Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Iyo ibiryo byakunaniye ugerageza byose - Ndimbati
6/02/2019 - 10:24
Ibyishimo by’Ingabo z’u Rwanda basoza imikino y’igikombe cy’Intwari 2019
1/02/2019 - 15:10
Nibyo nagize umukunzi, ariko ubu ntawe ndi mu murimo w’Imana gusa: Israel Mbonyi
31/01/2019 - 12:21
Israel Mbonyi ari kurapa indirimbo ya AMAG The Black
31/01/2019 - 12:17
Abavuga ko narinzi ko ndibube Miss Rwanda barambeshyera: Miss Meghan
31/01/2019 - 12:13
Kamera zigera kuri 26 zose hejuru ya Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan
27/01/2019 - 19:56
Josiane azaba Miss Popularity, ariko ibindi dutegereze Finali - Ikiganiro Ubyumva Ute (Video)
24/01/2019 - 06:43
Uruhinja rwatawe mu musarani rukarokorwa, rwemerewe kuzishyurirwa amashuri kugera kuri Kaminuza
18/01/2019 - 17:53
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.