Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Imyiteguro ya Tour du Rwanda 2017 irarimbanyije
9/11/2017 - 08:57
Amavubi yasesekaye i Kigali nyuma yo gutsinda Ethiopia
7/11/2017 - 08:12
Ishyiga rimwe ryavuye muri URBAN BOYS ryatumye isenyuka - Humble G
6/11/2017 - 13:00
Maranyundo Girls School yamuritse imfura zayo
5/11/2017 - 23:57
Madame Jeannette Kagame yifatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri rya Maranyundo gutaha inyubako nshya yuzuye
5/11/2017 - 23:52
Mani Martin: Imyiteguro yo kumurika AFRO album
3/11/2017 - 19:16
Byinshi ku mupadiri w’umuraperi wa mbere mu Rwanda
2/11/2017 - 16:00
Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.