Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
’Ntabwo nkeneye porotokore’: Perezida Kagame
10/07/2018 - 09:11
Impanuro za Perezida Kagame kuri 70 bazahagararira FPR mu matora y’abadepite
9/07/2018 - 08:49
Perezida Kagame yafunguye igice cyahariwe ubucuruzi mpuzamahanga muri Djibouti
6/07/2018 - 08:48
Perezida Kagame na Madamu batashye umudugudu wa Horezo
5/07/2018 - 08:46
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi biganjemo abagore mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
28/06/2018 - 08:20
U Rwanda rwamuritse ku mugaragaro uruganda ruteranya imodoka
27/06/2018 - 17:26
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.