Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
VIDEO: Mwamenya Rujugiro yaravugaga ibiki aha?
26/05/2018 - 09:47
Perezida Kagame na Perezida Macron basuye imurika ry’ibikorwa by’ikoranabuhanga
25/05/2018 - 08:46
VIDEO: Perezida Macron yakiriye Perezida Kagame mu Ngoro ya Elysée
24/05/2018 - 11:11
Tigana yaretse ruhago ayoboka guturuna firime kubera ubuhemu bwa Rayon Sports
22/05/2018 - 18:43
Irebere uko muri IPRC-Huye bakora ibintu byinshi utakeka ko byakorerwa mu Rwanda
22/05/2018 - 10:08
Tigana yazinutswe ruhago kubera Rayon Sports (Video)
21/05/2018 - 08:11
Irebere Gen Patrick Nyamvumba agera mu nama yiga ku mutekano w’igihugu
17/05/2018 - 20:27
Ni gute abahanzi bazubaka igihugu batazi amateka yacyo?
17/05/2018 - 17:22
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo