Ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Maputo muri Mozambique, aho ijyanye intego yo gusezerera Costa do Sol, ikandika amateka yo kugera mu matsinda bwa mbere ku ikipe y’u Rwanda
Mu mvura nyinshi Rayon Sports itsinze Costa Do Sol yo muri Mozambique ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Rayon Sports irakira Costa do Sol yo muri Mozambique mu mikino ya CAF Confederation Cup, umukino ubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu mukino wari wasubitswe kubera imvura, wasubukuwe kuri Stade Mumena, Bugesera yari yakiriwe inganya na Kiyovu Sports igitego 1-1
Umutoza Kayiranga Baptiste wamenyekanye cyane mu ikipe ya Rayon Sports, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’abagore
Umutoza wa Real Madrid Zinedine Zidane yatangajwe n’igitego umukinnyi we Christiano Ronaldo yatsinze ikipe ya Juventus.
Umukino wagombaga guhuza ikipe ya Kiyovu Sports na Bugesera ukaza gusubikwa kubera imvura yari yishe ikibuga urasubukurwa kuri uyu munsi
Mu mikino ya 1/8 ibanza mu gikombe cy’Amahoro, APR Fc yatsinze La Jeunesse naho Amagaju na Police zitsindirwa hanze
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports iciwe amande na CAF ndetse n’abayobozi bayo bane bagahagarikwa, Caleb nawe yahagaritswe imikino ibiri
Nyuma yo kuvugwaho gushaka gutanga ruswa ku basifuzi basifuye umukino na LLB wabereye i Burundi, abayobozi bane ba Rayon Sports bamaze guhagarikwa na CAF
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 anganyije na Kenya igitego 1-1 mu mukino wabereye muri Kenya
Mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, Rtd Brig Gen Sekamana atsinze Rurangirwa Louis, atoerwa kuyobora Ferwafa imyakana ine
Kuri uyu wa Gatanu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ikipe ya Rayon Sports irakina umukino w’ikirarane na ASPOR yari yatsinze 5-0 mu mukino ubanza
Ku mukino wa nyuma wa Okoko Godefroid werekeje muri Espoir Fc, atsinzwe na APR Fc ibitego 4-0 mu mukino wabereye i Gicumbi.
Mu mukino wa kabiri wa gicuti Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yakinnye yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro
Murangwa Eugene wabaye umuzamu wa Rayon Sports mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ni umukinnyi uzwiho kuba yarakinaga imikino yose yambaye ingofero.
Ku buryo butoroshye ikipe ya Rayons Sports ibashije gukura intsinzi ku ikipe ya Sunrise, aho iyitsinze ibitego bitatu kuri bibiri, mu mukino wabereye ku kibuga cya Sunrise i nyagatare.
Ikipe ya APR Fc yatsinze Etincelles igitego 1-0 mu mukino w’ikirarane wabereye i Rubavu
Ndizeye Jimmy na Kalisa Francois batozaga Espoir bamaze gusezererwa nyuma yo gushinjwa umusaruro muke mu gice cya mbere cya Shampiona y’uyu mwaka
Dr Ljubomir "Ljupko" Petrović utoza APR Fc aratangaza ko ikipe ye ifite ikibazo cy’ubusatirizi nyuma yo kunganya na Espoir Fc kuri uyu wa Gatatu
Muri tombola y’imikino ya Play-off muri CAF Confederation Cup, ikipe ya Rayon Sports itomboye Costa do Sol yo muri Mozambique.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo ikipe ya Rayon Sports iza kumenya ikipe bazahura muri 1/16 (play-off) cya CAF Confederation Cup muri Tombola ibera i Cairo
Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo APR Fc iraza kwakira Espoir Fc idafite bamwe mu bakinnyi barimo Hakizimana Muhadjili
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, umutoza Mashami Vincent yahamagaye Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 agomba kuzakina na Kenya
Nyuma y’umukino wo kwishyura Rayons Sport yatsindiwemo na Mamelodi Sundowns ibitego bibiri ku busa, Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo Vincent Karega ufite icyicaro mu Mujyi wa Pretoria, yabonanye n’ikipe ya Rayons Sport.
Nyuma yo gusezererwa mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, ikipe ya APR Fc ubu igiye gutangira gukina imikino y’ibirarane guhera kuri uyu wa Gatatu
Umutoza wa Rayon Sports w’agateganyo Ivan Minnaert agiye guhabwa amasezerano mashya nyuma yo gushima umusaruro we mu mikino mike amaze kuyitoza
Ikipe ya Rayon Sports ntiyabashije kubona itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Mamelodi Sundowns muri Afurika y’Epfo
Ikipe ya APR Fc yongeye gusezererwa itarenze umutaru n’ubwo yari ibashije gutsinda Djoliba ibitego 2-1 kuri Stade Amahoro