Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Icyo ababyeyi ba Charly n’aba Nina bavuga ku rugendo rwabo muri muzika
4/12/2017 - 14:41
Video: Charly na Nina bashyize hanze umuzingo wabo wa mbere - IMBARAGA
4/12/2017 - 12:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day
4/12/2017 - 11:50
Imbaraga Concert: Juliana yataramanye n’abafana be i Kigali
4/12/2017 - 11:45
Imbaraga Concert: Big Fizzo mu ijwi ry’umwimerere
4/12/2017 - 11:40
Imbaraga Concert: Reba Charly na Nina baririmba INDORO
4/12/2017 - 11:34
Mu Bubiligi, Abanyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa abirabura muri Libiya
4/12/2017 - 11:29
Abagore bo muri FPR Inkotanyi bizihije isabukuru y’imyaka 30
2/12/2017 - 23:20
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo