Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23Iziheruka

Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
Rudasumbwa wa Afurika 2017 yavuze impamvu yanze kwitabira Godfather East Africa
28/03/2018 - 17:56
Imbyino n’imivugo byasusurukije inama ya NEF 2018
26/03/2018 - 17:00
Haracyagaragara ubusumbane hagati y’abagore n’abagabo mu bya siyansi ku Isi hose - Perezida Kagame
26/03/2018 - 15:39
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Cycling Cup 2018 Kigali - Huye
26/03/2018 - 08:48
Diamond Platnumz ni umuntu w’ikitegererezo - Harmonize
23/03/2018 - 12:35
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo