Mu mukino w’igikombe kiruta ibindi, APR yegukanye igikombe itsinze Mukura ibitego 2-0, mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda i Rubavu
Kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Umuganda, harabera umukino w’igikombe kiruta ibindi hagati ya APR Fc na Mukura Vs
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara ingengabihe y’imikino ya shampiyona umwaka 2018-2019 aho ikipe ya APR FC ifite igikombe giheruka izakira Amagaju ku itariki 19 ukwakira 2018, kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Umutoza Ivan Minnaert wasezerewe muri Rayon Sports, yamaze kwerekanwa mu ikipe ya Al-Ittihad agiye kubera Umuyobozi wa Tekiniki
Roberto Oliviera Goncalves (Robertinho) utoza ikipe ya Rayon Sports ni umugabo ufite amateka akomeye atari azwi na benshi. Nyuma yo kwitwara neza mu mezi 4 amaze mu Rwanda, KT Radio, Radio ya Kigali Today yaramusuye bagirana ikiganiro aho yahishuyemo amakuru menshi benshi batari bazi ku buzima bwe .
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye ku nshuro ya gatatu itsinze APR Fc igitego 1-0 kuri Stade Amahoro
APR yatsinze Etincelles na Rayon Sports itsinze AS Kigali nizo zizahurira ku mukino wa nyuma w’irushanwa ry’Agaciro
Ku munsi wa mbere w’irushanwa ryiswe Agaciro Championship, AS Kigali irahura na Rayon Sports ku matara ya Stade Amahoro
Ikipe ya Gicumbi ubwo yerekezaga i Kigali ije gukina umukino wo guhatanira kujya mu cyiciro cya mbere na Sorwathe, ikoreye impanuka ahitwa Kigoma
Umutoza w’ikipe y’igihugu Mashami Vincent yahamagaye ikipe y’igihugu y’abakinnyi 27 igomba kwitegura Guinea Conakry
Umunyezamu Ndayishimiye Eric “Bakame” yakoze imyitozo mu ikipe ya AS Kigali, mu gihe habura amasaha atagera kuri 48 ngo iyo kipe icakirane na Rayon Sports.
Mu gihe hagiye kuba irushanwa ry’Agaciro rihuza amakipe ane ya mbere muri Shampiyona ishize, Umuyobozi ushinzwe ishoramari mu Kigo cya Agaciro Developmeny Fund, Mugabe Charles, yavuze ko intego y’iyi mikino atari ugucuruza ahubwo intego zayo ari ubukangurambaga.
Rayon Sports isezerewe mu mikino ya CAF Confederation Cup, nyuma yo gutsindwa ibitego 5-1 na Enyimba mu mukino wo kwishyura
Abakinnyi 42 barimo abahungu 34 n’abakobwa 8 nibo bamaze gutoranywa kuzagira ikipe y’akarere ka Nyagatare y’umukino wa karate.
Ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs mu rwego rwo kwitegura imikino Nyafurika n’umwaka utaha w’imikino muri rusange yamaze kugura abakinnyi 2 b’Abarundi aribo Andre Kotoko na Ismael Wilonja.
Ikipe ya APR Fc yegukanye Shampiona na Mukura yatwaye igikombe cy’Amahoro, zigiye guhatanira igikombe kiruta ibindi kizabera i Rubavu
Abakinnyi n’abatoza ba Rayon Sports bahagurutse i Kigali basezeranyije abafana ko bagiye kwitwara neza muri Nigeria, bagasezerera Enyimba Fc kuri iki cyumweru
Gicumbi FC ifite amahirwe yo kuzamuka mu makipe ane arimo Pepiniere FC, Miroplast na SORWATHE FC, azahura kugira ngo yishakemo izasimbura Intare CF yamaze kwikura muri shampiyona.
Rayon Sports inganyije na Enyimba yo muri Nigeria 0-0, mu mukino ubanza wa 1/4 wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzacyaha (RIB) cyataye muri yombi abayobozi babiri ba FERWAFA barimo Umunyamabanga mukuru wayo Uwayezu Francois Regis n’umuyobozi ushinzwe amarushanwa Eric Ruhamiriza.
Myugariro wakiniraga AS Kigali Iradukunda Eric uzwi nka Radu, yamaze kwerekeza muri Rayon Sports.
Nyuma y’iminsi yari amaze akina yararangije amasezerano, Manishimwe Djabel yamaze kumvikana na Rayon Sports ngo akomeze kuyikinira
Amavubi atsinzwe umukino wa kabiri mu gushaka itike ya CAN 2019, aho atsinzwe ibitego 2-1 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu nama y’inteko rusange ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatandatu, yemeje ko ikipe ya Nyagatare Fc ihagarikwa imyaka ibiri idakina Shampiona.
Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatanu, Umutoza w’ikipe y’Igihugu Amavubi Mashami Vincent yahaye Abanyarwanda icyizere cyo kuzatsinda inzovu za Cote d’Ivoire.
Rutahizamu w’Amavubi na APR Fc Sugira Ernest, aratangaza ko nyuma yo kuva mu mvune ashaka kwerekana ko ari rutahizamu wari warabuze muri iyi minsi yari yaravunitse
Etame Mayer Lauren wahoze akinira ikipe ya Arsenal, yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri, yakirwa mu buryo budasanzwe n’abafana ba Arsenal mu Rwanda.
Eric Bertrand Bailly ukinira ikipe ya Manchester United na Côte d’Ivoire yageze i Kigali aho aje gukina n’Amavubi
Etame Mayer Lauren utegerejwe mu ruzinduko mu Rwanda ku munsi w’Ejo, Aho yoherejwe na Arsenal mu gikorwa cyo Kwita Izina , ni umwe mu babaye muri ruhago bafite ubuzima bwihariye aho avukana n’Abana 21.
Muri Tombola yabaye uyu munsi i Cairo mu Misiri, Rayon Sports ihagarariye u Rwanda itomboye Enyimba Fc yo mu gihugu cya Nigeria