na Chorale Christus Regnat cyaraye kibaye mu ijoro ryo ku itariki 19 Ugushyingo 2023 muri Kigali Conference and Exhibition Village ahazwi nka Camp Kigali batangaje ko indirimbo zaririmbwe zabanyuze umutima ndetse ko bagize ibihe byiza byo gusabana n’Imana.



  • Abagize biro ya sena bakiriye visi perezida wa cuba salvador valdes mesa

    U Rwanda na Cuba biyemeje gukomeza kwagura umubano

    Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr Kalinda François Xavier kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023 yagiranye ibiganiro na Visi Perezida wa Cuba, Salvador Valdés Mesa, byibanze ku mubano w’ibihugu byombi banarebera hamwe uko wakomeza kwagurwa.



  • Perezida Macron Emmanuel w

    Ubufaransa bwemeye kwakira abana bakomerekeye muri Gaza

    Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kwakira abana 50 bakomerekeye mu ntambara ya Israel na Hamas bakajya kwitabwaho uko bikwiye.



  • Ibi ni bimwe mu byitwaga ibyaha ariko ubu byarakomorewe

    Uko imyaka igenda ishira Leta y’u Rwanda igenda ivugurura amategeko amwe n’amwe bikajyana no gukuraho bimwe mu bihano ku bintu byari bigize icyaha mu gihe basanga bishobora kuba ntacyo bitwaye ku wabikoze muri sosiyete ndetse n’uwabikora aho gufungwa agacibwa amande.



  • Uburenganzira bw’abana bifashishwa n’abasabiriza bwubahirizwa bute?

    Hirya no hino mu mijyi uhasanga abana benshi bafite ikibazo cyo kwirirwa bagendagenda mu mujyi bifashishwa n’abantu bakuru. Muri abo bana haba harimo n’abayoboye umuntu ufite ubumuga bwo kutabona mu bikorwa byo gusabiriza ibyo bikorwa bikababuza uburenganzira bwabo no guhabwa uburere n’uburezi mu mashuri.



  • Joseph Boakai ni we Perezida mushya wa Liberia

    Joseph Boakai yatsindiye kuyobora Liberia

    Mu bakandika babiri bari bahataniye umwanya wa Perezida wa Liberia, Joseph Boakai ni we wagize amajwi menshi, atsinda umukandida mugenzi we George Weah wari usoje manda ye.



  • Manirakiza Theogene avugana n

    Umunyamakuru Manirakiza Théogène yafunguwe

    Umunyamakuru Manirakiza Théogène washinze ikinyamakuru Ukwezi kinafite Umuyoboro wa YouTube Ukwezi TV, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ugushyingo 2023 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo kumurekura ku cyaha yari akurikiranyweho cyo gukangisha gusebanya, yakoreye uwitwa Nzizera Aimable.



  • Irakarama Nadine

    Umunyeshuri wari urangije muri ICK yishwe n’impanuka

    Irakarama Nadine wari urangije kwiga mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) witeguraga guhabwa impamyabumenyi ya Kaminuza mu ishami ry’icungamutungo, yitabye Imana azize impanuka.



  • Imodoka yarenze umuhanda isenya inzu

    Kigali: Habereye impanuka y’imodoka isenya inzu

    Mu Murenge wa Gisozi mu Kagari ka Musezero, Umudugudu wa Gasharu, habereye impanuka y’imodoka yarenze umuhanda, igonga inzu irayisenya.



  • Uruhare rwa ‘Kirazira’ mu burere bw’abana bo hambere

    Ababyeyi bo ha mbere bari bafite uburyo batangamo uburere ku bana babo babicishije mu migenzo n’imiziro bigafasha abana babo kugira uburere buboneye bidasabye kubagenzura no kubahozaho ijisho kuko umwana yabaga yaratojwe ibyo agomba kuziririza mu myitwarire ye muri icyo gihe.



  • Inzego z

    Kigali: Hamenwe ibiyobyabwenge byafashwe mu bihe bitandukanye

    Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, Polisi yamennye ibiyobyabwenge iheruka gufatira mu Mujyi wa Kigali, byo mu bwoko butandukanye byafashwe mu gihe cy’amezi atatu.



  • Depite Frank Habineza n’abo bari kumwe bakoze impanuka

    Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonze imodoka yari irimo Abadepite batatu, ari bo Hon. Dr. Frank Habineza, Hon. Germaine Mukabalisa na Hon. Annoncé Manirarora ku mugoroba tariki 14 Ugushyingo 2023 i Gahanga mu Karere ka Kicukiro, bakaba berekezaga mu Karere ka Bugesera, ku bw’amahirwe ntihagira uhasiga ubuzima.



  • Abantu 70 bahitanywe n

    Burkina Faso: Abantu 70 bahitanywe n’igitero giheruka

    Igihugu cya Burukina Faso cyatangaje ko igitero giherutse kugabwa muri iki gihugu, cyahitanye abantu 70 biganjemo abana n’abageze mu zabukuru.



  • George Weah (ibumoso) na Joseph Boakai ni bo bahataniye umwanya w

    Ni nde utsindira kuyobora Liberia hagati ya George Weah na Joseph Boakai?

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ugushyingo 2023, nibwo abaturage bo muri Liberia bazindukiye mu gikorwa cy’amatora y’Umukuru w’igihugu.



  • Eguka, wikoresha telefone wunamye

    Menya uko wakoresha Telefone na Mudasobwa utangije amagufa y’ibikanu n’urutirigongo

    Abantu bakoresha Terefone na Mudasobwa ‘Computer’ bagirwa inama y’uburyo bwo kwicara bemye kugira ngo bitangiza amagufa y’ibikanu n’urutirigongo.



  • Amarerero y’abana bato: Igisubizo ku bagwingira n’abari mu mirire mibi

    Hirya no hino mu gihugu hagenda hubakwa amarerero y’abana bato mu rwego rwo gufasha ababyeyi kumenya gutegura indyo yuzuye ndetse no gufasha abana bafite ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira kubivamo.



  • Kigali: Impanuka yakomerekeyemo abantu batanu

    Ku Cyumweru tariki 12 Ugushyingo 2023 ahitwa Beretwari mu Murenge wa Gisozi mu Mujyi wa Kigali, habereye impanuka y’imodoka ya Coaster ikomerekeramo abantu batanu.



  • Gatsibo: Impanuka yaguyemo babiri, abandi batanu barakomereka

    Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Ngarama mu Kagari ka Ngarama, mu Mudugudu wa Kabeho, kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2023, habereye impanuka y’imodoka ya Coaster yagonze moto n’abatwara abagenzi ku magare, abantu babiri bahita bapfa abandi batanu barakomereka.



  • Abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko bagorwa no kwambuka umuhanda kuko hari ubwo bahutazwa

    Abafite ubumuga bwo kutabona barasaba gushyirirwaho uburyo bagenda mu muhanda badahutazwa

    Bimwe mu bibazo byagaragajwe n’abafite ubumuga bwo kutabona, ni uko bagihura n’imbogamizi z’abantu bamwe na bamwe bataramenya Inkoni yera bitwaza bigatuma babahutaza, kuko baba batitwararitse ngo bamenye ko uyitwaje afite ubumuga bwo kutabona.



  • Drones zihutisha serivisi zihabwa aborozi

    Drones zorohereje aborozi kubona intanga, inkingo n’imiti mu buryo bwihuse

    Aborozi batandukanye bavuga ko kugezwaho inkingo n’intanga by’amatungo hakoreshejwe Drones (utudege duto tutagira abapilote), byabakemuriye ibibazo bahuraga nabyo birimo gutinda kubibona.



  • Minisitiri w

    Abifuza gushora imari mu Rwanda bagaragarijwe uburyo boroherezwa

    Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangarije abitabiriye inama y’Ishoramari ku Mugabane wa Afurika, uko u Rwanda rwashyizeho amahirwe n’uburyo bwo korohereza abifuza kurushoramo imari.



  • Abanditsi bunguranye inama ku cyakorwa ngo bagure ubwanditsi bwabo

    Ikoranabuhanga n’ubushobozi buke bituma abanditsi b’ibitabo mu Rwanda badatera imbere

    Abanditsi b’ibitabo mu Rwanda bavuga ko ubushobozi buke bwo kutagira amafaranga ahagije ndetse n’ikoranabuhanga, biri mu bituma badatera imbere babikesha ubwanditsi bwabo.



  • Umupfumu Rutangarwamaboko

    Umuhango wo Kubandwa n’Igitaramo cy’Imandwa byari biteganyijwe byasubitswe

    Nyuma y’igihe gito umuyobozi w’ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco, Rutangarwamaboko Modeste Nzayisenga, atangaje ko yateguye umuhango wo kubandwa n’igitaramo cy’imandwa, byari biteganyijwe kuba ku itariki 10 Ugushyingo 2023, bikabera ahakorera iki kigo mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo, ko icyo gitaramo (...)



  • Umukozi wa RSB wafashwe yakira ruswa yasabiwe gufungwa by’agateganyo

    Uwitonze Valens, umukozi wa RSB wafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya Miliyoni 25Frw, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo 2023, yitabye urukiko aburana ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo ku byaha aregwa, Ubushinjacyaha bumusabira gufungwa by’agateganyo.



  • Abasenga bateza urusaku baburiwe

    Polisi iraburira abasenga bateza urusaku n’abasengera ahatemewe

    Polisi y’u Rwanda yavuze ko abantu bajya mu byumba by’amasengesho, bagasenga bagasakuza cyane na bo barebwa n’ingingo ya 600 y’igitabo cy’amategeko ahana, ingingo ya 37 y’itegeko rirengera ibidukikikije, zisobanura kandi zigahana abateza urusaku n’induru, haba ku manywa cyangwa nijoro, inavuga kandi ko atari byiza (...)



  • Perezida wa Sena yageneye impano Ambasaderi wa Israel

    U Rwanda na Israel byiyemeje gukomeza gushimangira umubano

    Perezida wa Sena, Kalinda François Xavier, ku wa Gatatu tariki 8 Ugushyingo 2023 yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss, byibanze ku kurebera hamwe umubano w’ibihugu byombi, ndetse baniyemeza kurushaho gushimangira ibya dipolomasi y’Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byombi.



Izindi nkuru: