Abanyarwanda bane bamaze guhabwa inshingano na CAF zo kuzayobora umukino uzahuza Congo Brazzaville na Botswana i Brazzaville
Perezida Kagame usanzwe ari umukunzi w’akadasohoka w’ikipe ya Arsenal, yatangaje ko atemeranya n’impinduka zakozwe muri iyi kipe, iherutse gutakaza umutoza Arsene Wenger wari umaze imyaka irenga 20 ayitoza.
Ikipe ya APR Fc yihimuye kuri Kiyovu yari yayitsinze mu mukino ubanza, ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiona
Umunya-Zambia Albert Mphande wari umaze hafi icyumweru mu Rwanda, yamaze kwemezwa nk’umutoza mukuru wa Police Fc
Ishimwe Saleh ukinira Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gushakirwa ikipe na Dream Team Academy yazamukiyemo
Seninga Innocent uherutse kwirukanwa ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe ya Police FC, amaze gusinya amasezerano n’ikipe ya Musanze FC.
Myugariro w’ikipe ya Bugesera nawe yahagaritswe n’ikipe ya Bugesera aregwa imyitwarire mibi yamuranze mu minsi ishize
Mbere yo kwerekeza mu Rwanda gukina na Rayon Sports, Gor Mahia yatsinze AC Leopards yegukana irushanwa rizatuma ihura na Hull City
Umutoza wa Rayon Sports yababajwe bikomeye na myugariro we nyuma yo kunganya na Kirehe igitego 1-1
Ikipe y’Amagaju imaze kugira Habimana Sosthène umutoza mukuru, nyuma y’iminsi isezereye abatoza yari isanganywe.
Abagize ishuri rya Exellence Sports Academy ryo muri Oman bari baje mu Rwanda ku bufatanye n’ihuriro Ijabo ryawe Rwanda, basoje urizinduko biyemeje gufasha iterambere ry’umupira w’abana mu Rwanda
Ikipe ya AS Kigali yihereranye APR iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Rayon Sports yihereranye Bugesera iyinyangira ibitego 5-0, mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Nyuma y’uko umukino wa Mukura na Etincelles wari uteganyijwe kubera kuri stade Huye sa cyenda n’igice zo kuri uyu wa gatandatu ushyizwe saa kumi n’imwe kubera ibiza Etincelles yahuye nabyo mu nzira zigana i Huye bikagaragara ko iri bukererwe, uyu mukino umaze gusubikwa.
Umukino wa shampiyona wagombaga guhuza Mukura na Etincelles kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 mata 2018, washyizwe saa kumi n’imwe( 17hoo) aho kuba saa cyenda n’igice(15h30) nk’uko byari biteganyijwe.
Mu mukino w’ikirarane w’igikombe cy’Amahoro wa 1/8 wabereye i Rubavu, Etincelles yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1
Intumwa ziturutse mu ihuriro ry’ibigo bygisha abana umupira w’amaguru muri Oman, zageze mu Rwanda aho zije mu biganiro byo guteza imbere umupira w’abana mu Rwanda
Umunyarwanda Kagere Meddie ukinira ikipe ya Gor Mahia, yamaze kugera i Kigali aho aje kurahirira ubwenegihugu yemerewe
Abakinnyi 11 barimo Kagere Meddy ufite inkomoko mu gihugu cy’Ubugande, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda, bubemerera gukinira mu Rwanda nk’Abanyarwanda.
Ikipe ya Kiyovu na Rayon Sports zaguye miswi mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiona, umukino wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 isezereye iya Kenya mu mukino wo kwsihyura wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Muri Tombola y’amatsinda ya CAF Confederation Cup, Rayon Sports itomboye itsinda ririmo Gor Mahiana Yanga zikinamo abanyarwanda babiri
Mu gihe ikipe ya Rayons Sport iri mu byishimo by’intambwe yateye bwa mbere mu mateka ya Ruhago mu Rwanda, Ikipe ya Police FC yo yamaze gutakaza abatoza bayo bombi, umukuru n’umwungirije.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Rayon Sports yakiriwe n’abafana benshi cyane ubwo yavaga i Maputo muri Mozambique mu mukino wa CAF Confederation Cup
Imvura yaguye muri Kigali ikangiza ikibuga cya Kicukiro, yatumye umukino Police Fc yari kwakiramo Mukura vs usubikwa
Ikipe ya Rayon Sports yanditse amateka mashya mu Rwanda nyuma yo guserera ikipe ya Costa do SOl, mu mukino wo kwishyura wabereye i Maputo muri Mozambique
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukibyiruka uzwi ku izina rya Wandege ari kwitwara neza mu cyiciro cya Gatatu cya Shampiyona yo mu Bubiligi.
Ikipe y’igihugu y’abagore irateganya kuba yazakina imikino ya gicuti mbere y’uko CECAFA itangira, ariko bakazakina n’amwe mu makipe azaba yayitabiriye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, ni bwo Rayons Sport yageze i Maputo muri Mozambique, aho igiye mu mukino wo kwishyura izakina na Costa do Sol yo muri iki gihugu, izatsinda indi ikazahita yerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusesekara i Maputo, aho yasanze abafana amagana batuye i Maputo bayitegereje