Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Zambia Perezida Edgar Lungu
22/02/2018 - 11:44
Perezida Lungu wa Zambia yunamiye abantu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
21/02/2018 - 21:14
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
VIDEO: Abakanika ibimodoka bikora imihanda bagiye kujya babyigira mu Rwanda
13/02/2018 - 16:06
Uzuri K&Y igiye kwibagiza abanyarwanda inkweto z’iburayi
12/02/2018 - 08:34
Imyiteguro y’ikipe y’igihugu izakina ’African Continental Road Championships 2018’
10/02/2018 - 16:06
Kuki Team Rwanda idahabwa agahimbazamusyi kayo?
7/02/2018 - 14:08
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo