Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rwa Radio Muhabura mu kubohora u Rwanda: Ikiganiro na Mwewusi Karake na Assoumpta U. Seminega
2/07/2025 - 19:16
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
Dutemberane Ingoro y’ Amateka y’Urugamba rwo Kubohora u Rwanda
2/07/2025 - 18:39Iziheruka

Mu Bubiligi, Abanyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa abirabura muri Libiya
4/12/2017 - 11:29
Abagore bo muri FPR Inkotanyi bizihije isabukuru y’imyaka 30
2/12/2017 - 23:20
Juliana Kanyomozi yasesekaye i Kigali
1/12/2017 - 08:51
WDA irashima ULK kubera guteza imbere imyuga
30/11/2017 - 15:40
Umuhanzi Bruce Melody yageze mu Bubiligi
30/11/2017 - 15:32
WDA igiye guhugura abakozi 500 b’uruganda Hema Garments
29/11/2017 - 14:25
Kuva mu w’1998-2017 Gacuriro Vocation Training Center imaze kwigisha imyuga abagera kuri 7005
29/11/2017 - 09:11
Ese abakina Skatting mu Rwanda bakoreshwa n’amagini?
28/11/2017 - 08:33
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.