Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Incamake z’ihuriro rya Unity Club-Intwararumuri ryimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda (Video)
27/10/2017 - 17:05
Reba ubwiza bw’ikibuga mpuzamahanga cya Cricket cyubatswe i Gahanga
27/10/2017 - 08:30
Cobra arasobanura byinshi nyuma yo gushya kwa Cadillac
24/10/2017 - 17:44
Menya byinshi kuri Cobra wamamaye kubera akabyiniro ka Cadillac
23/10/2017 - 12:46
Brazzaville: Perezida Kagame yitabiriye inama y’ibihugu by’akarere k’ibiyaga bigari, ICGLR
20/10/2017 - 08:12
Ubuhamya bunyomoza raporo ya HRW ishinja inzego z’umutekano mu Rwanda kwica abajura
16/10/2017 - 16:16
Amazu mashya yahinduye isura y’umujyi wa Kigali (VIDEO)
13/10/2017 - 22:10
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bashya 11 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda harimo n’uwa Vatican
10/10/2017 - 23:13
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo