Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri Biruta yasubije ibibazo by’Abadepite birebana na RDC
28/01/2023 - 13:38
Ntibyatubuza kwitegura - Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC
26/01/2023 - 23:15
Menya ibigenderwaho kugira ngo umuntu agirwe Intwari
26/01/2023 - 14:57Iziheruka

Minisitiri Biruta yasubije ibibazo by’Abadepite birebana na RDC
28/01/2023 - 13:38
Ntibyatubuza kwitegura - Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC
26/01/2023 - 23:15
Menya ibigenderwaho kugira ngo umuntu agirwe Intwari
26/01/2023 - 14:57
RIB yafashije uwari wibwe gusubirana Amadolari 30,100
21/01/2023 - 22:05
U Rwanda nta ntambara rushaka kuko yica igasenya n’ibyagezweho - Alain Mukuralinda
20/01/2023 - 14:04
Menya uko bigenda iyo RIB iguhamagaye
18/01/2023 - 22:50
Perezida Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
15/01/2023 - 19:55
Abanyeshuri bishimiye impinduka ku masaha yo gutangira amasomo
11/01/2023 - 11:20
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.