Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23Iziheruka

Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53
Perezida Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzania
15/01/2018 - 14:35
Miss Rwanda 2018: 6 bazahagararira intara y’Iburengerazuba bamenyekanye
15/01/2018 - 09:01
NIZZO yavuze icyamuteye kurakarira SAFI
10/01/2018 - 08:30
Ubuhanga Budasazwe Bwa NAASON Mu Kuririmba Live
8/01/2018 - 08:48
Ikiganiro na Miss Muthoni Fiona wabaye igisonga cya mbere muri Miss Africa 2017
6/01/2018 - 17:00
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo