Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rumaga na Ruti Joel bunamiye Yvan Buravan mu gitaramo cya Kigali Kulture Konnect
27/11/2023 - 07:38
Dore icyo umuhanzi asabwa mu guhatana muri ArtRwanda-Ubuhanzi III
5/11/2023 - 16:37
Kayirebwa na Muyango bakuriwe ingofero muri BK Arena
27/11/2023 - 07:42Iziheruka

UBUMUNTU:RDC/RWANDA mu mukino wabo africa’s hope
18/07/2016 - 15:01
Perezida Kagame muri 2 bahawe pasiporo Nyafurika bwa mbere
17/07/2016 - 22:04
UBUMUNTU: Rwanda/Belgium mu mukino wabo Safe.Umudendezo.Amani
16/07/2016 - 22:25
Icyatumye Malala ahitamo gusura inkambi ya Mahama
16/07/2016 - 10:38
Malala wahawe "Prix Nobel" yakiriwe na Perezida Kagame
13/07/2016 - 23:12
Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya batanu
13/07/2016 - 10:47
Uburyo inyubako ya KCC yongereye ubwiza bwa Kigali
9/07/2016 - 13:03
Rayon Sports yatwaye igikombe cy’amahoro nyuma y’imyaka 10
7/07/2016 - 16:47
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.