Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
VIDEO: Ntibikiri ngombwa gutegereza Diplome ku biga muri TVET bashaka kujya mu kazi
12/06/2018 - 12:59
VIDEO: Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’intebe wa Canada
12/06/2018 - 09:27
Ishuri rikuru rya Gisirikare ryatanze impamyabumenyi
9/06/2018 - 09:59
Ihere ijisho ibikorwa by’ishuri rikuru ry’ingabo z’u Rwanda
8/06/2018 - 08:41
Uburaya bukabije bukorerwa mu gace ka korodori (Giporoso)
6/06/2018 - 16:45
Ellen DeGeneres yahuye na Perezida Kagame, anasura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
29/05/2018 - 15:38
VIDEO: Kuba Meya w’Umujyi ntibizatuma ncika ku muco natojwe nkiri muto - Rwakazina Marie Chantal
28/05/2018 - 15:21
Kwigisha umugore ni ukwigisha igihugu cyose - Nyanza Technical School
28/05/2018 - 12:54
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo