Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04Iziheruka

Video: Nyamirambo: Bagize ibyishimo bidasanzwe ubwo baturitsaga ibishashi by’umuriro
2/01/2018 - 11:16
Video: Umuhanzikazi Sheebah yageze mu Rwanda
1/01/2018 - 14:47
Video: Ubwiza n’imyambarire by’umuhanzi Yemi Alade byarangaje benshi
31/12/2017 - 12:39
Video: Umuhanzi Ali Kiba watumiwe muri East African Party yageze i Kigali
31/12/2017 - 12:32
Video: Umuhanzi Yemi Alade wo muri Nigeria yageze i Kigali
30/12/2017 - 17:34
Video: MUHANGA TVET SCHOOL IGIYE KUBA IGISUBIZO KURI BENSHI
28/12/2017 - 16:24
Ibyo WDA izibandaho mu cyiciro cya gatatu cya gahunda ya NEP-Kora Wigire
28/12/2017 - 08:04
Video: Byinshi utaruzi kuri Jay Rwanda wabaye Rudasumbwa wa Afurika
27/12/2017 - 14:41
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo