Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Umuhango w’irahira ry’abagize Guverinoma nshya
2/09/2017 - 08:50
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo kurahiza abagize Guverinoma nshya
31/08/2017 - 19:21
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ahita yakira n’indahiro ye
30/08/2017 - 19:41
Meddy yavuze ko afite umukunzi utuye muri Amerika
30/08/2017 - 19:32
Bimwe mu byaranze umunsi w’Umuganura 2017
27/08/2017 - 22:47
The Ben yatumye abanyacyubahiro bava mu byicaro byabo mu gitaramo "Kwita Izina Gala Dinner"
27/08/2017 - 11:46
Uko byari byifashe mu gitaramo "I Nyanza Twataramye"
27/08/2017 - 10:47
Umuhanzi Meddy yakiranywe urugwiro akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali
26/08/2017 - 19:58
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo