Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025: Uko umunsi wa mbere wagenze
5/07/2025 - 11:54Iziheruka

Video: Nyamirambo: Bagize ibyishimo bidasanzwe ubwo baturitsaga ibishashi by’umuriro
2/01/2018 - 11:16
Video: Umuhanzikazi Sheebah yageze mu Rwanda
1/01/2018 - 14:47
Video: Ubwiza n’imyambarire by’umuhanzi Yemi Alade byarangaje benshi
31/12/2017 - 12:39
Video: Umuhanzi Ali Kiba watumiwe muri East African Party yageze i Kigali
31/12/2017 - 12:32
Video: Umuhanzi Yemi Alade wo muri Nigeria yageze i Kigali
30/12/2017 - 17:34
Video: MUHANGA TVET SCHOOL IGIYE KUBA IGISUBIZO KURI BENSHI
28/12/2017 - 16:24
Ibyo WDA izibandaho mu cyiciro cya gatatu cya gahunda ya NEP-Kora Wigire
28/12/2017 - 08:04
Video: Byinshi utaruzi kuri Jay Rwanda wabaye Rudasumbwa wa Afurika
27/12/2017 - 14:41
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.