MENYA UMWANDITSI

  • Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton

    Kuri uyu wa 15 Mutarama Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika biga amasomo y’icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubucuruzi.



  • Mu Kivu harimo Peteroli ariko kuyicukura ni indi ntambwe

    Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli bwatangaje ko ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari uduce 13 twabonetsemo peteroli, hakaba hasigaye kumenya ingano yayo n’ikiguzi byasaba ngo icukurwe.



  • Abadepite basabye ko ibirarane bito byakwishyurwa byihuse

    MININFRA irasabwa kwishyura byihuse ibirarane bidasaba ingengo y’imari nini

    Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, basabye ko abagomba guhabwa ingurane y’amafaranga make byakorwa hatagombye kuyategereza igihe kirekire.



  • Hon Kazarwa na Amb Mohamed Mellah

    Hon Kazarwa Gertrude yaganiriye na Ambasaderi wa Algeria mu Rwanda

    Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Mutarama 2025, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Algeria mu Rwanda, Mohamed Mellah, byibanze ku bufatanye n’imikoranire hagati y’Inteko Zishinga Amategeko z’ibihugu byombi.



  • Perezida Kagame ageza ijambo ku bitabiriye inama ya Abu Dhabi Sustainability Week

    Perezida Kagame yagaragaje uruhare rw’ikoranabuhanga mu kwiyubaka

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya ‘Abu Dhabi Sustainability Week’ kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mutarama 2025, yagaragaje urugendo rw’u Rwanda mu kwiyubaka nk’igicumbi cy’ikoranabuhanga muri Afurika.



  • Omar Munyaneza, umuyobozi wa WASAC

    Umukozi wa WASAC ugaragayeho ruswa ashobora kujya yirukanwa mu minsi ibiri

    Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) Omar Munyaneza yemereye Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Nteko Ishinga Amategeko ko hashyizweho ingamba zizatuma iki kigo kitongera kuza mu myanya ya mbere mu byaka ruswa abaturage kugira ngo (…)



  • Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Bola Tinubu wa Nigeria

    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria

    Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, byibanze ku ngingo zitandukanye zerekeranye no guteza imbere ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.



  • Perezida Kagame yageze i Abu Dhabi

    Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yitabiriye Inama ya ‘Abu Dhabi Sustainability Week’.



  • Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y

    Minisiteri y’Ibikorwa Remezo igiye kwishyura Miliyari 21Frw mu birarane by’ingurane

    Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) kuri uyu wa 13 Mutarama 2025 yatangaje ko bitarenze muri Kamena uyu mwakwa ibibazo by’ingurane z’abaturage batarishyurwa zisaga miliyari 21 Frw bizaba bimaze gukemurwa.



  • Rutsiro: Bane barimo Gitifu wa Manihira batawe muri yombi

    Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva tariki ya 7, 8 no ku ya 9 Mutarama 2025, imaze gufunga abantu bane barimo Umunyamabanga Nshigwabikorwa w’Umurenge wa Manihira wo mu Karere ka Rutsiro, Basabose Alexis.



  • Perezida wa Leta ya Oromia yo muri Ethiopia ubwo yakirwaga na Perezida Kagame

    Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Leta ya Oromia yo muri Ethiopia

    Kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa Leta ya Oromia yo muri Ethiopa, Shimelis Abdisa n’itsinda bari kumwe, baganira ku mubano w’impande zombi.



  • Ingoro ndangamurageya ya Mwima

    Menya amateka y’ahitwa ‘Mwima’

    I Mwima ni ahantu ndangamurage h’amateka. Ni mu hahoze ari Nduga, ubu ni mu Mudugudu wa Mwima, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo.



  • Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Zambia

    Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Zambia

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Zambia, Hakainde Hichilema.



  • Abishyuza mu Madolari, bishyure n’imisoro mu Madolari - Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko abakora ubucuruzi basaba abaguzi kubishyura mu madolari cyangwa andi mafaranga y’amanyamahanga, bagomba kubihagarika burundu.



  • Perezida Kagame yagaragaje impamvu hari abimurwa ntibahabwe ingurane ku gihe

    Perezida Kagame yagaragaje impamvu hari abimurwa ntibahabwe ingurane ku gihe

    Perezida Kagame yavuze ko abimurwa mu butaka bwabo ntibahabwe ingurane, akenshi bituruka ku makosa aba yakozwe mu gihe cyo kubimura, kuko baba batubahirije amategeko arebana n’icyo gikorwa.



  • Perezida Kagame yageze muri Ghana

    Perezida Kagame yitabiriye ibirori by’irahira rya mugenzi we wa Ghana

    Perezida Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Mutarama 2024, yageze mu Mujyi wa Accra muri Ghana aho yifatanyije n’abandi banyacyubahiro n’Abakuru b’ibihugu bya Afurika, mu birori byo kurahira kwa Perezida mushya w’iki gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida, Naana Jane Opoku-Agyemang.



  • Abagana CHUK basabwe kugenda bambaye agapfukamunwa

    Mwambare agapfukamunwa - Ibitaro bya CHUK ku babigana

    Abantu bagana ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), basabwe kwambara agapfukamunwa kubera ubwiyongere bw’ibicurane.



