Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
Maj Gen (Rtd) Jack Nziza yasabye abagize FDLR gutaha mu Rwanda
18/11/2025 - 23:24Iziheruka
Perezida Kagame na Perezida Macron basuye imurika ry’ibikorwa by’ikoranabuhanga
25/05/2018 - 08:46
VIDEO: Perezida Macron yakiriye Perezida Kagame mu Ngoro ya Elysée
24/05/2018 - 11:11
Tigana yaretse ruhago ayoboka guturuna firime kubera ubuhemu bwa Rayon Sports
22/05/2018 - 18:43
Irebere uko muri IPRC-Huye bakora ibintu byinshi utakeka ko byakorerwa mu Rwanda
22/05/2018 - 10:08
Tigana yazinutswe ruhago kubera Rayon Sports (Video)
21/05/2018 - 08:11
Irebere Gen Patrick Nyamvumba agera mu nama yiga ku mutekano w’igihugu
17/05/2018 - 20:27
Ni gute abahanzi bazubaka igihugu batazi amateka yacyo?
17/05/2018 - 17:22
Dore uko umunsi wa kabiri w’inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu yagenze
16/05/2018 - 10:18
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.