Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere impano ya Perezida Kagame mu mukino wa Basketball
22/05/2022 - 09:16
Dore inzu zizatuzwamo abimukira bazava mu Bwongereza
22/05/2022 - 08:58
Kuba kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko babivugaho iki?
22/05/2022 - 09:07Iziheruka

President Kagame reveals five NBA favorite players
22/05/2022 - 09:24
Irebere impano ya Perezida Kagame mu mukino wa Basketball
22/05/2022 - 09:16
Kuba kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko babivugaho iki?
22/05/2022 - 09:07
Dore inzu zizatuzwamo abimukira bazava mu Bwongereza
22/05/2022 - 08:58
Over 1,500 delegates gather in Kigali for #SEforALL Forum
17/05/2022 - 07:36
Minisitiri w’Intebe yahaye impanuro Musenyeri mushya, Papias Musengamana
17/05/2022 - 07:15
Uko umuhango wo kwimika Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba wagenze
17/05/2022 - 06:43
Menya imishinga ine yahize indi muri ‘iAccelerator’
17/05/2022 - 06:34
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.