  • Minisitiri w’Intebe wa Canada yeguye

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yeguye ku mirimo ye no ku mwanya w’ubuyobozi bw’ishyaka ry’Aba-Libéraux.



  • Kagugu- Inkongi y’umuriro yibasiye inzu y’Ubucuruzi

    Mu murenge wa Kinyinya, Akagari ka Kagugu, Umudugudu wa Kagarama ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Mutarama inkongi y’umuriro yafashe inzu y’uwitwa Uwiringiyimana Ananie yakoreragamo akabari na Resitora na serivise za ‘Sauna massage’ ibyarimo birakongoka.



  • Ikirango cyitwa S mark(mu rubavu rw

    Ibirango n’ibyemezo by’ubuziranenge byongererewe igihe

    Ibirango n’ibyemezo by’ubuziranenge bitangwa n’Ikigo cy’lgihugu Gitsura Ubuziranenge (RSB), ikigo Gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (RFDA), n’Ikigo cy’lgihugu gishinzwe Ubugenzuzi, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Abaguzi (RICA) bizajya bimara imyaka itanu, aho kuba imyaka itatu.



  • Umuntu mukuru kuruta abandi ku isi yapfuye

    Inzego z’ubuzima mu Buyapani kuri uyu wa Gatandatu zatangaje urupfu rwa Tomiko Itooka, umugore wo mu Buyapani wari ufite imyaka 116 y’amavuko akaba n’umwe mu baciye agahigo ka Guinness ‘World Records’ ko kuba umuntu wa mbere ukuze kurusha abandi ku isi y’abazima.



  • Minisitiri w

    Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu gihugu miliyoni 505$ muri 2023

    Minisitiriw’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Mutarama 2025, ubwo yakiraga Abanyarwanda baba mu mahanga bamaze iminsi mu Rwanda mu bikorwa birimo n’ibiruhuko by’iminsi mikuru yatangaje ko mu mwaka wa 2023, amafaranga yoherejwe mu Gihugu n’Abanyarwanda batuye mu (…)



  • Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga

    Ivuguruye: Polisi irashimira abanyarwanda imyitware myiza mu minsi mikuru isoza umwaka

    Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu gusoza umwaka wa 2024 abanyarwanda bitwaye neza kandi bagakurikiza amabwiriza y’umutekano uko bayahawe, bikagabanya impanuka ku kigero gishimishije.



  • Hari ibice bimwe bizagwamo imvura irenze isanzwe igwa muri Mutarama

    Muri Mutarama 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri ku kigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu kwezi kwa Mutarama, uretse mu bice byinshi by’Uturere twa Rusizi na Nyamasheke, uburengerazuba bw’Uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe, n’igice gito cy’amajyepfo y’Akarere ka Karongi ahegereye pariki ya Nyungwe. Muri ibyo (…)



  • Perezida Kagame ageza ku Banyarwanda ijambo risoza umwaka wa 2024

    Ndabizeza ko umutekano n’ubusugire by’u Rwanda bizahora birinzwe - Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko abaturage bo mu Karere u Rwanda ruherereyemo bakeneye amahoro n’umutekano, bityo hakenewe ibisubizo bikemura ibibazo by’umutekano muke.



  • Abakorerabushake barafasha abagenzi ku ‘Gerayo Amahoro’

    Muri iki gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, urubyiruko rw’Abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda kuyobora abagenzi mu rwego rwo gukomeza kubungabunga umutekano w’abaturage.



  • Ntawe tuzemerera ko yaduhungabanyiriza umutekano - Perezida Kagame

    Mu birori bisoza umwaka no gutangira undi wa 2025, byabereye muri Kigali Convention Centre mu ijoro ryo ku itariki 30 Ukuboza 2024, Perezida Kagame yavuze ko abifuza guhungabanya umutekano iminsi yabo ibaze.



  • Perezida Kagame yashimiye inzego z’umutekano kubera kuba indashyikirwa mu kazi zikora

    Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza 2024, mu butumwa busoza umwaka wa 2024 yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano, kubera uruhare bagize mu kubungabunga umutekano w’Igihugu no hanze yacyo.



  • Miss Naomie yasabwe aranakobwa, ubukwe burakomeje

    Kuri iki Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2024 ni umunsi nyirizina wari utegerejwe w’ibirori by’ubukwe bwa Miss Nishimwe Naomie. Mu masaha ya mu gitondo habaye umuhango wo gusaba no gukwa, ku gicamunsi hagakurikiraho umuhango wo gusezerana imbere y’Imana, mu masaha y’umugoroba abatumiwe bakirwe n’abageni.



  • Muhanga: Abantu 11 bakomerekeye mu mpanuka

    Imodoka itwara abagenzi yavaga mu Karere ka Nyanza yerekeza i Rubavu, itwaye abantu bari batashye ubukwe, yakoze impanuka hakomerekamo abantu 11 barimo batatu bahise bajyanwa mu bitaro.



Izindi nkuru: